Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

DUFISE PLAN YO GUSHIMISHA ABAFANA | ABANYARWANDA MUBAHE AMAHIRWE | HARINGINGO ATEGUJE IKIPE IKOMEYE

Bob avuye kuri Maman Urwagasobo, Ahaye ubutuma Karikeza | Uko yakiriwe kuri Umunota Sports

PEREZIDA KAGAME YAVUZE IMPAMVU ABAYOBOZI BAKURWA MU NSHINGANO BAGASIMBUZWA ABANDI

INYUNGU Z’ABATURAGE ZIGOMBA KUZA IMBERE || PEREZIDA KAGAME YAHAYE IMPANURO ABAYOBOZI BASHYA

ABA YOUTUBERS BIHAMAGARIYE UBUTABERA | GUFOTORA MU RUKIKO UBUNDI BIKORWA BITE? RIB IBYO IKORA NIBYO

Izingiro ry’ibibazo by’Abanyarwanda muri Uganda | Perezida Museveni niwe ufite urufunguzo

Abanyarwanda muri Uganda, Ibibazo bahura nabyo biva he?

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

Imyidagaduro

Muhoozi yahosheje amakimbirane yari amaze iminsi hagati y'umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, na Nyampinga w'u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly, amusaba gukemura iki kibazo mu bwumvikane
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w'u Rwanda wa 2016 yatangaje ko yiteguye kujyana mu nkiko umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, amushinja kumusebya no kumukwirakwizaho amakuru y'ibinyoma ku mbuga nkoranyambaga
Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali

Inkuru Nshya

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasubije abantu batandukanye terefone 140 zigendanwa zafashwe zaribwe, zifite agaciro ka 40,760,000 Frw (asaga miliyoni 40).
Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rishobora kongerera ubukungu bw’igihugu agaciro kangana na miliyoni 589$ (Miliyari 862 Frw) ni ukuvuga 6% by’umusaruro mbumbe (GDP) w’Igihugu kugera mu 2030.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Eng. Damien Murwanashyaka, yatorewe gusimbura Minisitiri w’Ibikorwaremezo wa Malawi, Jappie Mhango, ku buyobozi bw'inama Nkuru y’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuhora wo Hagati (CCTTFA)
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yabwiye aba ofisiye 38 basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda ko kurangiza amasomo atari iherezo ry'inzira yo kwiyungura ubumenyi, ahubwo ari intangiriro y’urugendo rushya rwo kurinda umutekano
Minisitiri w'Uburezi, Nsengimana Joseph, yatanze impamyabumenyi z'Icyiciro cya mbere cya Kaminuza n'iz'Icyiciro cya gatatu cya Kaminuza ku bapolisi 38 barimo Abanyarwanda 23 na 15 baturutse mu bihugu by'amahanga barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y'u Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri MINUBUMWE, Uwitonze Mahoro Eric, yatangaje ko Guverinoma yihaye gahunda yo kongera imbaraga mu kwigisha abaturage ububi bw’imvugo zibiba urwango, ndetse no gukorana n’izindi nzego mu kumenya, gukurikirana no guhana abagaragarwaho no gukwirakwiza izo mvugo
Ku munsi nk’uyu, tariki ya 19 Kamena 1994, interahamwe zari zikomeje umugambi wo kwica Abatutsi hirya no hino mu gihugu.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Usta Kaitesi, yavuze ko umubano hagati y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bwongereza ukomeje kurangwa n'ubufatanye bugamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage ndetse n’iterambere rirambye