Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kanama 2026 ni umunsi ugoye abakunda ibirori kubona amahitamo y’aho berekeza kubera ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro biteganyijwe kubera rimwe mu Rwanda kandi ahantu hatandukanye.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yavuze ko hakwiye gukazwa ubugenzuzi ku buziranenge bw’inzoga zitangirwa mu bitaramo kugira ngo harindwe ubuzima n’umutekano bw’ababyitabira.

Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imiti n’Ibiribwa Rwanda FDA yatangaje ko yafunze izindi 101 zenga inzoga mu Rwanda.
Minisitiri Kajangwe yagaragaje ko ibyanya bya Bugesera, Musanze, Muhanga na Rwamagana byahawe umwihariko muri Gahunda  ya kabiri  y’igihugu yo kwihutisha iterambere NST2, aho bitarenze mu 2029 muri ibi byanya hazaba haragejejwe ibikorwaremezo byose.
Ikipe ya Tusker FC yo muri Kenya yasuye Urwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ruruhukiyemo Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu rwego rwo kubunamira.
Mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro Ishuri Nyafurika ry’Abagore mu buyobozi bwa politiki (African Academy for Women in Political Leadership), rije gukemura ikibazo cy’ubuke bw'abagore mu nzego zifata ibyemezo. Ryafunguriwe i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki 3 Kanama 2026.
Ku wa Gatanu tariki ya 7 Kanama 2026, Abanyarwanda bazizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura, wizihizwa buri mwaka mu rwego rwo gusangira umusaruro, kwishimira ibyagezweho mu iyerambere no kubaka ubumwe.
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, basabye ko hanozwa ingamba zo gushyira mu bikorwa politiki y’igihugu y’urujya n’uruza rw’abakozi.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itazigera yemera ko umutwe wa FDLR uhabwa urubuga rwa politiki mu Rwanda, ivuga ko uyu mutwe ugomba kurambika intwaro, ugasenywa ndetse n’abawugize bagataha mu gihugu hakurikijwe ibikubiye mu masezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington.