Major (Rtd) Didas Mushimiyimana, wamaze imyaka irenga 30 mu mashyamba ya RDC ari mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba gufata icyemezo cyo gutaha
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi