Inkuru Nshya

Amashusho

🔴🔴 PRESIDENT KAGAME AT AFRICA CEO FORUM OPENING CEREMONY || SANCTIONS …||

IREBERE IBITEGO BYOSE || APR FC VS ETINCELLES FC || PEACE CUP SEMI FINALS REG 2 || EXTENDED HIGHILI

🔴🔴HIGHLIGHTS: AL HILAL SC 2-1 GASOGI UNITED || AL HILAL ITSINZE GASOGI ITWARA IGIKOMBE ||| MD33

🔴🔴 REBA UKO AL HILAL IHAWE IGIKOMBE || MU BYISHIMO BIDASANZWE ABAKINNYI BA AL HILAL

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

🔴🔴 TURASHAKA APR KURI FINAL || GORILLA NI UMWANA || ABAFANA BA RAYON SPORTS MU BYISHIMO BYINSHI

EDRC | Gushyira imbere ibihano ku Rwanda ntibishobora kurwemeza ibyo rutemera | Perezida Macron

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

Imyidagaduro

Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yerekanye ko yitegura kurushinga na Nishimwe Liliane bamaze igihe mu rukundo, utuye mu Bubiligi.
Umuhanzi ukomoka muri Kenya, Bien-Aimé Baraza, uzwi cyane nka Bien, na Abigail Chams ukomoka muri Tanzania bazasusurutsa abazitabira imikino ya BAL
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.

Inkuru Nshya

Kuri iki cyumweru Minisitiri w'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu Dr. Bizimana J.Damascene yifatanyije n’abaturage b’akarere ka Kamonyi mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi,ku rwibutso rwa Kamonyi rushyinguyemo Abatutsi basaga ibihumbi 47.
Abasirikare n'abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye i Malakal, muri Sudani y’Epfo, bifatanyije n’izindi ngabo ziri muri ubwo butumwa mu gikorwa cy’umuganda cyo gukuraho ibisigazwa by’ibyuma n’indi myanda mu duce twa Hai Matar na Hai Luakat, aho abaturage bahoze mu nkambi bari kwimurirwa.
Ibigo bitandukanye mpuzamahanga byiyemeje gushora imari yabyo mu Rwanda aho bamwe mu bayobozi b’ibigo by’ubucuruzi binyuranye bagaragaje ko gukorera mu Rwanda ntako bisa bitewe n’uko ari igihugu cyorohereza abashaka kuhashora imari.
Abanyarwanda baba muri Chad n’inshuti z’u Rwanda bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biyemeza kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside.
Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda ku bufatanye na Kaminuza y’u Rwanda, bateguye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe ku mutekano w’igihugu yabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’u Rwanda i Gako.
Kabuga arapfuye ariko ibyaha yakoze byo ntabwo bipfuye n’amateka ntabwo apfuye, Jenoside ni icyaha kidasaza kandi n’ayo mateka azakomeza anamushinje n’icyo cyaha.”