Ubuzima

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yashyizeho amavugurura mashya muri gahunda y’Ubwisungane mu kwivuza (Mituweli), agamije kurushaho kunoza serivisi z’ubuzima no gufasha Abanyarwanda gutanga umusanzu ujyanye n’ubushobozi bwabo.
kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC cyatangaje ko u Rwanda rugeze ku ntambwe ishimishije mu guhangana n’igituntu, aho umubare w’abarwara iyi ndwara bashya wagabanutse ku kigereranyo cya 73%.
Mu gihe bamwe bumva ko ubwiherero ari ahantu ho kwikoza byakanya gato ukiranura n’umubiri ugahita ugaruka bwangu, hari abandi babibona nk’ikibuga cyiza cyo kwicaramo ndetse akaba ari n’umwanya mwiza wo gasura imbuga nkoranyambaga nka Instagram, TikTok, Snapchat n’izindi
Gahunda yo kwishyura amavuriro mbere (capitation) yaje gukuraho imbogamizi zagaragaraga muri serivisi zihabwa abanyamuryango b'ubwisungane mu kwivuza (Mituweli), harimo no kubona imiti yose umurwayi yandikiwe na muganga.
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga telefone zigezweho zikoresha ubwenge buhangano AI, ku bajyanama b’ubuzima  bose hirya no hino mu gihugu bemerewe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Minisitiri w'Ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin, ku wa 27 Gashyntare 2026, yasuye Ibitaro bya Kaminuza bya Butare, CHUB , yerekwa serivisi zitandukanye zitangirwa muri ibi Bitaro .
Kaminuza y’u Rwanda yatoranyijwe kuzafasha mu kubaka ubushobozi Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba  gakeneye kugira ngo kihaze mu bijyanye no gukora imiti n'inkingo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka