Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Umusirikire waminuze muri AI | Lt Col Gaspard ||“Twese dushyire hamwe, tugirane igihango n’igihugu”

Twakoze uko dushoboye ngo Uganda na Tanzania bakinire ahandi hatari Marrakech, ariko ntibyashobotse

🔴PARIS: GUFUNGURA KU MUGARAGARO URWIBUTSO RWA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI | 2 KAMENA 2026

YAVUTSE KU MUBYEYI WAFASHWE KU NGUFU MURI JENOSIDE || UMVA UBUHAMYA BWA ALINE WAKURANYE IGIKOMERE

BAL FINALS 2026: The Dramatic Ending That Crowned RSSB Tigers Champions 90-88

Extended Highlights and Awarding| APR FC 2 – 0 GICUMBI |APR FC are BK Pro League National Champions

🔴🔴 APR FC ISHYIKIRIJWE IGIKOMBE || AFANDE CDS ARISHIMYE ATANZE UBUTUMWA ||

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho

Inkuru Nshya

Mu isiganwa ry’amagare rya Cameroon (Tour du Cameourn 2026) ikipe ya Benediction Banafrica Team ihagararaiye u Rwanda ikomeje kwitwara neza kuko yasoje agace ka kabiri iyoboye amakipe ku rutonde rusange.
Abanyeshuri batanu b'Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kaminuza ya 'Kent State' yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagerageje gutwara indege bwa mbere
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga migari y’ibikorwaremezo bigezweho hagamijwe guteza imbere imibereho myiza n’iterambere rirambye mu gihugu rigeze kuri 91% muri rusange.
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo iyo mu Mujyi wa kigali n’izindi zo mu ntara kubera gutanga serivisi zo kwakira abantu zitujuje ibisabwa.
Amerika yagaragaje ko FDLR ibikorwa by’ihohotera bya FDLR birimo ubwicanyi, gushora abana mu mirwano, gufata ku ngufu no gushimuta abaturage, bibangamiye umutekano w’akarere. 
Ba Minisitiri b'Ubuzima bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba (EAC) basoje inama idasanzwe yo ku rwego rwo hejuru yigaga kuri Ebola
Abacuruzi bohereza ibicuruzwa birimo imboga, imbuto n’indabo mu mahanga bakiranye ibyishimo isubukurwa ry’ingendo za RwandAir zerekeza i Doha muri Qatar na Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma y’amezi zari zimaze zihagaze kubera intambara yabereye mu Burasirazuba bwo Hagati