Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

Imyidagaduro

Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.
Abanyamakuru b'imikino Ishimwe Adelaide uzwi nka Ida uherutse gusezera kuri Radiyo/TV 10 na Hitimana Jean Claude uzwi nka Hit ukihakora bateguje ubukwe buzaba tariki 5 Nzeri 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026

Inkuru Nshya

Umukinnyi wa APR FC, Cheick Ouattara Djibril yavuze ko yifuza kubona ikipe ya APR FC akinira na Rayon Sports zikina imikino y'amatsinda mu marushanwa Nyafurika ya CAF Champions League na CAF Confederation Cup muri uyu mwaka w'imikino wa 2026/27.
Ubwizigame bw’abanyamigabane mu cya Kigega cya RNIT Iterambere Fund bwageze kuri miliyari zirenga 149 Frw mu 2026 buvuye kuri miliyari 1 Frw  bwari ho mu 2016 ubwo iki kigega cyashingwaga.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu Junior Kameni w'imyaka 25 ukomoka muri Cameroon wakiniraga ikipe ya Khor Fakkan SSC yo muri Emirati Zunze Ubumwe z'Abarabu, UEA, yari amazemo umwaka umwe w'imikino.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatanze amabwiriza mashya agamije guhagarika uruhare rutemewe rw'abasirikare n'abapolisi mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro.
Perezida Kagame yihanganishije Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, umuryango we, ndetse n'abaturage ba Qatar, ku bw'urupfu rwa se, Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani
Abanya-Sudan baba mu Rwanda basanga ibyo Perezida Paul Kagame avuga byo kunga ubumwe no gukorera hamwe kw’ibihugu bya Afurika ari byo bizafasha uyu mugabane kwiteza imbere ku buryo burambye.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Nyakanga, inyubako yitwa Zara Invetment iri mu cyanya cy'inganda i Masoro yibasiwe n'inkongi y'umuriro irashya, Polisi iratabara.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda, Eng. Richard Nyirishema, yavuze ko Umushinga wa Muvumba Multipurpose Dam witezweho kuzafasha mu kuhira hegitari zisaga 10,000 z’ubutaka buhingwa, ugeze ku kigero cya 61.5%.