Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴LIVE : MINISTIRI AMB. UWIHANGANYE MURI GEN – Z AVUZE KU BIJYANYE NA ESSANCE N’INGENDO Z’IMODOKA

🔴LIVE : DJ BRIANNE NA TESHA MURI GEN – Z COMEDY SHOW BAVUZE UKO BIYUMVA | UBUTUMWA KURI MUYANGO

🔴LIVE : MU GAHINDA N’AMARIRA MENSHI ABAFANA BA APR FC BIRUKANYE ABAKINNYI HAFI YA BOSE

🔴LIVE : MU BWISHONGOZI BWINSHI FERDINAND WA RAYON SPORTS AGENEYE UBUTUMWA APR FC

🔴🔴AMAKURU 07.05.2026 || PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA || KIMENYI YVES MU RUKUNDO RUSHYA

🔴🔴 KARASIRA AIMABLE YITABYE IMANA

🔴🔴AMAKURU 06.05.2026 || PEREZIDA KAGAME YAGEZE MURI BOTSWANA, AGATHA KANZIGA MU RUKIKO, N’AYANDI

🔴HIGHLIGHTS : AS MUHANGA 1 – 0 RAYON SPORTS FC || IGITEGO CYIZA CYA COUP FRANC GITANZE INSTINZI

Imyidagaduro

Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Agasaro Tracy yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugabo we bakunze kuririmbana Rene Patrick, amushimira ko Imana yamuzanye mu buzima bwe

Inkuru Nshya

Police FC yanganyije na Police FC 0-0  mu mukino w'umunsi wa 31 wa shampiyona y'u Rwanda (BK Pro League) wabereye kuri Stade Umuganda y'Akarere ka Musanze, Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi 2026.
U Rwanda rwasinye amasezerano azatuma rutangira gufasha ibihugu 19 byo ku mugabane wa Afurika gutanga serivise z’ibirango by’ubuziranenge.
Kimwe mu byo abahinzi bagararagaza nk’impamvu ituma ibirayi bihenda harimo imiti n’inyongeramusaruro bakoresha muri ubu buhinzi aho bavuga ko biba bihenze cyane ndetse bakavuga ko leta ikwiye kubatera inkunga kugira ngo igiciro cyabyo cyorohere abaguzi.
Urukiko rw’i Manhattan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwaciye miliyoni 4$ (asaga miliyari 7 Frw) Eugène Richard Gasana wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni) nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina umukobwa.
Kuri uwo munsi Gen Jean Pierre Huchon wo mu ngabo z’u Bufaransa yiyemeje guha ingabo z’u Rwanda ibisasu bya 105mm, amasasu y’imbunda nto zihabwa buri musirikare, n’ibikoresho by’itumanaho kugira ngo byoroshye imishyikirano y’ibanga hagati ye na Gen Augustin Bizimungu wari umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda.
Abanyeshuri biga mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rwanda Polytechnic ) mu makoleji atandukanye, bahuriye i Kigali mu marushanwa y’imishinga itandukanye.