Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuhanzi Bruce Melodie ari mu bahanzi batanu (5) bahataniye igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umwaka wo muri Afurika y’Iburasirazuba (Best East African Artist) mu bihembo bya Headies bitangwa n’ikinyamakuru Hip Hop World Magazine cyo muri Nigeria kuva muri 2006.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yababajwe n’urupfu rw’umuhanzi Dolly Patron witabye Imana.
Umunyamakuru Ishimwe Adelaide wamamaye mu mikino ku izina rya Ida, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi mu gihe yitegura kurushinga na Hitimana Jean Claude nawe usanzwe ari umunyamakuru uzwi ku izina rya Hit.
Kayumba Darina, wamenyekanye cyane ubwo yabaga igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2022, akaba n’umunyam content creator, yashimiye Perezida Paul Kagame ku buyobozi n’icyerekezo u Rwanda rukomeje kugira.

Inkuru Nshya

Abasifuzi b’abanyarwanda Gad Imanimbahafi na Jean Jacques Tuyizere bashyizwe mu basifuzi bazayobora imikino y’igikombe cy’isi cya handabll cy’abangavu batarengeje imyaka 16, 2026 IHF Women’s U16 World Championship.
Amakipe ya Yei Joint Stars WFC yo muri Sudani y’Epfo, Kenya Police Bullets WFC yo muri Kenya, Kawempe Muslim Ladies FC yo muri Uganda na Commercial Bank of Ethiopia WFC (CBE WFC) niyo yageze muri 1/2 cy’imikino ya nyuma ya CECAFA y’abagore yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League.
Ikipe ya REG Women BBC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda ya basketball mu bagore ku nshuro ya gatatu (3) yikurikiranya nyuma yo gutsinda The Hoops Rwanda imikino 4-0 ibizwi nka “Sweep” mu Cyongereza ku mukino wa nyuma w’imikino ya kamarampaka, Cheetah Energy RBL Playoffs.
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 26 Kanama 2026, i Dar es Salaam muri Tanzania hatangijwe ku mugaragaro ku nshuro ya gatandatu Icyumweru cy’ibikorwa by'ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba cyahariwe ubufatanye hagati y’Ingabo n’Abasivili (CIMIC).
Perezida Paul Kagame yakiririye Thabo Mbeki, wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo bagirana ibiganiro byibanze ku miyoborere myiza nk’umusingi w’impinduka Afurika ikeneye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru w’Isoko Rusange rya Afurika (AfCFTA), Wamkele Mene, baganira ku buryo bwo kurushaho gushyira mu bikorwa amasezerano agamije guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu by’Afurika.
Abanyarwanda 406 bari bamaze imyaka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bageze mu Rwanda nyuma yo gufata icyemezo cyo gutaha, bavuga ko bari barabujijwe gutahuka n’amakuru y’ibinyoma babwirwaga ko mu Rwanda nta mutekano uhari ndetse ko uhageze wese yicwa.
Mu gihe abakorera imirimo y'ubukorikori mu gakiriro ka Sovu mu murenge wa Huye ho mu karere ka Huye basaba ko kakongerwa kuko badakwirwamo,ubuyobozi bw'akarere buravuga ko hateganywa kubakwa utundi dukiriro two kunganira aka kamwe basanganywe kuko kabaye gato.