Inkuru Nshya

Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Gloria Bugie, ari mu byishimo bikomeye aho yamaze kwibikaho imdoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Bluetec, igura miliyoni 100 z'amashilingi ya Uganda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyamenyesheje abantu bose by’umwihariko  aborozi  bo mu karere ka Rubavu ko hagaragaye indwara y’uburenge mu Mirenge ya Kanama,Nyakiriba na Kanzenze.
Brig Gen Amuli Civiri yagizwe umuyobozi wa Gisirikare muri Kivu y'Amajyepfo, asimbuye Brig Gen Olivier Gasita
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibimenyetso by’ubumenyi bukoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) cyatangaje ko kigiye gufungura ishami mu Karere ka Rubavu, mu rwego rwo kwegereza abaturage serivisi z’ubutabera
Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango Mpuzamahanga utabara Imbabare (ICRC),baganiriye ku iyubahirizwa ry' amategeko mpuzamahanga yubahirizwa mu gihe cy’ intambara.
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, zakoresheje indege zitagira abapilote za 'Drones', zitera ibisasu mu bice bituwe cyane n’abaturage i Nzibira muri Kivu y’Amajyepfo na Mpeti muri Kivu y’Amajyaruguru
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 mu bantu 19,707 bagombaga kumenyekanisha umutungo wabo, abantu 10 binangiye kuwumenyekanisha.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo nshya iri mu rurimi rw’igiswayire yise “Sitamuacha”