Inkuru Nshya

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Ntwari Fiacre, agiye kumara amezi abiri adakina nyuma yo kubagwa imvune y’urutugu yari amaranye igihe
Hashakineza Jean Claude, yavuze ko intego y’icyerecyezo cya 2050 cy’Igihugu yo kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi itagerwaho abana b’u Rwanda batize neza, bityo ko bisaba kugira abarimu bashoboye kandi bateguwe neza
Minisiteri y’Ubucuruzzi n’inganda, MINICOM, yatangaje ko  yamenye ibibazo byagaragajwe n’abakiriya ba Spiro , yizeza ko igiye kubikemura.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC),yatangaje ko ishima intambwe imaze guterwa mu kugabanya ubukene, inashima uruhare rw'imiryango itari iya leta mu iterambere ry'Igihugu.
Perezida Kagame uri mu rugendo rw'akazi muri Guinée , yifatanyije nabo gutangiza umushinga munini wo gucukura amabuye y’agaciro wa ‘Simandou Iron Ore Project’.
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Abanyarwanda basaga 300 bari mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi, baherutse gutahuka bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangiye kwigishwa ku bumwe n'ubudaheranwa by'Abanyarwanda
Umuhanzi  Florien Uworizagwira, yatangaje ko adaciwe intege n’amashusho y’urukozasoni ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yongera kugaragaza urwo akunda umukunzi we.
Umubyeyi w’imyaka 22 wavaga i Nyamagabe, yerekeza i Rubavu yabyariye mu modoka itwara abagenzi ya Coaster
Ikigo gicuruza Moto zikoresha amashanyarazi  cya Spiro, cyasobanuye ibijyanye n’imikorere mibi bikivugwamo.