Ababyeyi bagenda muri Gare ya Kacyiru bishimiye 'Icyumba cy'Umubyeyi' bashyiriweho bavuga ko kizabakuriraho imbogamizi bahura nazo mu gihe bari kumwe n'abana bato mu rugendo cyangwa bari mu kazi
Ku nshuro ya mbere mu Karere ka Huye habereye amasengesho yo gusabira Igihugu ku rwego rw'Intara y'Amajyepfo, mu gihe yari asanzwe abera mu Mujyi wa Kigali kuva yatangira mu mwaka wa 1995
Uwavuga ko ijoro ryabaye rirerire ku muntu wese ufite aho ahuriye n'ikipe ya APR FC ntabwo yaba abeshye bitewe n'ibyabereye mu Nkera y'Abahizi yateguye, ibirori byagaragaye ku rwego rwo hasi cyane
Umushoramari, umukunzi wa Rayon Sports , Munyakazi Sadate yatangaje ko uburyo akunda igihugu adashobora kukigomera kuko cyamugejeje kuri byinshi, anenga ababona imitungo bakayijyana mu mahanga.
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François Xavier yashimye umusanzu w’Itorero Angilikani n’uruhare mu guhindura imibereho y’Abanyarwanda mu myaka 100 rimaze mu Rwanda, asaba amadini ubufatanye mu gushishikariza abayoboke kwitabira ibikorwa bibateza imbere,bakumira ibyabayobya.