Ibyavuye muri PISA 2025, byatangajwe ku wa 8 Nzeri 2026 i Kigali, bigaragaza ko abanyeshuri bo mu Rwanda bazi ikoranabuhanga ariko hakiri intembwe ndende kugira ngo bagere ku rwego rw’ubumenyi rwifuzwa, cyane cyane mu mibare, siyansi, gusoma no kumva indimi cyane cyane Icyongereza.