Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026 nibwo Kivumbi King afatanyije na Juno Kizigenza ndetse na Bob pro utuganya indirimbo bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo yabo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”
Umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi, Element Eleeeh yamaze kugera i Kampala muri Uganda aho arasusurutsa abitabira igitaramo cy'urwenya cya Comedy Store gitegurwa na Alex Muhangi
Umuhanzi Bruce Melodie uri mu bakomeye mu muziki Nyarwanda no mu Karere ka Afurika y'i Burasirasuba, yishimiye cyane guhura na mugenzi we wo muri Tanzania, Alikiba aho aba bombi bitegura gushyira hanze indirimbo bakoranye
Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje ko imyambarire y’umuraperikazi, Doja Cat waraye ataramiye i Kigali ntacyo itwaye mu buhanzi gusa ahishura ko uzabikora atari ku rubyiniro azaba akosheje.
Muri byinshi yahushije, APR FC yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026.
Muri byinshi yahushije, APR FC yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026.
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yayoboye intumwa z'u Rwanda zaruhagarariye mu Nama ya 42 y’Inzego zishinzwe Ubufatanye mu bya Gisirikare mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026 nibwo Kivumbi King afatanyije na Juno Kizigenza ndetse na Bob pro utuganya indirimbo bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo yabo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”
Umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi, Element Eleeeh yamaze kugera i Kampala muri Uganda aho arasusurutsa abitabira igitaramo cy'urwenya cya Comedy Store gitegurwa na Alex Muhangi
Umuhanzi Bruce Melodie uri mu bakomeye mu muziki Nyarwanda no mu Karere ka Afurika y'i Burasirasuba, yishimiye cyane guhura na mugenzi we wo muri Tanzania, Alikiba aho aba bombi bitegura gushyira hanze indirimbo bakoranye
Eid al-Fitr cyangwa se Irayidi ntoya ni umunsi mukuru ukomeye mu idini ya Islam aho ari munsi mukuru wo guhagarika kwiyiriza ndetse ukaba ugaragaza iherezo ry’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan, aho Abayisilamu baba bamaze iminsi 29 cyangwa 30 biyiriza amanywa yose