Inkuru Nshya

Amb. Martin Ngoga yagaragarije Akana ka Loni gashinzwe umutekano ko ibikubiye muri raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch ishinja u Rwanda gufatanya na M23 mu bwicanyi bwakorewe Abasivile muri RDC, ari ibinyoma kandi bigaragaza kubogama kwayo ku ruhande rwa RDC
Abanyeshuri n’abakora  muri Kaminuza Mount Kigali, bagiye gufashwa guhabwa moto ku giciro cyo hasi, zikabafasha gukora ingendo zijya n’iziva ku ishuri mu buryo bworoshye.
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo yatangajwe na Human Rights Watch, Ibiro bya Loni bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n'Ibiro bihuriweho bya Loni bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO), ishinja ingabo z'u Rwanda, RDF, gufasha M23 mu bwicanyi bwakorewe abasivile muri Binza na Rutshuru mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Ambasaderi w'u Rwanda mu Burusiya Joseph Nzabamwita yahuye na Ambasaderi wa Belarus mu Burusiya, Aleksandr Rogozhnik, baganira ku buryo bwo kuzamura imikoranire hagati y’u Rwanda na Belarus
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zitangaza ko zishyigikiye umugambi w’amahoro n’inzira y’ibiganiro hagati ya  AFC/M23 na leta ya RDCongo
Imyaka 28 irashize mu nkambi ya Mudende, hagabwe igitero kigahitana Abutsi b’Abanye-Congo bari muri iyi nkambi iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda
RIB ku bufatanye na Polisi y'igihugu, bataye muri yombi Manirakiza Straton, ukora mu Kigo gishinzwe Amazi, Isuku n'Isukura (WASAC) ukurikiranweho icyaha cya ruswa
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu (Human Right Watch) yasohoye raporo iyishinja kwica abasivili barenga 140 mu bice byegereye pariki y’igihugu ya Virunga
Abanyamategeko baburanira leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,basabye Urukiko Rukuru rwa Gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha ashinjwa nk’Umunyarwanda, bahamya ko yiyitiriye Laurent Desire Kabila
Minisitiri Dr. Mark Bagabe, yakiriye itsinda ry’inzobere zaturutse muri Brazil mu biganiro bigamije gufatanya n'u Rwanda mu kuzana inka za 'Girolando', zizwiho kororoka neza no gutanga umukamo mwinshi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka