Inkuru Nshya

Amashusho

🔴🔴 PRESIDENT KAGAME AT AFRICA CEO FORUM OPENING CEREMONY || SANCTIONS …||

IREBERE IBITEGO BYOSE || APR FC VS ETINCELLES FC || PEACE CUP SEMI FINALS REG 2 || EXTENDED HIGHILI

🔴🔴HIGHLIGHTS: AL HILAL SC 2-1 GASOGI UNITED || AL HILAL ITSINZE GASOGI ITWARA IGIKOMBE ||| MD33

🔴🔴 REBA UKO AL HILAL IHAWE IGIKOMBE || MU BYISHIMO BIDASANZWE ABAKINNYI BA AL HILAL

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

🔴🔴 TURASHAKA APR KURI FINAL || GORILLA NI UMWANA || ABAFANA BA RAYON SPORTS MU BYISHIMO BYINSHI

EDRC | Gushyira imbere ibihano ku Rwanda ntibishobora kurwemeza ibyo rutemera | Perezida Macron

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

Imyidagaduro

Umuhanzi ukomoka muri Kenya, Bien-Aimé Baraza, uzwi cyane nka Bien, na Abigail Chams ukomoka muri Tanzania bazasusurutsa abazitabira imikino ya BAL
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.

Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abasoje amasomo muri Politekiniki y’u Rwanda, gukoresha ubumenyi n’ubushobozi bayivanyemo, mu kuzana impinduka zifatika muri sosiyete, bahanga udushya n’imirimo ibafitiye inyungu n’Igihugu muri rusange.
Perezida Kagame yasabye abayobozi b'ibihugu bya Afurika ndetse n'abayobozi b'Ibigo bikomeye kuri uyu mugabane kwiha agaciro, kwihagararaho no kumenya guhakana mu gihe ibihugu bikomeye bishatse kubagiraho ijambo
Umunyamakurukazi Glory Iribagiza, yandikiye ibaruwa ifunguye Perezida Kagame, amugezaho akarengane yahuye nako kubera imikorere y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) binyuze muri Isange One Stop Center ndetse n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, avuga ko izi nzego zitamuhaye ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsinda yakorewe. 
Ku munsi nk’uyu, tariki ya 14 Gicurasi 1994, Abatutsi bakomeje kwicwa hirya no hino mu gihugu ari na ko ingabo zari iza RPF-Inkotanyi zarwaniraga guhagarika Jenoside yakorwaga Abatutsi.
Umuyobozi w'Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere, Jean Guy Afrika yavuze ko urugendo rw’iterambere rw’u Rwanda rwubakiye ku gutekereza kure no kureba amahirwe y’ishoramari arenze ingano y'Igihugu ndetse n’aho giherereye
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe cyigeze ngo Afurika ikanguke ihangane n’igitutu ishyirwaho n’ibihugu bikomeye ku Isi kuko ntayandi mahitamo uyu mugabane ufite uretse kubaka ubukungu bwawo bwite ndetse avuga ko ubwo bushobozi buhari.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Ntara y'Amajyepfo ku bufatanye n'izindi nzego ndetse n'abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n'ubujura bwa Moto.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 4 kugera ku wa 8 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw, avuye muri toni 9.352 toni.