Inkuru Nshya

38,7% azashorwa mu bikorwa by’iterambere: Uko ingengo y’imari ya 2026/27 izakoreshwa 

Abadepite batewe impungenge n’igabanuka ry’ingego y’imari yagenewe ubuhinzi

Minisitiri Amb.Nduhungirehe yanenze ikoreshwa nabi rya Veto muri Loni

RPL yashyize umucyo ku bihembo bya BK Pro League n’amakipe azitabira imikino Nyafurika

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean Guy Afrika, yakiriye Lieke van de Wiel, uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) mu Rwanda, baganira ku mishinga ihuriweho hagati y’impande zombi
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yashyikirije Akarere ka Musanze inzu 115 zubakiwe abaturage basenyewe n’ibiza mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikomeje gufata ingamba zikomeye mu gukemura ibibazo byugarije imikorere ya za Koperative z’Imirenge SACCO, cyane cyane ibijyanye n’inyerezwa ry’imari ryagiye rigaragara muri zimwe muri izo koperative

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka