Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umunyamakuru Murindahabi Iréné yasabye anakwa Nishimwe Liliane mu birori by’ubukwe byabereye ku Gisozi muri Intare Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Umunyamakuru w’imikino kuri B&B Kigali FM, Abel Deus Kwizera uzwi nka Cardinale yasabye anakwa Sandrine Mukabutera mu birori byabereye muri Don De Dieu Garden Kicukiro mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Kimenyi Yves na Uwase Muyango Claudine batangiye kuburana kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kanama 2026 ku bijyanye no gutandukana byemewe n'amategeko 'gatanya'.
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka, The Ben, yitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy aho garatutse ku bintu biutandukanye nirimo n’ubuzimwa bwe bw’ubuto cyane cyane ibyamuranze ubwo yari akiri umunyeshuri.

Inkuru Nshya

Umuyobozi mukuru wa Rwanda Shima Imana 2026, Rev. Ndayizeye Isaïe, yashimiye Imana ku bw’ibimaze gukorwa mu rugendo rw’u Rwanda rwo kwiyubaka, kongera kubana mu mahoro no kugira ijambo rikomeye mu ruhando mpuzamahanga.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye amadini n’amatorero gukomeza gukoresha ijwi ryayo mu kurwanya ubusinzi, ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’ikwirakwizwa ry’inzoga zitujuje ubuziranenge, avuga ko ibi bibazo bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku rubyiruko, ku miryango no ku bukungu bw’ingo
Minisitiri w’uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko imyitwarire mibi,irimo urugomo, ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge mu mashuri byose bigiye kurwanywa ku buryo bukomeye, mu rwego rwo gutuma amashuri aba ahantu hatekanye kandi hafasha abanyeshuri kwiga neza.
Inzoga si ikintu umubiri w’umuntu ukenera kugira ngo ukore neza, ahubwo ni ikinyabutabire gishobora kuwugiraho ingaruka zikomeye, bityo uwabishobora yazireka cyangwa akazigabanya
Umunyamakuru Murindahabi Iréné yasabye anakwa Nishimwe Liliane mu birori by’ubukwe byabereye ku Gisozi muri Intare Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Umunyamakuru w’imikino kuri B&B Kigali FM, Abel Deus Kwizera uzwi nka Cardinale yasabye anakwa Sandrine Mukabutera mu birori byabereye muri Don De Dieu Garden Kicukiro mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Sunrise FC igitego 1-0 naho Al Merrikh yo muri Sudani itsindwa na Gicumbi FC igitego 1-0 mu mikino ya gicuti yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.