Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

Imyidagaduro

Umubyinnyi mpuzamahanga w'umunyarwanda ariko ufite n'ubwenegihugu bw'Ubwongereza, Sherrie Silver, yishimiye guhura na Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino ku mukino w'Igikombe cy'Isi wahuje Ubwongereza na Argentine muri 1/2 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ibyamamare mu myidagaduro Nyarwanda barimo Anita Pendo, Mutesi Jolly, Uwase Muyango, The Ben, Bruce Melodie, Ashton Small n’abandi, batangajwe nk’abahatanye mu bihembo Africa Content Creator Awards 2026.
Umunyamerika Ashton Hall, uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026, rw'abantu 50 bakoresha imbuga nkoranyambaga (content creators) binjirijeho amafaranga menshi kurusha abandi ku Isi.
Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.

Inkuru Nshya

Abantu bamwe bumva ko kunywa ikirahure cy'umutobe w'imbuto bihwanye no kurya imbuto ubwazo. Gusa ubushakashatsi bwerekana ko nubwo umutobe wazo ubamo vitamini n'imyunyu ngugu nk’ibiba mu mbuto udashobora gusimbura kuzirya
Tariki 19 Nyakanga 1994  ni umunsi w’amateka ku Banyarwanda kuko ari bwo hagiyeho guverinoma yatangiye urugendo rwo kubaka u Rwanda tubona ubu rwunze ubumwe rutarangwamo amoko, irondo karere aho abaturage bose ari bahuriye kuri Ndi Umunyarwanda.
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kubona intsinzi yaherukaga muri 2019 ku munsi w'Igikundiro 'Rayon Day' itsinda Gor Mahia FC yo muri Kenya ibitego 2-0 mu mukino wabereye muri Kigali Pele Stadium.
Minisitiri Bizimana yashimye ubutabera bw'u Bufaransa ko mu myaka 10 ishize bwongereye imbaraga mu gukurikirana no guhana abakoze ibyaha, hagamijwe kurwanya umuco wo kudahana no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umutoza w'amakipe y'Igihugu y'u Rwanda ya volleyball, umufaransa Frédéric Guérin, yahamagaye abakinnyi 21 bagiye gutangira imyitozo bitegura imikino y'Igikombe cya Afurika iteganyijwe kubera i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu kwezi gutaha.
Perezida Paul Kagame yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge arwibutsa ko ari rwo rufite inshingano zo kubaka u Rwanda rw’ejo hazaza ariko ko bitazakorwa n’abantu badafite ubuzima. 
Tariki 18 Nyakanga 1994 hari hashize iminsi 102 Jenoside yakorewe Abatutsi iri kuba mu gihugu hose ari nako Ingabo za RPA zari mu rugamba rwo kuyihagarika no kubohora igihugu.