Inkuru Nshya

MINEDUC yatangaje ko amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange, mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, azatangazwa kuwa kabiri tariki ya 19 Kanama 2025
APR FC yihanangirije ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa gishuti wabaye wo kwizihiza ibirori by’Inkera y’Abahizi byahuje abayobozi, abakinnyi n’abafana b’iyi kipe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungurehe, yagaragaje ko ibikorwa by’umutwe w’iterabwoba wa FDLR biteye inkenke ku mutekano w’igihugu cy’u Rwanda
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaganye Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo muri Goma kuri ubu hagenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 rutabaga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu
Gasogi United yaguye miswi na Mukura Victory Sports mu mukino wa gishuti utegura Shampiyona y’umupira w’Amaguru y’umwaka wa 2025/2026
Dr. Casmir Bizimungu, wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima muri guverinoma ya Juvénal Habyarimana kugeza muri Mata 1994, yitabye Imana aguye muri Ghana aho yari atuye kuva mu 2016
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo n'umugore bafatanywe udupfunyika 1144 tw'urumogi mu nzu
Urukiko rwa Gisirikare ruherereye i Nyamirambo ku wa 13 Kanama 2025, rwafashe icyemezo cyo kuburanisha mu muhezo urubanza rw’abantu 28 barimo abofisiye muri RDF, RCS n’abasivili, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb.Nduhungirehe Olivier, yeretse amahanga uburyo gahunda y’Umuganda, Gacaca no gukorera ku mihigo byongeye kubaka u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko uruhande rwa leta ya RDC n'ihuriro rya AFC/M23 basinyiye amasezerano y’amahoro i Doha muri Qatar

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka