Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

YAVUTSE KU MUBYEYI WAFASHWE KU NGUFU MURI JENOSIDE || UMVA UBUHAMYA BWA ALINE WAKURANYE IGIKOMERE

BAL FINALS 2026: The Dramatic Ending That Crowned RSSB Tigers Champions 90-88

Extended Highlights and Awarding| APR FC 2 – 0 GICUMBI |APR FC are BK Pro League National Champions

🔴🔴 APR FC ISHYIKIRIJWE IGIKOMBE || AFANDE CDS ARISHIMYE ATANZE UBUTUMWA ||

🔴🔴 REBA IBIRORI APR FC IKOREWE ITWARA IGIKOMBE || AKARASISI K’ABASIRIKARE || BAHAWE ICYUBAHIRO

BUMVAGA ARI INZOZI KO INKOTANYI ZIZABOHORA IGIHUGU ZIKAKIYOBORA: Madamu Jeannette Kagame

NARAYE HAFI YO KWA PEREZIDA || NDASHIMA LETA Y’UBUMWE || PATRICK WAVUYE MU MASHYAMBA YA CONGO

NDACYABABARA- BOUKURU NA ISH KEVIN || IGIHANGO CY’URUNGANO

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Mbere ku bitaro bya Munini ho mu karere ka Nyaruguru umuyobozi w'Akarere Dr. Murwanashyaka Emmanuel yakiriye itsinda ry’abaganga b’abasirikare b'inzobere baturutse mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe (Rwanda Military Hospital) mu gikorwa cy’ubuvuzi kizamara iminsi 33.
Abakinnyi n’abagize Ikipe y’Igihugu Amavubi berekeje muri Maroc aho bazakinira imikino ya gishuti  itegura iyo gushaka itike o kuzitabira igikombe cya afurika cy’ibihugu cya 2027.
Itangishaka Blaise wari mu banyarwanda 13 bitabiriye amahugurwa y’abatoza mu ikipe ya Atletico de madrid yo muri Esipanye, ntiyatahanye na bagenzi nyuma yo kuyasoza.
U Rwanda rwavuze ko rwubashye umwanzuro w’Urukiko Mpuzamahanga ku kirego rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyoni 100 z’amapawundi, rugaragaza ko uru rubaza rwari rukomeye ariko nanone ko rwashoboraga kuvamo imyanzuro itandukanye.
Abayobozi n’abakozi b'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Imiturire (Rwanda Housing Authority, RHA) biyemeje gushyira itafari ryabo mu gusigasira amateka yaranze u Rwanda, kurinda ibyagezweho no kurwanya ubugwari nk’ubw’abasenye u Rwanda rwiyubatse ubu.
Urukiko  Mpuzamahanga rw'ubuhuza rwanzuye ko u Bwongereza butazishyura u Rwanda arenga miliyari 190 Frw rwari rwaregeye nk’indishyi ku mpamvu z’uko u Bwongereza butabahirije ibikubiye mu masezerano ibihugu byombi byagiranye yo kohereza abimukira mu Rwanda.
Umuyobozi mukuru w'urubuga ngishwanama rw'inararibonye mu Rwanda Tito Rutaremara asaba abanyamadini kutavanga Imana na Jenoside yakorewe Abatutsi,kuko nta mana yayihagaritse ahubwo Jenoside yakozwe n’abantu,ikorerwa abantu kandi inahagarikwa n’abantu.