Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

Imyidagaduro

Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze umuzingo w’indirimbo mushya (Album) yise “Never Broke Again” uzajya hanze tariki 28 Nzeri 2026

Inkuru Nshya

Amakipe yo muri Sudan ariko akina Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, ya Al Hilal SC Omdurman na Al Merrikh SC yitwaye neza akomeza mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League.
Ikipe ya Rayon Sports yasezereye Panthère Sportive du Ndé FC yo muri Cameroon mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup nyuma y’uko amakipe anganyije igitego 1-1 mu mikino ibiri, Rayon Sports igakomeza kubera igitego yatsindiye hanze.
Imodoka yari itwaye abagororwa 40 ibakuye mu Igororero rya Nyarugenge ibajyanye mu Igororero rya Huye yakoze impanuka hafi y’uruganda rwa Ruliba, abagororwa batandatu barakomereka.
Uruganda Inyange Industries rwatangaje ko izamuka ry’ibiciro by’amata yarwo rigaragara muri bamwe mu bacuruzi ntaho rihuriye n’impinduka nshya rwashyize ku giciro cy’ibicuruzwa byarwo.
Umuntu ukekwaho kugerageza kwiba Inganji SACCO Rubavu, Ishami rya Nyamyumba, yarashwe n’umusekerite wari urinze iki kigo arapfa.
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage, yafashe abagabo umunani bakekwaho gukora ubujura mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga.
Urwego rushinzwe ubugenzuzi bw’indege muri Nigeria, Nigerian Civil Aviation Authority (NCAA), rwaciye Sosiyete ya RwandAir amande ya miliyoni 15 z’Amanaira, nyuma yo kunanirwa gukemura ku gihe cyagenwe ikibazo cy’umugenzi wagaragaje ko imizigo ye yangiritse.
Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko kuva mu 2018 kugera tariki 30 Kanama 2026 mu manza nshinjabyaha zaciwe izatanzwemo ibihano nsimburagifungo (tije) ari izigera ku 4474.