Ni urwenya ruvanze n’amashimwe y’ibyo Imana yakoze!  Ben na Chance  batumiwe muri Gen Z Comedy Show

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zavuguruye ishuri ryari ryarasenywe n’ibitero by’iterabwoba

Nyanza: Abagabo babiri barakekwaho kwica umugore wavugwagaho gukora uburaya

Mucoma n’abamukoreraga bararekuwe, Barafinda akomeza gufungwa

Ni urwenya ruvanze n’amashimwe y’ibyo Imana yakoze!  Ben na Chance  batumiwe muri Gen Z Comedy Show

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zavuguruye ishuri ryari ryarasenywe n’ibitero by’iterabwoba

Nyanza: Abagabo babiri barakekwaho kwica umugore wavugwagaho gukora uburaya

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite

Politiki

Ndayishimiye yafunze imipaka aziko ahimye u Rwanda birangira abaye barihima ba mujinya

Ubuhinzi

Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda asaga miliyari 11.4 mu minsi itanu

Ibidukikije

Abasenateri bagaragaje impungenge ku bwiyongere bw’abaturage bangirizwa n’inyamaswa ziva muri Pariki

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Uburezi ni inkingi y’iterambere n’umusemburo w’impinduka- Minisitiri Nsengimana

Amashusho

Highlights| REBA IBITEGO BYOSE | Etincelles FC 1-1 Rayon Sports FC

Highlights | MARINE FC 2 – 2 APR FC

Ni indwara idakira: Sobanukirwa byimbitse ALS yica uyirwaye ibanje guhagarika ibice by’umubiri

🔴MU BWENGE BWINSHI ATUJE GASONGO WA APR FC ASESENGUYE BURI KIMWE | AGENEYE UBUTUMWA ABA RAYON

🔴LIVE! APR FC VS KIYOVU SPORTS || OUATTARA NA TOGUI BABANJE HANZE, MAMADOU SY AGARUKA MURI 11

🔴LIVE! REBA UKO ABAKINNYI BA APR FC BAGEZE KURI PELE STADIUM | TOGUI, OUATTARA, CLAUDE, BARAHARI

🔴HIGHLIGHTS | AL HILAL SC 5 – 0 GICUMBI FC || AL HILAL DESTROYS GICUMBI FC

🔴LIVE! AL HILAL SC VS GICUMBI FC || TEAM WARM UPS ; GIRUMUGISHA NA COULIBALY BABANJEMO

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Imyidagaduro

Itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance ndetse n’umuhanzikazi ukomeye mu njyana gakondo, Munganyinka Alouette batumiwe mu gitaramo cy’Urwenya cya Gen Z Comedy Show giteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026.
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali
Umuhanzi Israel Mbonyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yemeje ko agiye gutaramira mu Bubiligi ahishura ko ari andi mahirwe Imana itanze yo kongera guhura abantu bakaramya.
Ruhumuriza James wamamaye mu muziki Nyarwanda nka King James yatangaje ko ari mu myiteguro yo gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 amaze akora umuziki.

Imikino

Ikipe ya As Kigali yatangaje  Kalisa Rashid nk’umukinnyi mushya wayo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.

Inkuru Nshya

Itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance ndetse n’umuhanzikazi ukomeye mu njyana gakondo, Munganyinka Alouette batumiwe mu gitaramo cy’Urwenya cya Gen Z Comedy Show giteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisitiri y’Uburezi, Dr. Irere Claudette, agaragaza ko kugirango ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bigere ku bumwe bwifuzwa, uburezi by'umwihariko ubwo mu mashuri makuru bugomba gufatwa nk'ishingiro ry’ibikorwa byose
Minisitiri w'Urubyiruko n'Iterambere ry'ubuhanzi, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yibukije urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye ko nta myaka mito ibaho yo gukorera no kwitangira Igihugu, ndetse akebura bamwe mu bagaragaza imyitarire irimo ingengabitekerezo ya Jenoside ku mbuga nkoranyambaga
Abayobozi b’amatsinda y’Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahuriye i Washington, D.C. mu mpera z’icyumweru gishize mu mwiherero w’iminsi ibiri wari ugamije gukomeza ubumwe bw’Abanyarwanda, iterambere mu rubyiruko no kurebera hamwe uruhare rwa diaspora mu iterambere ry’u Rwanda.
Mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza hari abagabo babiri batawe muri yombi bakekwaho kwica banize umugore wari indaya aho bikekwa ko bari bamuguze apfira iwe ari naho umurambo wasanzwe

Ikoranabuhanga

Ibihari