Inkuru Nshya

Niyitegeka Gratien umenyerewe ku amazina arimo Papa Sava, Seburikoko, Ngiga, Sekaganda n’andi menshi, yatangaje ko ageze ku murizo imyiteguro yo gushyira hanze filime nshya irangira yise “What a Day”
Sosiyeti itunganya amafunguro yihuse yo mu bwoko bwa Fast Food, izwi ku izina rya KFC (Kentucky Fried Chicken), igiye kongera gufungura imiryango mu mujyi wa Kigali, nyuma y'igihe yari imaze idakora
Mu mujyi wa Kigali, abagabo babiri batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amadolari ibihumbi 10 y'amiganano , bari bagiye kuvunjisha .
Ambasaderi Maj Gen Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida Vladimir Putin impapuro zimwemerera guhagararira Repubulika y’u Rwanda mu Burusiya
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yakiriye itsinda riyobowe na Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga ukora ibikorwa by’ubugiraneza bigamije gutanga ubufasha mu rwego rw’ubuvuzi n’ubuzima rusange ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana, NCDA, cyatangaje ko Ibigo mbonezamikurire y'abana bizwi nka ECD byageze kuri 32,205 mu mwaka wa 2025, zigamo abana 1,165,384 biyongereyeho abarenga ibihumbi 800 kuva mu 2020.