Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

Imyidagaduro

Niyonshuti Yannick wamamaye muri Sinema Nyarwanda nka Killaman yongeye kwerekana ko ashimira cyane Nyaxo wamuzamuye muri uru ruganda kuri ubu akaba ari umwe mu barukuramo agatubutse.
Indirimbo “Inshallah” y’umuhanzi nyarwanda The Ben yujuje abarenga miliyoni eshanu bayirebye kuri YouTube, mu gihe kitaragera ku kwezi isohotse, bishimangira ko ikomeje kwishimirwa n’abakunzi b’umuziki.
Umuhanzi w’umuraperi Ish Kevin yatangaje ko agiye gushyira hanze umuzingo w’indirimbo (Album) mushyashya yise “Trapish III: Win Some, Lose Some” uzaba uriho indirimbo 10 uzasohoka tariki 18 Nzeri 2026
Uwase Blandine wamamaye mu itangazamakuru nka Blandy Starr, yatangaje ko yasezeye ku mwuga w’itangazamakuru benshi bari bamuziho, agiye gutangira urugendo rushya rwo kuvanga imiziki (Deejay).

Inkuru Nshya

Niyonshuti Yannick wamamaye muri Sinema Nyarwanda nka Killaman yongeye kwerekana ko ashimira cyane Nyaxo wamuzamuye muri uru ruganda kuri ubu akaba ari umwe mu barukuramo agatubutse.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko muri Kanama 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 15,7% ugereranyije na Kanama 2025. Muri Nyakanga 2026 byari byiyongereyeho 14,5%.
Indirimbo “Inshallah” y’umuhanzi nyarwanda The Ben yujuje abarenga miliyoni eshanu bayirebye kuri YouTube, mu gihe kitaragera ku kwezi isohotse, bishimangira ko ikomeje kwishimirwa n’abakunzi b’umuziki.
Louise Mushikiwabo amaze imyaka irindwi ayobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), aho kuva mu 2019 ibikorwa bye byibanze ku guteza imbere abagore, urubyiruko, ikoranabuhanga, uburezi no gukomeza guhuza ibihugu n’abaturage bikoresha Igifaransa.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 9 Nzeri 2026, ikigo Roc Nation Sports (RNS) and Roc Nation Sports International (RNSI) kireberera inyungu z’abakinnyi cyatangaje ko cyasinyishije umukinnyi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Leonard Craig Randall II usanzwe akinira APR BBC.
Rutahizamu w’umunyarwanda Noam Fritz Emeran yerekeje mu ikipe nshya ya FC Stade Lausanne Ouchy yo mu Busuwisi nyuma yo gutandukana na FC Groningen yo mu Buholandi yari amazemo imyaka 3.
Abayobozi ba Diviziyo ya 5 y’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, na Burigade ya 202 y’iza Tanzania (TPDF) bari mu nama ya 16 y’Abayobozi b’Ingabo  bakorera ku mupaka uhuza ibihugu byombi, kugira ngo baganire ku bibazo by’umutekano no kurushaho gushimangira ubufatanye.
Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda miliyoni 15,58$, akabakaba miliyari 22 Frw, mu minsi itanu.