kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC cyatangaje ko u Rwanda rugeze ku ntambwe ishimishije mu guhangana n’igituntu, aho umubare w’abarwara iyi ndwara bashya wagabanutse ku kigereranyo cya 73%.
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga telefone zigezweho zikoresha ubwenge buhangano AI, ku bajyanama b’ubuzima bose hirya no hino mu gihugu bemerewe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.