Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi (NAEB), cyatangaje ko kuva tariki 8 kugeza kuri 12 Kamena 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda asaga miliyari 15 Frw.
Tariki ya 20 Kamena 1994 hari mu bihe bikomeye bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri icyo gihe, Ingabo za FPR Inkotanyi zari zikomeje ibikorwa byo guhagarika ubwicanyi no kurokora abantu, mu gihe abategetsi ba Leta yariho icyo gihe bamwe bari barahungiye muri Zaire.
Ingabo zo mu bihugu by’Uburasirazuba bwa Afurika ziteguye gutabara mu bihe bikomeye (EASF) zasoje inama yari imaze iminsi ibera i Kigali kuva ku wa 15 kugeza ku wa 19 Kamena, igamije kwemeza igitabo ngenderwaho cy’ibikorwa by’ingabo zo mu kirere, amabwiriza ngengamikorere, ndetse n’amasezerano y’ubwumvikane bwo gutabara mu bihe by’ibiza.