Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Uwavuze ko abafana ba Rayon Sports batari ‘smart’ niwe utari ‘smart’: Umuhanzi Safi Madiba
Ni ibisanzwe ko ibirori byinshi mu Rwanda byinganjemo ubukwe bikorwa mu gihe cy’Impeshyi (Icyi) kuko ari gihe kitarangwamo imvura ishobora kuba kidobya mu birori, ahubwo kikarangwamo izuba ryinshi.Impeshyi y’uyu mwaka wa 2026 yabaye umwanya wo gukora ubukwe ku bakora umwuga w’itangazamakuru ku buryo abagera ku 9 bose bakoze ubukwe mu gihe kitarenze amezi 3 harimo n’abashakanye hagati yabo.
Album nshya ‘Muheto 3 Mutara’ ya B Threy yageze ku mbuga ze zose kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2026 ku buryo abakunzi be batangiye kuyiryoherwa.
Umuhanzi The Ben yaciye agahigo kari kamaze imyaka 5 ku rubuga rwa YouTube gafitwe na Meddy, nyuma y’uko indirimbo ye “Inshallah” irebwe n’abantu barenga miliyoni 1 mu minsi ibiri gusa.

Inkuru Nshya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko guhanisha abanyeshuri inkoni bitazongera kwemerwa, nubwo hari ababyeyi bagaragaza ko kubura akanyafu biri mu byatumye ikinyabupfura kigabanyuka mu mashuri.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo yahuguye abayobozi, abakozi ndetse n’abarwaza bo mu bitaro bya Kabutare mu karere ka Huye, uburyo bwo gukumira no kurwanya inkongi y’umuriro, ndetse n’uko bakwitwara mu gihe inkongi ibaye.
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) , yatangaje ku mugaragaro amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye (O’Level), by’umwaka w’amashuri wa 2025/25.
Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ku bijyanye no gukoresha akanyafu mu guhana abanyeshuri mu rwego rwo gukaza imyifatire myiza mu mashuri avuga ko ibuhano bibabaza umubiri bitazongera gukoreshwa mu guhana abana ahubwo hari ukundi umunyeshuri wakosheje akwiye gukeburwa hadakoreshejwe inkoni.
Polisi y’u Rwanda n’iya Koreya y’Epfo (KNPA) zasinyanye amasezerano y’ubufatanye agamije gushimangira imikoranire hagati y’inzego zombi, by’umwihariko mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka no gusangizanya ubumenyi n’amakuru.
Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, yatangaje ko Igikombe cy’Afurika cy’ibihugu mu bagabo cyari giteganyijwe kubera i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kimuriwe i Tunis muri Tuniziya.
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026 harakinwa umukino wa mbere mu mikino ya nyuma ya kamarampaka muri basketball mu bagore aho REG W BBC ikina na The Hoops Rwanda saa 19:00 muri BK Arena.
Kuri uyu wa Kane,inteko rusange y’umutwe w’abadepite yateranye mu gihembwe kidasanzwe, yemeza amategeko abiri yemerera u Rwanda kwemeza burundu amasezerano y’inguzanyo agamije gutera inkunga ibikorwa n’imishinga y’iterambere mu rwego rwa gahunda y’igihugu yo guhanga imirimo kuri bose kandi ku buryo burambye.