Inkuru Nshya

Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 mu bantu 19,707 bagombaga kumenyekanisha umutungo wabo, abantu 10 binangiye kuwumenyekanisha.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo nshya iri mu rurimi rw’igiswayire yise “Sitamuacha”
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe, yongeye kwibutsa Mutoni Gloria baherutse kurushinga, urwo amukunda, kuri uyu munsi w'isabukuru ye y'amavuko
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) yatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira ibirori byo gutanga ibihembo by’abakinnyi b’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika
Urwego rw’Umuvunyi  rwagaragaje ko  mu mwaka wa 2024 -2025, hagarujwe umutungo wari waranyerejwe ku byaha bya ruswa n’ibyaha bimunga ubukungu ungana  n’arenga   miliyoni 1.3 Frw ,  kuri miliyari ebyiri  yagombaga kugaruzwa.
Amakipe atatu yo muri Sudani y'Epfo yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, asaba kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko mu myaka ibiri gusa Abanyarwanda bakoresha murandasi ya 4G bazamutse bavuye kuri kimwe cya kabiri cya miliyoni bakagera kuri miliyoni 5

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka