Minisitiri w’Intebe yaganiriye na Visi Perezida wa IFC kuri gahunda y’ubufatanye bwa Banki y’Isi n’u Rwanda

Muyango Claudine yaguze umubavu ugura ibihumbi 600Rwf

Rusibiye aho ruzanyura! Police FC na Rayon Sports zaguye miswi mu mukino ubanza w’igikombe cy’Amahoro.

APR BBC yikuye mu mikino ya BAL, isimbuzwa RSSB Tigers BBC

Minisitiri w’Intebe yaganiriye na Visi Perezida wa IFC kuri gahunda y’ubufatanye bwa Banki y’Isi n’u Rwanda

Muyango Claudine yaguze umubavu ugura ibihumbi 600Rwf

Rusibiye aho ruzanyura! Police FC na Rayon Sports zaguye miswi mu mukino ubanza w’igikombe cy’Amahoro.

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite

Politiki

Ndayishimiye yafunze imipaka aziko ahimye u Rwanda birangira abaye barihima ba mujinya

Ubuhinzi

Ikoranabuhanga mu buhinzi: Inzira u Rwanda rwahisemo mu kongera umusaruro

Ibidukikije

Abanditsi b’impapurompamo z’ubutaka basabwe gukemura ibibazo birinda kuba ba gitera

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Uburezi ni inkingi y’iterambere n’umusemburo w’impinduka- Minisitiri Nsengimana

Amashusho

🔴HIGHLIGHTS | KIYOVU SPORTS 1 – 2 MARINE FC || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔥🔥IKIBAZO SI G TAFF UMUNTU ATANGA ICYO AFITE IKIBAZO NI ABABIKWIRAKWIZA

RUGAJU NA LORENZO BAGARUTSWEHO | RIB YIHANANGIRIJE BWA NYUMA ABAKORA IBIGANIRO BYA SIPORO

BIBAGA ABAKOBWA BITWAJE IBYUMA NDETSE BAKANABASAMBANYA || RIB YAHISHUYE AMAYERI MASHYA AKORESHWA

Highlights| REBA IBITEGO BYOSE | Etincelles FC 1-1 Rayon Sports FC

Highlights | MARINE FC 2 – 2 APR FC

Ni indwara idakira: Sobanukirwa byimbitse ALS yica uyirwaye ibanje guhagarika ibice by’umubiri

🔴MU BWENGE BWINSHI ATUJE GASONGO WA APR FC ASESENGUYE BURI KIMWE | AGENEYE UBUTUMWA ABA RAYON

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Imyidagaduro

Muyango Claudine , uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse akaba numwe mu  bagore bamaze kubaka izina mu kuyobora ibirori bibera mu tubari twiyubashye mu Rwanda no hanze, yishimiye kugura umubavu w’agaciro ugura abarirwa mu bihumbi 600Rwf
Umuhanzikazi Bwiza , uri muri Suède aho yakoreye igitaramo ku wa Gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2026, yishimiye gusura Inzu Ndangamurage   y'aba Vikings iherereye i Stockholm muri Suède ahishura ko byari byiza cyane.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yahishuye indirimbo ye ishobora gufasha umuntu mu gihe aheranywe n’agahinda cyangwa yumva ibibazo bimukomereye ikaba yamufasha kunyura muri ibyo bihe.

Imikino

Ikipe ya Police FC na Rayon Sports FC zaguye miswi mu mukino ubanza wa ¼ w’igikombe cy’Amahoro ziha umukoro wo gukosora byinshi mu mukino wo kwishyura.

Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva yakiriye itsinda riturutse mu Kigega cya Banki y'Isi gitera inkunga imishinga y'abikorera (IFC) baganira kuri Gahunda y’ubufatanye hagati ya Banki y’Isi n’u Rwanda yo mu 2026–2035.
Muyango Claudine , uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ndetse akaba numwe mu  bagore bamaze kubaka izina mu kuyobora ibirori bibera mu tubari twiyubashye mu Rwanda no hanze, yishimiye kugura umubavu w’agaciro ugura abarirwa mu bihumbi 600Rwf
Ikipe ya Police FC na Rayon Sports FC zaguye miswi mu mukino ubanza wa ¼ w’igikombe cy’Amahoro ziha umukoro wo gukosora byinshi mu mukino wo kwishyura.
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko kuva uyu mwaka wa 2026 watangira kugeza ku wa 11 Werurwe 2026, ibiza birimo inkuba, inkangu n’imyuzure byishe abantu 28 mu turere dutandukanye tw’igihugu
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko imiryango 47 igizwe n'abaturage 74 b'impunzi z'Abarundi batashye ku bushake mu gihugu cyabo.

Ikoranabuhanga

Ibihari