Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

PEREZIDA KAGAME | TUBITEZEHO KURWANYA RUSWA || IMPANURO YAHAYE ABA OFISIYE BASHYA

Reba Udushya tw’abapolisi | Ubuhanga bwo gutwara Moto n’Akarasisi | Gushari

🔴🔴 REBA IMYIYEREKO IDASANZWE Y’ITSINDA RY’ABAPOLISI BATWARA MOTO ZIFASHISHWA MU GUCUNGA UMIUTEKANO

🔴🔴 INGABO ZA RDF ZIRI MU BUTUMWA BW’AMAHORO MURI SUDANI Y’EPFO ZAMBITSWE IMIDARI Y’ISHIMWE YA LONI

🔴🔴 BAL 2026: HIGHLIGHTS || PETRO DE LOUANDA 83-69 DAR CITY || BK ARENA || KIGALI, 25 MAY 2026

Arsenal Fans in Kigali Rwanda, celebrating Arsenal; the 2026 Premier League Champions! 🏆

Abahize abandi bahembwe, abanyeshuri 146 barahiriye kwinjira mu rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora.

Minisitiri Biruta yagaragaje impamvu Leta yashyize imbaraga mu guteza imbere RCS

Imyidagaduro

Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.
Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.

Inkuru Nshya

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yahamagaye abakinnyi 24 azifashisha mu mikino Mpuzamahanga ya gicuti muri Kamena 2026, harimo n'uwakiniye Manchester United
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatanze ipeti rya AIP [Assistant Inspector of Police] ku ba polisi 436 binjijwe muri Polisi y'u Rwanda, barimo abari basanzwe ari abapolisi bongerewe ubumenyi ndetse n’abandi bashya binjiye muri Polisi y’Igihugu
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Rayon Sports FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w'umunsi wa 33 wa BK Pro League wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi 2026.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama ngarukamwaka ya ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yabereye i Brazzavilles.
Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Alphonse Hitiyaremye, yavuze ko amakimbirane hagati y’ibigo by’imari n’abakiriya babyo, akwiye gukemurwa mu buryo bwihuse, buboneye kandi butanga icyizere ku mpande zose, cyane cyane binyuze mu nzira y’ubuhuza.