Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuhanzi King James yerekeje mu Bubiligi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 aho agiye gukorera igitaramo kibanziriza ibindi azakorera hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 nibwo umuhanzi Tom Close yashyize hanze indirimbo “Look at Me” nyuma y’umwaka yari amaze adasohora indirimbo.
Uwavuze ko abafana ba Rayon Sports batari ‘smart’ niwe utari ‘smart’: Umuhanzi Safi Madiba
Ni ibisanzwe ko ibirori byinshi mu Rwanda byinganjemo ubukwe bikorwa mu gihe cy’Impeshyi (Icyi) kuko ari gihe kitarangwamo imvura ishobora kuba kidobya mu birori, ahubwo kikarangwamo izuba ryinshi.Impeshyi y’uyu mwaka wa 2026 yabaye umwanya wo gukora ubukwe ku bakora umwuga w’itangazamakuru ku buryo abagera ku 9 bose bakoze ubukwe mu gihe kitarenze amezi 3 harimo n’abashakanye hagati yabo.

Inkuru Nshya

Umunyamategeko wunganira Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Gisagara Richard, yatangaje ko biteguye kuburana imanza ebyiri zikomeye z’abakekwaho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi, ziteganyijwe imbere y’inkiko zo mu Bufaransa.
Ikipe ya REG W BBC yatsinze The Hoops Rwanda amanota 77-48 mu mukino wa kabiri w’imikino ya nyuma ya kamarampaka mu bagore, Cheetah Energy RBL Playoffs, wabereye muri BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Kanama 2026.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Kanama 2026, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahuye n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore y’umukino wa volleyball mbere y’uko ihaguruka mu Rwanda yerekeza i Nairobi muri Kenya ahazabera Igikombe cy’Afurika, CAVB Women’s Nations Championship.
Biravugwa ko Nikita Gicanda Valvelde ushinzwe iterambere ry’umupira w’amaguru w’abagore mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatawe muri yombi nk’uko byatangajwe na Radiyo SK FM.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Sandja Bulaya Moise wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize umucyo ku kibazo cy’umunyeshuri Uwamariya Leontine, wabaye uwa mbere mu bizamini ariko ntabashe kwitabira ibirori byo gutangaza amanota byabereye i Kigali ku wa 20 Kanama 2026.
Muhoza Eric ni we wegukanye isiganwa ngarukamwaka ry’amagare rya Umusambi Gravel Race 2026 mu bagabo, ryabereye kuri uyu wa Gatandatu mu turere twa Gicumbi na Burera.
Nyuma y’amasaha 30 abahize abandi mu bizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange cy’ayisumbuye babonye ibihembo byabo nibwo Minisiteri y’Uburezi MINEDUC, yashyikirije Uwamariya Leontine wabaye uwa mbere muri 'Tronc Commun' ibihembo bye, nyuma y’impaka nyinshi zari zikomeje ku mbuga nkoranyambaga.