Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

Imyidagaduro

Umunyamerika Ashton Hall, uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026, rw'abantu 50 bakoresha imbuga nkoranyambaga (content creators) binjirijeho amafaranga menshi kurusha abandi ku Isi.
Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.
Abanyamakuru b'imikino Ishimwe Adelaide uzwi nka Ida uherutse gusezera kuri Radiyo/TV 10 na Hitimana Jean Claude uzwi nka Hit ukihakora bateguje ubukwe buzaba tariki 5 Nzeri 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Nyakanga 2026, ikipe ya APR FC yakoze igikorwa cyo gupima abakinnyi bayo ibipimo bitandukanye by'ubuzima nk'uko bisanzwe bikorwa mbere y'uko umwaka w'imikino utangira ku bitaro bikuru bya Gisirikare i Kanombe.
Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Mutwe w’Abadepite iri mu ngendo mu gihugu hagamijwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Igihugu yo Kwegereza Ubuyobozi n’Ubushobozi Abaturage yo mu 2021.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ko n'ubwo imikoranire ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yari ifitanye n'u Rwanda binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda yarangiye, ariko iyi kipe izafasha u Rwanda mu kubaka ibibuga bitatu (3) by'umupira w'amaguru.
Umunyamerika Ashton Hall, uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026, rw'abantu 50 bakoresha imbuga nkoranyambaga (content creators) binjirijeho amafaranga menshi kurusha abandi ku Isi.
Ikigega cy’ubugiraneza cyashinzwe binyuze mu bufatanye bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’umuryango mpuzamahanga witwa Global Citizen cyatanze inkunga ku bana bafite ikibazo cya Autism mu Rwanda kugira ngo babashe kwiga.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gushimangira ko amahoro n'umutekano ari byo bizafasha akarere k'ibiyaga bigari kugera ku iterambere rirambye, asaba ko ibibazo by'umutekano bikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) bikemurwa binyuze mu nzira z'ibiganiro.
Umutoza w'amakipe y'Igihugu y'u Rwanda ya volleyball mu bagore n'abagabo, umufaransa Frédéric Guérin yahamagaye abakinnyi 20 bagiye gutangira imyitozo yo kwitegura imikino y'Igikombe cya Afurika cya volleyball mu bagore kizabera muri Kenya mu kwezi gutaha kwa Kanama 2026.