Umuhanzikazi Clarisse Karasira wubatse izina mu Muziki Nyarwanda ari mu byishimo byo kwizihiza imyaka itanu amaze mu rushako ndetse n’isabukuru y’amavuko y’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie.
Umuraperi Ngenzi Serge wamamaye mu Muziki Nyarwanda by’umwihariko uwo mu njyana ya HipHop nka Neg G The General , yatangaje ko yisubiyeho ku mugambi wo gusohora indirimbo isubiza iya Riderman yari yacyetse ko yamwibasiye.
Umuhanzi The Ben ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella bari kubarizwa muri Zambia aho aba bombi biteganyijwe ko bazitabira igitaramo gikomeye umuhanzi Davido, azakorera i Lusaka ku wa Gatandatu tariki ya 02 Gicurasi 2026.
Al Ahly SC yo mu Misiri yegukanye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball [CAVB Men’s Club Championship 2026], ihigitse Police VC yo mu Rwanda.
Abatutsi biganjemo abana n’abagore bari bijejwe kurindwa biciwe ku Ibambiro mu cyahoze ari Komine Muyira, abandi bicirwa kuri ADEPR i Gihundwe mu Karere ka Rusizi.
Al Ahly SC yo mu Misiri yegukanye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball [CAVB Men’s Club Championship 2026], ihigitse Police VC yo mu Rwanda.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RDF na Polisi) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique n’abaturage baho bakoze umuganda rusange mu rwego rwo gusukura umujyi.
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania kuri uyu wa 3 Gicurasi 2026, mu ruzinduko rw’umunsi umwe rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.