Inkuru Nshya

Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwagaragaje ko 47% by’abagore bafite imyaka iri hagati ya 15 na 49 batifuza kongera kubyara cyangwa bifungishije burundu.
Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko mu mezi atatu kuva muri Mata kugera muri Kamena 2026 yinjije arenga miliyoni imwe y’Amadolari ya Amerika bigaragaza ubwiyongere bwa 4% ugereranyije n’uko byari bimeze mu gihe nk’icyo cya 2025
Nyuma y’ibyumweru bibiri ikorana buhanga rya eKash ritangiye gukoreshwa mu ihererekanya ry’amafaranga kuri banki n’ibindi bigo by’itumanaho, Ubuyobozi bw’ikigo RSwith kiricunga buvuga ko ihererekanya ry’amafaranga ahanyura (trsansactions)  ku munsi byikubye inshuro 6.
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko ibiro byarwo byimukiye mu nyubako nshya ari yo izaba ari icyicaro gikuru cyayo, ahateganye na Katederali ya St Michelle.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imiryango ibihumbi 340 muri 360 ari yo imaze gusubizwa ku bujurire bw’ibyiciro yashyizwemo, mu gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) buri muturage asabwa gutanga.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa ari mu kababaro ku kubura umubyeyi we (Se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu ushize, Perezida Kagame yakiriye General Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) bagirana ibiganiro.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka warangiye wa 2025 habaye impanuka  10,320 zihitana abantu 719, isaba abatwara ibinyabiziga kwitwararika no gukurikiza amategeko y’umuhanda.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'abatarengeje imyaka 18 mu bangavu, yatinzwe n'ikipe y'igihugu ya Misiri amanota 80-39 mu mukino wa gatatu w'imikino y'akarere ka gatanu yo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika cy'abatarengeje imyaka 18 iri kubera i Cairo mu Misiri.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe ya KVZ FC yo muri Zanzibar ibitego 2-0 mu mukino wayo wa mbere wo mu itsinda C muri CECAFA Kagame Cup 2026 wabereye muri Sitade Amahoro, ibitego byombi byatsinzwe n'abakinnyi bagiyemo basimbura.