Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Uwavuze ko abafana ba Rayon Sports batari ‘smart’ niwe utari ‘smart’: Umuhanzi Safi Madiba
Ni ibisanzwe ko ibirori byinshi mu Rwanda byinganjemo ubukwe bikorwa mu gihe cy’Impeshyi (Icyi) kuko ari gihe kitarangwamo imvura ishobora kuba kidobya mu birori, ahubwo kikarangwamo izuba ryinshi.Impeshyi y’uyu mwaka wa 2026 yabaye umwanya wo gukora ubukwe ku bakora umwuga w’itangazamakuru ku buryo abagera ku 9 bose bakoze ubukwe mu gihe kitarenze amezi 3 harimo n’abashakanye hagati yabo.
Album nshya ‘Muheto 3 Mutara’ ya B Threy yageze ku mbuga ze zose kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2026 ku buryo abakunzi be batangiye kuyiryoherwa.
Umuhanzi The Ben yaciye agahigo kari kamaze imyaka 5 ku rubuga rwa YouTube gafitwe na Meddy, nyuma y’uko indirimbo ye “Inshallah” irebwe n’abantu barenga miliyoni 1 mu minsi ibiri gusa.

Inkuru Nshya

Amazi yanduye akomeje kuba kimwe mu bibazo bibangamira ibishanga biri gutunganywa mu Mujyi wa Kigali, kuko ashobora kwangiza ibinyabuzima bibirimo no kugabanya ubushobozi bwabyo bwo kuyungurura amazi.
Muri buri karere mu mugi wa Kigali hagaragara ibibazo by’imyubakire aho inzu 1 muri 3 zahagaritswe kubakwa, mu karere ka nyarugenge hubatswe inzu igeretse gatatu nyamara kubera kubakwa m’uburyo butari kinyamwuga iyo nzu yatangiye gusenyuka itaruzura.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yaburiye Etienne Gatanazi ukomeje guha urubuga abagize uruhare muri muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 barimo Charles Ndereyehe Ntahontuye wahamijwe ibyaha bya Jenoside agakatirwa burundu
Uwavuze ko abafana ba Rayon Sports batari ‘smart’ niwe utari ‘smart’: Umuhanzi Safi Madiba
Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), rwatangaje ko hatangiye ibikorwa byo kureba uko ibirwa byo mu kiyaga cya Kivu byahindurwa Pariki y’Igihugu bikinjiriza igihugu binyuze mu bukerarugendo.
Ikipe ya Musanze FC yo mu Ntara y’Amajyaruguru yatangaje ko yasinyishije abakinnyi babiri Hertier Lulihoshi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyisubiyemo n’umunya-Cameroon Bakari Francois Landry.
Myugariro w’umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye n’ikipe ya Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya nyuma y’imyaka 3 yari amaze ayikinira.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Al Ahly SC Wad Madani yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2026.