Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Uwase Blandine wamamaye mu itangazamakuru nka Blandy Starr, yatangaje ko yasezeye ku mwuga w’itangazamakuru benshi bari bamuziho, agiye gutangira urugendo rushya rwo kuvanga imiziki (Deejay).
Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.

Imikino

Inkuru Nshya

Umudepite wo muri Gabon, Augustin Lobelle Yembi, wari wafungiwe mu Rwanda nyuma yo gukubita umukozi wa Sosiyete ya RwandAir ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, yasubijwe muri Gabon nyuma y’ibiganiro bya dipolomasi byahuje ibihugu byombi.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Nzeri 2026, Pape Thiaw wahoze ari umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, yasuye ibiro by’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ndetse aganiriza n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 iri mu myiteguro y’imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 yageze muri 1/4 cy’igikombe cya Afurika nyuma yo kwitwara neza igatsinda iya Zimbabwe ibitego 32-16.
Ibyavuye muri PISA 2025, byatangajwe ku wa 8 Nzeri 2026 i Kigali, bigaragaza ko abanyeshuri bo mu Rwanda bazi ikoranabuhanga ariko hakiri intembwe ndende kugira ngo bagere ku rwego rw’ubumenyi rwifuzwa, cyane cyane mu mibare, siyansi, gusoma no kumva indimi cyane cyane Icyongereza.
Uwase Blandine wamamaye mu itangazamakuru nka Blandy Starr, yatangaje ko yasezeye ku mwuga w’itangazamakuru benshi bari bamuziho, agiye gutangira urugendo rushya rwo kuvanga imiziki (Deejay).
Mu gihe cy’uru ruzinduko, Perezida Kagame na Sultan Haitham bagiranye ibiganiro byibanze ku buryo bwo kurushaho gushimangira umubano hagati y’u Rwanda na Oman, no kwagura inzego z’imikoranire kugira ngo ibihugu byombi bikomeze kungukira mu bufatanye busanzwe buhari.
Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Col. Claudien Bizimungu, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Prince House–Giporoso–Masaka ureshya n’ibilometero 10,3.