Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴 REBA UBUHANGA BW’ABAPOLISI || PEREZIDA KAGAME ATANGA IMIDARI N’IPETI || YERETSWE AKARASIZI

🔴🔴REBA IBITEGO BYIZA APR FC YATSINZE AL MERREIKH | UDUSHYA TWARANZE UMUKINO || PENALITI YA OUATTARA

PEREZIDA KAGAME | TUBITEZEHO KURWANYA RUSWA || IMPANURO YAHAYE ABA OFISIYE BASHYA

Reba Udushya tw’abapolisi | Ubuhanga bwo gutwara Moto n’Akarasisi | Gushari

🔴🔴 REBA IMYIYEREKO IDASANZWE Y’ITSINDA RY’ABAPOLISI BATWARA MOTO ZIFASHISHWA MU GUCUNGA UMIUTEKANO

🔴🔴 INGABO ZA RDF ZIRI MU BUTUMWA BW’AMAHORO MURI SUDANI Y’EPFO ZAMBITSWE IMIDARI Y’ISHIMWE YA LONI

🔴🔴 BAL 2026: HIGHLIGHTS || PETRO DE LOUANDA 83-69 DAR CITY || BK ARENA || KIGALI, 25 MAY 2026

Arsenal Fans in Kigali Rwanda, celebrating Arsenal; the 2026 Premier League Champions! 🏆

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.

Inkuru Nshya

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye umuyobozi mukuru wa Polisi ya Burkina Faso, Thierry Dofizouho Tuina, ari kumwe n’umuyobozi wa Polisi y’ubugenzacyaha, Missa Millogo, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, Kacyiru.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva n’abakozi bakorera muri za minisiteri n’ibigo bikorera mu nyubako y’ibiro bya Minisitiri w’Intebe basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu karere ka Bugesera, muri gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Dr Vincent Biruta, akaba n’umuyobozi w’inama y’abaminisitiri y’Ikigo gishinzwe kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’izoroheje mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’akarere k’ibiyaga bigari (Regional Centre on Small Arms-RECSA), yayoboye umuhango wo gufungura inama ya 17 y’akanama ngishwanama (TAC) yabereye i Kigali mu Rwanda.
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse anashyira indabo ku kimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside kiri ku nyubako y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.
Bamwe mu batuye umurenge wa Gahunga bo mu karere ka Burera baravuga ko batewe impungenge n’imikorere y’irondo ry’umwuga barishinja kunanirwa guhangana n’ubujura bw’amatungo  bukomeje kubugariza aho n’abagize irondo ubwabo bakekwaho kugira uruhare muri ubwo bujura.
Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola yageze ku mukino wa nyuma wa Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly Ly yo muri Libya amanota 94-88 mu mukino wa ½
Kuri uyu wa Kane,abakozi ba minisiteri y’ububanyi n’amahanga n'ubutwererane bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.