Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko muri iki gihe Isi ihanganye n’ibibazo by’intambara biri hirya no hino, uruhare n’ubufatanye bw’ingabo zirwanira ku butaka ari ingenzi.
Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Gloria Bugie, ari mu byishimo bikomeye aho yamaze kwibikaho imdoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Bluetec, igura miliyoni 100 z'amashilingi ya Uganda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyamenyesheje abantu bose by’umwihariko aborozi bo mu karere ka Rubavu ko hagaragaye indwara y’uburenge mu Mirenge ya Kanama,Nyakiriba na Kanzenze.
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibimenyetso by’ubumenyi bukoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) cyatangaje ko kigiye gufungura ishami mu Karere ka Rubavu, mu rwego rwo kwegereza abaturage serivisi z’ubutabera
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga