Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴LIVE : MINISTIRI AMB. UWIHANGANYE MURI GEN – Z AVUZE KU BIJYANYE NA ESSANCE N’INGENDO Z’IMODOKA

🔴LIVE : DJ BRIANNE NA TESHA MURI GEN – Z COMEDY SHOW BAVUZE UKO BIYUMVA | UBUTUMWA KURI MUYANGO

🔴LIVE : MU GAHINDA N’AMARIRA MENSHI ABAFANA BA APR FC BIRUKANYE ABAKINNYI HAFI YA BOSE

🔴LIVE : MU BWISHONGOZI BWINSHI FERDINAND WA RAYON SPORTS AGENEYE UBUTUMWA APR FC

🔴🔴AMAKURU 07.05.2026 || PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA || KIMENYI YVES MU RUKUNDO RUSHYA

🔴🔴 KARASIRA AIMABLE YITABYE IMANA

🔴🔴AMAKURU 06.05.2026 || PEREZIDA KAGAME YAGEZE MURI BOTSWANA, AGATHA KANZIGA MU RUKIKO, N’AYANDI

🔴HIGHLIGHTS : AS MUHANGA 1 – 0 RAYON SPORTS FC || IGITEGO CYIZA CYA COUP FRANC GITANZE INSTINZI

Imyidagaduro

Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Agasaro Tracy yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugabo we bakunze kuririmbana Rene Patrick, amushimira ko Imana yamuzanye mu buzima bwe

Inkuru Nshya

Urukiko rw’i Manhattan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwaciye miliyoni 4$ (asaga miliyari 7 Frw) Eugène Richard Gasana wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni) nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina umukobwa.
Kuri uwo munsi Gen Jean Pierre Huchon wo mu ngabo z’u Bufaransa yiyemeje guha ingabo z’u Rwanda ibisasu bya 105mm, amasasu y’imbunda nto zihabwa buri musirikare, n’ibikoresho by’itumanaho kugira ngo byoroshye imishyikirano y’ibanga hagati ye na Gen Augustin Bizimungu wari umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda.
Abanyeshuri biga mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rwanda Polytechnic ) mu makoleji atandukanye, bahuriye i Kigali mu marushanwa y’imishinga itandukanye.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko hari gahunda yo gushyiraho bisi zisanga abantu mu duce batuyemo, ku buryo imodoka ishobora gusanga umuntu ku rugo rwe
Amakipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Abatarengeje imyaka 18 na 20 muri Handball yombi egukanye Irushanwa Men's IHF Trophy Africa/Zone 5 abona itike yo gukina Ikikombe cya Afurika.
Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Chicago yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bagabo nibura inshuro ziri hagati y’imwe n’ebyiri ku bagabo bigabanya ibyago byo kurwara kanseri y’udusabo tw’intanga  ku kigero kiri hagatiya ya 20% na 30%.
Kuri uyu wa Gatanu Colonel Désiré Migambi Mungamba, Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye hagati y’Ingabo n’abaturage muri RDF,yifatanyije n’abayobozi b’inzego z’ibanze mu Karere ka Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Kamuhire Alexis, yavuze ko ibigo bitandukanye bya Leta bigaragaramo imitungo 400 yaguzwe ariko ikaba itarakoreshwa, asaba aba batayikoresha ko bayitanga aho ikenewe