Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Abakunzi b’umuziki i Kigali baritegura igitaramo cya Rema, utegerejwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Nzeri 2026 muri BK Arena, mu gikorwa gisoza gahunda zo Kwita Izina 2026.
Umuhanzi Nyarwanda Nizeyimana Odo, uzwi nka Khalfan Govinda, n’umugore we Irumva Jeanne D’Arc, uzwi nka Oxygène, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
Tariki 2 Nzeri 2021 nibwo inkuru mbi kandi y’agahinda yageze mu matwi y’abakunzi b’umuziki nyarwanda by’umwihariko ab’injyana ya Hip-Hop ko umuhanzi w’umuraperi Jay Polly yitabye Imana.
Umuhanzi , wahoze ari umwe mu bagize itsinda rya Tuff Gangz, yavuze ko urupfu rwa mugenzi we Jay Polly rwari igihombo gikomeye kuri we ku giti cye, ku muziki nyarwanda ndetse no ku Banyarwanda muri rusange.

Inkuru Nshya

Mu muhango wa 21 wo Kwita Izina wabereye i Kinigi mu Karere ka Musanze ku wa 4 Nzeri 2026, ingagi 22 zo mu misozi zahawe amazina mashya, aho abashyitsi baturutse mu mpande zitandukanye z’Isi bahisemo amazina atari ayo kuziranga gusa, ahubwo anatanga ubutumwa ku muco, ubumwe, ubutwari, iterambere no kubungabunga ibidukikije.
Rayon Sports yatangiye urugendo rwayo muri CAF Confederation Cup 2026/27 ibona inota rimwe muri Cameroun, nyuma yo kunganya na Panthère Sportive du Ndé yo muri Cameroun igitego 1-1 mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze.
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye muri Village Urugwiro bamwe mu banyacyubahiro n’ibyamamare bitabiriye umuhango wo Kwita Izina wabaga ku nshuro ya 21, aho abana b’ingagi 22 ari bo biswe amazina.
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko umubare w’urubyiruko rw’imyaka iri hagati ya 18 na 30 rwakurikiranyweho ibyaha wagabanutseho 11% mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/26, ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
RBC yatangiye kureba uko ubushobozi bwo gukurikirana impinduka z’indwara bwongerwa, kugira ngo ibyorezo bizajya bitahurwa hakiri kare kandi hafatwe ingamba vuba.
Igice cya Pariki y’Igihugu ya Nyungwe giherereye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Muganza, cyafashwe n’inkongi, aho hegitari zisaga 17 z’ishyamba zimaze kwangizwa n’uyu muriro zimaze kuzimywa na Polisi y’u Rwanda.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva na RDB bashimangiye ko kurinda ingagi bigomba kujyana no guteza imbere abaturage bazituriye.
Urwego rw’ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko rwongereye imbaraga mu gushishikariza ababuranyi gukoresha inzira z’ubutabera nsanasano mu gukemura amakimbirane, aho imanza zakemuwe hifashishijwe ubu buryo ziyongereyeho 32.4% mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/2026.