Perezida wa Repubulika Iharanira Demoka ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye Perezida w’u Rwanda, ubwo yamusabaga ibiganiro bari i Buruseli mu Bubiligi
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yaremye agatima Abanyarwanda nyuma yaho Ikipe y'Igihugu,AMAVUBI , itsinzwe na Benin mu mikino wo gushaka itike yo kujya mu gikompe cy'Isi.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga