Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

UKO ABAHUTU BIGARURIYE NYANZA BAGAKURAHO UBWAMI || MINISITIRI BIZIMANA AZANYE INDIRIMBO BARIRIMBYE

UKO ABAHUTU BIGARURIYE NYANZA BAGAKURAHO UBWAMI || MINISITIRI BIZIMANA AZANYE INDIRIMBO BARIRIMBYE

Imyidagaduro

Muhoozi yahosheje amakimbirane yari amaze iminsi hagati y'umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, na Nyampinga w'u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly, amusaba gukemura iki kibazo mu bwumvikane
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w'u Rwanda wa 2016 yatangaje ko yiteguye kujyana mu nkiko umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, amushinja kumusebya no kumukwirakwizaho amakuru y'ibinyoma ku mbuga nkoranyambaga

Inkuru Nshya

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yizihije isabukuru y'imyaka 59 y'amavuko kuri iki Cyumweru tariki 28 Kamena 2026.
Minisitiri w'Umutekano, Hon. Vincent Biruta, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 66 Repubulika ya Madagascar imaze ibonye ubwigenge
Perezida Paul Kagame na Gen Ibingira Fred bagaragaje ubugwari bwa Private Kayumba Nyamwasa ku rugamba ndetse n'uyu munsi nta cyahindutse akomeje kugaragaza ubwo bugwara
Brig Gen Franco Rutagengwa, uyoboye Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni muri Repubulika ya Santarafurika, yasabye abasirikare ba RWABAT-2 gukomeza kurangwa n'ubunyamwuga, kubahiriza amabwiriza ya Loni no guhora biteguye kuzuza inshingano zabo
Hashize umwaka u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishyize umukono ku masezerano y’amahoro mu muhango wabereye i Washington, gusa ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC ntikigeze kireka kuba ingorabahizi
Perezida Kagame yongeye gushimangira ko amateka ashaririye u Rwanda rwanyuzemo atabaye ku bw’impanuka yibutsa ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe by'igihe kirekire mbere yo gushyirwa mu bikorwa.