Inkuru Nshya

Amashusho

🔴HIGHLIGHTS : AMAGAJU FC 0 – 1 KIYOVU SPORTS || URUCACA RUKUYE INSTINZI I HUYE | SADJA BULAYA ⚽

Tanzania na Rwanda sio tu majirani, ni ndugu na marafiki | Rais Dkt. Samia Suluhu Hassan| 3 May 2026

🔴LIVE : GANIJURU ELIE AHAWE AMAFARANGA MENSHI N’ABA RAYON | BATI “WAKINNYE NEZA MUSORE WACU”

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI WASIRI ASABYE ABASIFUZI B’ABABANYAMAHANGA | BIRAKABIJE

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI ABAFANA BA RAYON SPORTS BIKOMYE UMUSIFUZI CUCURI | PENALITI ITARIYO

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔴🔴AMAKURU 30.04.2026 || RIB YAFUNZE GITIFU WA MAGERAGERE | PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA

GEN (RTD) FRED IBINGIRA | IMANA YADUHAYE UMUYOBOZI | BYINSHI KU RUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE

Imyidagaduro

Mu butumwa yanditse kuri konti ye ya Instagram, ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 05 Gicurasi 2026 ,umuramyi Tracy Agasaro yagize ati " Isabukuru nziza y'amavuko ku mugabo Imana yampitiyemo, kuri uyu munsi Ijuru ryanditse izina ryawe mu Isi utaje nk'umugabo gusa ahubwo uje nk'urumuri. Maze mu b'Umana bwayo ihuza ubuzima bwawe n'ubwanjye"
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi , Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pon Dat, mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda yifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe w’amavuko  , umuhungu we yise 'Yago Life II '
Umukinnyikazi wa Sinema Nyarwanda, Nyambo Jesca yahishuye uburyo yifatiye uwahoze ari umukunzi we arimo kumuca inyuma aryamanye n’inshuti ye magara.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yemeje ko azataramira mu Budage mu gitaramo giteganyijwe,kuba tariki ya 26 Kamena 2026.

Inkuru Nshya

Urwego rw’umuvunyi rwasabye inzego za Leta kongera imbaraga mu gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe mu bice bitandukanye by’igihugu bidategereje ko umuvunyi mukuru ari we ujya kubikemura

Mu butumwa yanditse kuri konti ye ya Instagram, ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 05 Gicurasi 2026 ,umuramyi Tracy Agasaro yagize ati " Isabukuru nziza y'amavuko ku mugabo Imana yampitiyemo, kuri uyu munsi Ijuru ryanditse izina ryawe mu Isi utaje nk'umugabo gusa ahubwo uje nk'urumuri. Maze mu b'Umana bwayo ihuza ubuzima bwawe n'ubwanjye"
Tariki ya 6 Gicurasi 1994 uwari Minisitiri w’Intebe, Jean Kambanda, yavugiye kuri Radio Rwanda maze ashishikariza interahamwe kongera imbaraga mu kwica Abatutsi.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya UEFA Champions League, isezereye Atlético Madrid yo muri Espagne ku giteranyo cy’ibitego 2-1.
Kuri uyu wa Kabiri umuyobozi w'akarere Ka Nyamagabe yatangije ku mugaragaro sisitemu “Mbaza” anasaba abaturage kurushaho kwita ku mibereho myiza
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe imisifurire yahagaritse igihe cy’umwaka umwe, Nsengiyumva Jean Paul wari umusifuzi wa kabiri wo ku ruhande ku mukino wahuje Mukura VS&L yatsinzwemo na Rutsiro ibitego 2-1 ku cyuweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, i Huye kuri Stade Kamena.
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi , Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pon Dat, mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda yifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe w’amavuko  , umuhungu we yise 'Yago Life II '