Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026
Abagize Urugaga rw’Abikorera (PSF) bahagarariye abandi mu Turere 7 tugize Intara y'Iburengerazuba bagabiye inka 10 abamugariye ku rugamba bo mu Karere ka Ngororero.
Ba Ofisiye babiri bo mu Ngabo z'u Rwanda (RDF), Maj Caleb Kamuntu na Maj J.D. Mageza Gasasira, barangije amasomo agenewe Ofisiye Bakuru yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kimaka riherereye i Jinja muri Uganda
Mu kiganiro yagiranye na Tereviziyo y’u Rwanda, Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, Dr Flora Mutezigaju, yagarutse ku iterambere ry’Urwego rw’Uburezi ukurikije uko rwari ruhagaze mbere na nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
U Rwanda n'u Burusiya byasinya amasezerano agaragaza inzira yo gutegura umushinga wo kubaka uruganda ruto rutunganya ingufu za nucléaire ruzwi nka Small Modular Reactor (SMR)
Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) wamaganye ibihano Leta Zunze ubumwe za Amerika zafatiye ibigo bine by’amabuye y’agaciro byo mu Rwanda n’abayobozi babiri babyo, uvuga ko ari ibihano bibogamye kandi bishobora kudindiza ibiganiro by’amahoro.
Abatuye mu Midugudu ya Mirama I na II, mu Murenge wa Nyagatare, bavuga ko ubuzima bwabo bugiye kurushaho guhinduka nyuma yo kwegerezwa umuhanda wa kaburimbo n’isoko rya kijyambere