Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

Imyidagaduro

Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze umuzingo w’indirimbo mushya (Album) yise “Never Broke Again” uzajya hanze tariki 28 Nzeri 2026

Inkuru Nshya

Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye gushaka igisubizo ku bigo nderabuzima bitagira imashini zunganira amashanyarazi, nyuma y’uko bigaragaye ko ikibazo cy’umuriro gishobora gutinza serivisi zihabwa abarwayi.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Ubuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) bwatangaje ko ibura ry’amashanyarazi rya hato na hato rikunze kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu ahanini riterwa n’imirimo yo kuvugurura no kwagura imiyoboro, ariko ko hari ingamba nshya ziri gushyirwa mu bikorwa mu gukemura iki kibazo.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, baganiriye ku buryo ibihugu by’Afurika byarushaho gukemura ibibazo by’umugabane hifashishijwe ibisubizo bishingiye ku bushobozi n’inyungu z’Abanyafurika.
Umudipolomate w’Umufaransa, Jérémie Blin, yatangiye ku mugaragaro inshingano nshya zo guhagararira Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda nyuma  yo gutanga impapuro ziBImwemerera.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Umukinnyi wa Rayon Sports ukina mu kibuga hagati, Issa Djiguiba yahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Mali yitegura imikino ibiri (2) yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika izahuramo na Cape Verde na Liberia, ndetse n’umukino wa gicuti izahuramo na Tunisia.