Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

UKO ABAHUTU BIGARURIYE NYANZA BAGAKURAHO UBWAMI || MINISITIRI BIZIMANA AZANYE INDIRIMBO BARIRIMBYE

Imyidagaduro

Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026
Muhoozi yahosheje amakimbirane yari amaze iminsi hagati y'umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, na Nyampinga w'u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly, amusaba gukemura iki kibazo mu bwumvikane

Inkuru Nshya

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by'Ubutabazi, Maj Gen (Rtd) Albert Murasira, yashimangiye ko ubufatanye bw'inzego zitandukanye ari ingenzi mu kuzamura imibereho y'impunzi no kuzifasha kwigira
Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda, bagaragarije Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi imbogamizi zikiboneka mu musaruro w’ibikomoka ku buhinzi, zirimo ikiguzi cyo guhinga kiruta kure icyo bagurirwaho ku isoko
Umujyi wa Kigali wihaye intego yo kongera umubare w’abakoresha imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ukava kuri 20% ukagera kuri 50% mu myaka 10 iri imbere.
Minisitiri w'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu Dr. Bizimana Jean Damascene avuga ko abakoloni n'abamisiyoneri bishe indangagaciro n'umuco nyarwanda bakuramo byinshi byahuzaga abanyarwanda ibyaje kuba intandaro y'isenyuka ry'ubumwe bari bafitanye.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko kuva nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubukungu bw’u Rwanda bumaze kwikuba inshuro 10 kuko bwavuye kuri miliyari 1,4$ mu 1994/1995 bukaba bugeze kuri miliyari 14$.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje impamvu amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yadindiye, asobanura ko uruhande rwa Kinshasa rwananiwe gushyira mu bikorwa ibyo rwiyemeje
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko izakina n'ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya ku munsi ngarukamwaka wa "Rayon Day" uzaba tariki 18 Nyakanga 2026 muri Sitade Amahoro.
Umukinnyi wa basketball ufite inkomoko mu Rwanda, Nate Ament, uherutse kwinjizwa muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA, yagizwe imboni y’u Rwanda mu ruhando rwa Basketball ku Isi