Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴LIVE : MINISTIRI AMB. UWIHANGANYE MURI GEN – Z AVUZE KU BIJYANYE NA ESSANCE N’INGENDO Z’IMODOKA

🔴LIVE : DJ BRIANNE NA TESHA MURI GEN – Z COMEDY SHOW BAVUZE UKO BIYUMVA | UBUTUMWA KURI MUYANGO

🔴LIVE : MU GAHINDA N’AMARIRA MENSHI ABAFANA BA APR FC BIRUKANYE ABAKINNYI HAFI YA BOSE

🔴LIVE : MU BWISHONGOZI BWINSHI FERDINAND WA RAYON SPORTS AGENEYE UBUTUMWA APR FC

🔴🔴AMAKURU 07.05.2026 || PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA || KIMENYI YVES MU RUKUNDO RUSHYA

🔴🔴 KARASIRA AIMABLE YITABYE IMANA

🔴🔴AMAKURU 06.05.2026 || PEREZIDA KAGAME YAGEZE MURI BOTSWANA, AGATHA KANZIGA MU RUKIKO, N’AYANDI

🔴HIGHLIGHTS : AS MUHANGA 1 – 0 RAYON SPORTS FC || IGITEGO CYIZA CYA COUP FRANC GITANZE INSTINZI

Imyidagaduro

Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Agasaro Tracy yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugabo we bakunze kuririmbana Rene Patrick, amushimira ko Imana yamuzanye mu buzima bwe

Inkuru Nshya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Mata 2026 byiyongereyeho 13% ugereranyije n’uko byari bimeze muri Mata 2025. Muri Werurwe 2026 byari byiyongereyeho 9,2%.
Mu gihe Abatutsi bari bakomeje kwica mu mu bice bitandukanye by’igihugu, u Bufaransa bwari bwiteguye gukomeza gushyigikira ingabo z’u Rwanda (FAR), bwirengagije ubwicanyi Abatutsi bakorerwaga na Leta ya Theodore Sindikubwabo, Guverinoma ye n’ingabo za Leta.
Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Niger ku bufatanye na Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu cyo muri Afurika y’Iburengerazuba, bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kuri iki cyumweru RDF na Polisi ku bufatanye na minisiteri y’ubuzima hamwe na Fondasiyo ya Fred Hollows yo mu Rwanda (FHF),batangije gahunda yo kuvura indwara z’amaso no kubaga indwara y'ishaza ifata amaso ku bitaro bya Kinihira biherereye mu karere ka Rulindo mu ntara y’Amajyaruguru.
Amakipe ya AS Muhanga, Rutsiro FC, Etincelles FC na AS Kigali ari mu rugamba rwo kurwana no kuguma mu cyiciro cya mbere, arahatana mu mukino w’umunsi wa 31 wa shampiyona y’u Rwanda.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko inzego z'ubuzima  zashyizeho ingamba zo gukumira no gukurikiranira hafi indwara ya Habtavirus, iherutse kugaragara muri bimwe mu bihugu birimo n’ibituranye n’u Rwanda.