Inkuru Nshya

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Abanywarwanda mu ngeri zinyuranye haba abari imbere mu gihugu no hanze yacyo bakozwe ku mutima n’intsinzi ya Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 bagaragaza amarangamutima yabo yuzuyemo ibyishimo bisendereye.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.

Inkuru Nshya

Ikipe  ya APR Karate yegukanye igikombe mu irushanwa mpuzamahanga rya Karate rizwi nka Zanshin Karate Championship 2026, ryabereye i Kigali muri Petit Stade ku Cyumweru tariki 9 Kanama 2026.
Umujyi wa Kigali wafunze by’agateganyo inyubako y’Inkundamahoro, usaba abayikoreramo gukemura ibibazo by’isuku, umutekano no kubungabunga ibidukikije nk'uko byagaragajwe n’ubugenzuzi
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangije ibikorwa byo kwizihiza Umunsi w’Umuganura, ihamagarira Abanyarwanda baba muri icyo gihugu gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda, nubwo baba hanze y’igihugu.
Ikipe ya Al Hilal SC Omdurman yatangaje ko yamaze gusinyisha umutoza w'umudage Josef Zinnbauer nk'umutoza wayo mushya mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere.
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 9 Kanama 2026, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha myugariro mushya ukomoka muri Côte d'Ivoire witwa Mohamed Ouattara uheruka gutandukana n'ikipe ya Damascus Al-Ahli Club yo mu cyiciro cya mbere muri Syria.
Ikipe ya APR FC yatsinze ikipe ya Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Sitade Umuganda yo mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba.
Umunyamabanga mukuru wungirije w'umuryango FPR Inkotanyi ,Hon. Gasana Stephen kuri uko Cyumweru yitabiriye inteko rusange y’umuryango FPR-Inkotanyi mu ntara y’Amajyepfo yateraniye ku cyicaro cyawo kiri mu karere ka Nyanza
Kuri iki Cyumweru, ubuyobozi bw'akarere ka Rulindo n'ubwa Gatsibo ku bufatanye n'inzego z'umutekano n’abaturage bahuriye mu gikorwa cyo kumena inzoga zitujuje ubuziranenge ziherutse gukurwa ku isoko zagiye zifatirwa mu mirenge itandukanye.