Inkuru Nshya

APR Women Basketball Club yanditse amateka akomeye mu mikino Nyafurika ya FIBA Africa Women’s Basketball League, yegukana umwanya wa Gatatu, inahabwa umudali w’umuringa nyuma yo gutsinda ASC Ville de Dakar yo muri Senegal amanota 90-84, mu iminota y’inyongera.
Umuramyi Alexis Dusabe, wizihizaga imyaka 25 amaze mu muziki, kuri iki cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, yakoze igitaramo cy'Amateka mu ihema rya Camp Kigali, cyitabirwa ku rugero rushimishije.
‎Bugesera FC yasubiriye Rayon Sports iyitsindira iwayo ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda.
Perezida w'Inama y'Abepiskopi mu Rwanda akaba na Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko bihangayikishije ku kuba Akarere k'ibiyaga bigari gafite abakirisitu benshi ariko kagakomeza kugira intambara ,amakinbirane n'ubugizi bwa nabi bikomeje kwiyongera .
Umuziki uraryoha, umuziki uhuza abantu, umuziki ukiza abantu ariko kandi uru ruvange rw'amajwi y'amagambo atondekanyije mu buryo butandukanye ruryohera abarwumva iyo bibonera imbona nkubone abo bihebeye babasusurutsa mu mbaraga zabo zose
‎Gisagara VC mu bagabo na Police WVC mu bagore, zegukanye ku nshuro ya mbere irushanwa rya BK Arena Volleyball Cup
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Olivier Kamana, yasabye abaganga b’amatungo gushyira imbere gutanga serivisi zinoze kandi ziri mu nyungu z’aborozi, agaragaza ko guteza imbere ubworozi ari ishingiro ry’iterambere ry’igihugu

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka