Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Ku wa Mbere tariki 14 Nzeri 2026, itsinda rigizwe n’abakozi 24 baturuka mu bigo bitandukanye by’umutekano n'izindi nzego za Leta batangiye Icyiciro cya Kane cy' amahugurwa ajyanye n’imiyoborere n'imicungire y’ingabo.
Mu Karere ka Rwamagana umusore w’imyaka 20 yitabye Imana, abandi batatu bari kumwe barakomereka bikomeye nyuma y’uko ingunguru bakoreshaga mu guteka kanyanga ibaturikanye mu ishyamba.