Amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Move Africa , cyatumiwemo umuhanzikazi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America akaba numwe mu bakomeye ku rwego Mpuzamahanga yamaze gushira ku isoko.
Mu misozi ya Uvira mu Majyepfo y’intara ya Kivu y’Amajyepfo hongeye kumvikana imirwano hagati y'Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, n'ihuriro ry'ingabo za AFC/M23
Ingabo za Jamaica zashimiye Ingabo z’u Rwanda byimazeyo ku bw’ubutabazi zahaye iki gihugu cyo mu Majyaruguru ya Amerika nyuma yo kwibasirwa bikomeye n’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa.
Amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Move Africa , cyatumiwemo umuhanzikazi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America akaba numwe mu bakomeye ku rwego Mpuzamahanga yamaze gushira ku isoko.