Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

Imyidagaduro

Umuhanzi Kitoko Bibarwa ari mu kababaro ku kubura umubyeyi we (Se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026.
Nyuma yo gutanga ibyishimo mu myaka yashize, itsinda rya Urban Boyz ryari rigizwe na Safi, Nizzo na Humble Jizzo ryongeye guhurira hamwe mu gihe ryitegura kongera gutaramira abantu i Rubavu tariki 1 Kanama 2026 mu bitaramo bizenguruka Igihugu bya MTN Iwacu Muzika Festival bitegurwa na East African Promoters (EAP).
Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic) muri Miss Rwanda 2019 yerekanye imodoka nshya yaguze ya ‘Mercedes-Benz GLC 300’ ifite n’icyapa kiranga ikinyabiziga (Plaque) cyiri mu izina rye ‘Muyango’.
Mimi Mehfira, umugore w’umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy, yasubije abamubajije impamvu yabujije Umugabo we kongera gusohora indirimbo ababwira ko nawe ari umufana bityo ko ategereje nk’abandi.

Inkuru Nshya

Umuherwe w’Umunyamerika akaba n’uwashinze Gates Foundation na Microsoft, Bill Gates uherutse gusura u Rwanda yavuze ko icyumweru yamaze arusura yasigaranye isomo ry’uko iyo igihugu kiyobowe neza, kigashora imari mu baturage, mu bumenyi no mu ikoranabuhanga, impinduka zifatika zishoboka. 
Mu myaka itatu ishize Ishami rishinzwe ibikorwa bya INTERPOL rikorera mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda, ryafashe ibinyabiziga 41 byakomokaga muri Afurika, Leta zunze ubumwe z’Amerika, Aziya n’u Burayi. Muri ibyo binyabiziga, 39 byamaze kurekurwa no gusubizwa ba nyirabyo, mu gihe 2 biri mu nzira zo gusubizwa ba nyirabyo.
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwagaragaje ko 47% by’abagore bafite imyaka iri hagati ya 15 na 49 batifuza kongera kubyara cyangwa bifungishije burundu.
Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko mu mezi atatu kuva muri Mata kugera muri Kamena 2026 yinjije arenga miliyoni imwe y’Amadolari ya Amerika bigaragaza ubwiyongere bwa 4% ugereranyije n’uko byari bimeze mu gihe nk’icyo cya 2025
Nyuma y’ibyumweru bibiri ikorana buhanga rya eKash ritangiye gukoreshwa mu ihererekanya ry’amafaranga kuri banki n’ibindi bigo by’itumanaho, Ubuyobozi bw’ikigo RSwith kiricunga buvuga ko ihererekanya ry’amafaranga ahanyura (trsansactions)  ku munsi byikubye inshuro 6.
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko ibiro byarwo byimukiye mu nyubako nshya ari yo izaba ari icyicaro gikuru cyayo, ahateganye na Katederali ya St Michelle.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imiryango ibihumbi 340 muri 360 ari yo imaze gusubizwa ku bujurire bw’ibyiciro yashyizwemo, mu gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) buri muturage asabwa gutanga.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa ari mu kababaro ku kubura umubyeyi we (Se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026.