Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye abategura ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro gufatanya n’abahanzi mu guteza imbere imyitwarire iboneye, by’umwihariko ku bahanzi bagiye gutaramira imbere y’urubyiruko
Umuraperi Riderman yasusurukije abaturage n’abitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi kwa Kanama 2026, wabereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aho yatanze n’ubutumwa bwo kwirinda kunywa inzoga z’“ibyuma”.
Umuhanzi uririmba injyana ya Hip Hop, Bull Dogg yavuze ku cyemezo leta yafashe cyo guca inzoga zitujije ubuziranenge zizwi nk’ibyuma avuga ko hari umuntu ushobora kumva ko kigoye arebeye ku mucuruzi wari warashoyemo ariko ko ku rundi ruhande urebye ubuzima bw’abantu byagizeho ingaruka zirimo n’urupfu wakumva byari ngombwa ko gifatwa.
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y'Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azahakorera kizabera muri Parking ya BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.

Inkuru Nshya

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yavuze ko abanyeshuri bagaragaye mu gukopera no gukopeza ibizamini batazahanishwa guhabwa zeru ahubwo bazahabwa amahirwe yo kongera kubikora. Yavuze ko iki cyemezo cyafashwe hagamijwe kurengera inyungu z’abanyeshuri, nyuma y’uko iperereza rigaragaje uruhare rw’abantu bakuru mu ikorwa ry’aya makosa.
Ikipe ya Kiyovu Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma.
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Afurika kongera ubushobozi n’amikoro byo gukemura amakimbirane yayo, aho gukomeza kwishingikiriza ku bafatanyabikorwa bo hanze.
Guverinoma y'u Rwanda igiye gutangira imirimo nyir'izina yo kuvugurura no kwagura umuhanda wa Prince House–Giporoso–Masaka nyuma y’imirimo y’ibanze yari imaze igihe ikorwa.
Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri bacyetsweho gukopera ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bazabisubiramo, nyuma y'iperereza ryagaragaje ko bimwe muri ibi bikorwa byateguwe cyangwa bikagirwamo uruhare n'abantu bakuru bari bahawe inshingano zo gukoresha no kugenzura itangwa ry'ibi bizamini.
Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi wahoze ari Perezida wa Botswana, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye abategura ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro gufatanya n’abahanzi mu guteza imbere imyitwarire iboneye, by’umwihariko ku bahanzi bagiye gutaramira imbere y’urubyiruko
Ba Ofisiye bakuru, abato n’abandi bo mu nzego zitandukanye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rushinzwe Igorora (RCS), barangije amahugurwa ya gisirikare yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare i Gabiro.