Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Police FC yanganyije na Police FC 0-0 mu mukino w'umunsi wa 31 wa shampiyona y'u Rwanda (BK Pro League) wabereye kuri Stade Umuganda y'Akarere ka Musanze, Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi 2026.
Police FC yanganyije na Police FC 0-0 mu mukino w'umunsi wa 31 wa shampiyona y'u Rwanda (BK Pro League) wabereye kuri Stade Umuganda y'Akarere ka Musanze, Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi 2026.
Kuri uwo munsi Gen Jean Pierre Huchon wo mu ngabo z’u Bufaransa yiyemeje guha ingabo z’u Rwanda ibisasu bya 105mm, amasasu y’imbunda nto zihabwa buri musirikare, n’ibikoresho by’itumanaho kugira ngo byoroshye imishyikirano y’ibanga hagati ye na Gen Augustin Bizimungu wari umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda.
Abanyeshuri biga mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rwanda Polytechnic ) mu makoleji atandukanye, bahuriye i Kigali mu marushanwa y’imishinga itandukanye.