Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kanama 2026 ni umunsi ugoye abakunda ibirori kubona amahitamo y’aho berekeza kubera ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro biteganyijwe kubera rimwe mu Rwanda kandi ahantu hatandukanye.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yavuze ko hakwiye gukazwa ubugenzuzi ku buziranenge bw’inzoga zitangirwa mu bitaramo kugira ngo harindwe ubuzima n’umutekano bw’ababyitabira.
Umunyarwenya Saad Ssozi, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, ku izina rya Rango Tenge Tenge ari mu Rwanda, aho afite igitaramo azasusurutsamo abakunzi be.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko abahanzi batatu b'abanyarwanda Davis D, Kenny Sol na Diez Dola bazaya basusurutsa abantu bazajya bitabira imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026 iri kubera mu Rwanda muri Sitade Amahoro na Kigali Pele Stadium.FERWAFA yatangaje ko aba bahanzi bazasusurutsa abantu kuva ku mikino yo kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Nyakanga 2026 izabera muri Kigali Pele Stadium.

Inkuru Nshya

Ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania yamaze guhaguruka i Dar es Salam yerekeza i Kigali mu Rwanda aho igiye gukorera umwiherero yitegura umwaka utaha w'imikino wa 2026/27 urimo na CAF Confederation Cup.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatumiye amakipe 4 ya mbere muri Shampiyona y'umwaka wa 2025/26 mu irushanwa ry'Igikombe Kiruta ibindi (Super Cup) ariyo APR FC, Rayon Sports, Kiyovu SC na Police FC, byemeza ko iki Gikombe kizamaranirwa n'amakipe 4 aho kuba abiri nk'uko byari bisanzwe.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye yasabye abahinzi n’aborozi gushyira imbaraga mu ivugurura ry’ubuhinzi n’ubworozi hagamijwe kongera umusaruro bityo igihugu kigatera imbere kandi kikagira ibitunga abantu bihagije.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kanama 2026 ni umunsi ugoye abakunda ibirori kubona amahitamo y’aho berekeza kubera ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro biteganyijwe kubera rimwe mu Rwanda kandi ahantu hatandukanye.
Umukinnyi w'umunyarwanda Byiringiro Lague yamaze kumvikana n'ikipe yo muri Afurika y'Epfo ikina icyiciro cya mbere ya Durban City FC ko yayerekezamo nyuma yo kurangiza amasezerano mu ikipe ya Police FC, igatangaza ko itazamwongerera.
Umuryango FPR-Inkotanyi wifatanyije mu kababaro n’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL kubera urupfu rwa Nyakubahwa Senateri Mukabalisa Donatille, wari Perezida w’iryo shyaka witabye Imana ku wa 30 Nyakanga 2026.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 30 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG), Eng. Maximilien Byilingiro ndetse n'ubuyobozi bw'amakipe ya basketball ya REG basuye amakipe ya basketball ya REG mu bagore n'abagabo akomeje imyitozo yitegura imikino ya kamarampaka.
Raporo y’Ikigo cy’Ibarurishamibare igaragaza ko mu bantu bakoreweho ubushakashatsi bari hagati y’imyaka 15-49 babajijwe bavuze ko bazi igituntu, aho 97% by’abagore na 98% by’abagabo bavuze ko bakizi. Muri bo, 88% by’abagore na 91% by’abagabo bazi ko igituntu gishobora gukira.