Guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2026, Umunyamakurukazi Anita Pendo ndetse n’umuhanga mu kuvanga imiziki Dj Bissoso, baraza kongera gufatanya mu kiganiro gishya cyiswe, Friday Airline Live Show gitambuka kuri BTN TV.
Umuhanzikazi Bwiza kuri ubu urikubarizwa i Stockholm muri Suède aho azataramira ku wa Gatandatu, yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède agirana ibiganiro na Dr. Diane Gashumba , Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède
Perezida Kagame yagaragaje uburyo abantu bamwe baganira yasanze bahuza imyemerereye ye ku madini n'ibibazo by'umutekano muke biri mu Karere, bigira ingaruka ku Rwanda
Guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2026, Umunyamakurukazi Anita Pendo ndetse n’umuhanga mu kuvanga imiziki Dj Bissoso, baraza kongera gufatanya mu kiganiro gishya cyiswe, Friday Airline Live Show gitambuka kuri BTN TV.
Umuhanzikazi Bwiza kuri ubu urikubarizwa i Stockholm muri Suède aho azataramira ku wa Gatandatu, yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède agirana ibiganiro na Dr. Diane Gashumba , Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède
Urugaga rw'Ababaruramari b'Umwuga mu Rwanda (ICPAR) bafatanije n’ikigo cyo mu Bwongereza Gishinzwe Ababaruramari, ACCA (Association of Chartered Certified Accountants), ku wa 5 Werurwe 2026, rwamuritse raporo y’inyigo zakozwe mu Rwanda yerekeye imicungire irambye y’ibidukikije mu rwego rw’imari ‘yakozwe na Sustainability Working Group Africa (SWGA).