Nyuma y’iminsi mike abahanzi nyarwanda barimo Riderman, Bulldog, Juno Kizigenza, Ish kevin, Papa Cyangwe ndetse n’itsinda rya The Unit bahurije hamwe bagakora indirimbo iri munjyana ya Hip-Hop bise “Reka Mbeho” bagiye kuyisiba kubera impaka yateje
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 15 izitabira ku nshuro ya mbere irushanwa rya FIFA World Cup & Festival 2026, yamenye itsinda iherereyemo n’ibihugu bazacakirana.
Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yegukanye igihembo cya Best Airline Staff in Africa 2026, gitangwa na Skytrax World Airline Awards, kubera serivisi nziza zitangwa n’abakozi bayo ku bagenzi.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 15 izitabira ku nshuro ya mbere irushanwa rya FIFA World Cup & Festival 2026, yamenye itsinda iherereyemo n’ibihugu bazacakirana.
Abanyarwanda bakoze ingendo mu mahanga bakoresheje miliyoni 197,8 z’amadolari ya Amerika, angana n’arenga miliyari 291 Frw, mu mezi atandatu ya mbere ya 2026.