Mu Ntara y'Uburasirazuba ku mucanga w'inkengero z'ikiyaga cya Muhazi kuri Falcon Golf & Country Club hagiye gutangira gukinirwa igice cya kabiri (Round 2) cya Shampiyona y'Igihugu ya Volleyball yo ku mucanga (Beach Volleyball)
U Rwanda rwongeye kugarukwaho mu biganiro by’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku bijyanye no koherezwamo abimukira, aho ruri mu bihugu biri gutekerezwaho kwakira abantu basabye ubuhungiro mu bihugu by’i Burayi ariko bakaba batabuhawe.
Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yatangaje ko kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa 10 Nyakanga 2026, izabariza mu ruhame inzego 76 zagaragayemo amakosa n’ibibazo mu micungire y’imari n’umutungo bya Leta
Umusaza wo mu mudugudu wa Gishinge akagari ka Murama mu murenge wa Kisaro ho mu karere ka Rulindo aravuga ko atewe ubwoba n'umuhungu we w'imyaka 25 uhora amuhoza ku nkeke amubwira ko azamwica naramuka atamuguriye igare.