Umuhanzi King James yerekeje mu Bubiligi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 aho agiye gukorera igitaramo kibanziriza ibindi azakorera hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 nibwo umuhanzi Tom Close yashyize hanze indirimbo “Look at Me” nyuma y’umwaka yari amaze adasohora indirimbo.
Rwanda Premier League ifite mu nshingano Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yatangaje ko mu gihe ikipe yo muri Sudani yakwegukana igikombe cya Shampiyona izahabwa igikombe cy’icyubahiro (Honorary trophy) hanyuma igikombe cya Shampiyona kikazahabwa ikipe ifite amanota menshi mu makipe yo mu Rwanda.
Rwanda Premier League ifite mu nshingano Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yatangaje ko mu gihe ikipe yo muri Sudani yakwegukana igikombe cya Shampiyona izahabwa igikombe cy’icyubahiro (Honorary trophy) hanyuma igikombe cya Shampiyona kikazahabwa ikipe ifite amanota menshi mu makipe yo mu Rwanda.
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore yatsinze Denden WFC yo muri Eritrea ibitego 3-0 mu mukino wa CECAFA y’abagore wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri iki Cyumweru tariki 23 Kanama 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko hamaze gutabwa muri yombi abantu batanu bakekwaho kuba barayoboye abandi mu rugomo rwakorewe abashinzwe umutekano muri Gare ya Nyabugogo batera amabuye ku modoka barimo.
Mu itangazo WASAC yashyize hanze ku wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026, yavuze ko hari imishinga yitezweho kongera amazi mu Mujyi wa Kigali ho metero kibe ibihumbi 10 ku munsi, azaboneka bitarenze mu byumweru bibiri biri imbere.
Ikipe ya Commercial Bank of Ethiopia FC (CBE FC) yatsinze FC Ujeko yo muri Djibout ibitego 11-0 naho Simba Queens yo muri Tanzania itsinda Top Girls WFC yo mu Burundi mu mikino ibiri yo muri CECAFA y’abagore yabereye muri Kigali Pele Stadium.