Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

Imyidagaduro

Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze umuzingo w’indirimbo mushya (Album) yise “Never Broke Again” uzajya hanze tariki 28 Nzeri 2026

Inkuru Nshya

APR FC yasezereye FC Les Aigles du Congo mu ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League nyuma yo kuyitsinda ku giteranyo cy'ibitego 3-1.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yafunguye ku mugaragaro Uruganda rwa A1 Iron & Steel Rwanda Ltd., rutunganya ibyuma mu buryo bugezweho, rwitezweho kugabanya ingano y’ibyuma u Rwanda rutumiza hanze.
Umurundikazi Marie Goreth Nizigama yatangiye ku mugaragaro inshingano zo guhagararira Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere ry’Abagore (UN Women) mu Rwanda.
Abanyeshuri 1,097 bakopeye ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, ntibazahabwa andi mahirwe yo kongera gukora ibyo bizamini, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi.
Imitsindire y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 yazamutseho 5.2%, aho abatsinze bageze kuri 94,33%, ugereranyije na 89,1% bari batsinze mu mwaka wabanje wa 2024/2025.
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yavuze ko nubwo imanza za gatanya zikomeje kwiyongera ndetse akaba atari ikintu igihugu cyakwishimira ariko hari igihe biba ntayandi mahitamo asigaye ku bashakanye ku buryo ari cyo gisubizo cyonyine kiba gishoboka ku nyungu za buri umwe.
Perezida Paul Kagame yahuye na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, mu biganiro byabereye mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu cy’u Bufaransa, Élysée Palace, bigamije kurebera hamwe uburyo umubano w’ibihugu byombi warushaho gutera imbere.
Mu gihe umuhanda Prince House–Giporoso–Masaka uri kwagurwa, imihanda yunganira uyu muhanda iri gutunganywa kugira ngo urujya n’uruza rw’ibinyabiziga rukomeze kugenda neza.