Inkuru Nshya

Amashusho

Tanzania na Rwanda sio tu majirani, ni ndugu na marafiki | Rais Dkt. Samia Suluhu Hassan| 3 May 2026

🔴LIVE : GANIJURU ELIE AHAWE AMAFARANGA MENSHI N’ABA RAYON | BATI “WAKINNYE NEZA MUSORE WACU”

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI WASIRI ASABYE ABASIFUZI B’ABABANYAMAHANGA | BIRAKABIJE

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI ABAFANA BA RAYON SPORTS BIKOMYE UMUSIFUZI CUCURI | PENALITI ITARIYO

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔴🔴AMAKURU 30.04.2026 || RIB YAFUNZE GITIFU WA MAGERAGERE | PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA

GEN (RTD) FRED IBINGIRA | IMANA YADUHAYE UMUYOBOZI | BYINSHI KU RUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE

NI IWABO W’INZOVU NA DIYAMA || IBYO WAMENYA KURI BOTSWANA PEREZIDA KAGAME AGIYE GUSURA

Imyidagaduro

Umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie yongeye kwandika andi mateka aho yujuje abamukurikira ‘Subscribers’ , miliyoni imwe kuri shene ye ya Youtube maze izina rye rihita ryandikwa ku rutonde ruriho abahanzi mbarwa mu Muziki Nyarwanda.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04 Gicurasi 2026, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire ku gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu yakatiwe abarimo Umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien wamamaye nka Djihad na bagenzi be barimo Kalisa John, Ishimwe François Xavier na Kwizera Nestor ku byaha bakurikiranyweho byo gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Miss Mutesi Jolly yerekanye ko atunze isakoshi igura akayabo ka miliyoni 10Frw z’amafaranga y’u Rwanda. Ni mu mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi.
Umuhanzi Tomclose akaba n'Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugore we Niyonshuti Ange Tricia.

Inkuru Nshya

Tariki 5 Gicurasi 1994, Umubikira Mukangango Gertrude yicishije Abatutsi ba nyuma bari barokotse ubwicanyi bwo ku wa 22 na 25 Mata 1994, bari bahungiye mu kigo cy’Ababikira yayoboraga cyari i Sovu muri Huye.
Minisiteri y’Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko kuva uyu mwaka watangira mu mezi ane gusa inkuba zimaze guhitana abantu 49 mu gihugu hose ndetse zinangiza ibikorwaremezo byiganjemo iby’amashanyarazi.
Ba ofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) riherereye mu Karere ka Musanze, bari mu rugendoshuri mu gihugu cya Algeria mu rwego rwo guhuza amasomo bigira mu ishuri n'ibikorerwa mu kazi.
Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y'u Rwanda, Prof. Didas Kayihura Muganga, yatangaje ko ireme ry'uburezi muri iyi Kaminuza rihagaze neza ku buryo hari abasoza amasomo baramaze kubona imyanya y'akazi ku isoko ry'umurimo.
Umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie yongeye kwandika andi mateka aho yujuje abamukurikira ‘Subscribers’ , miliyoni imwe kuri shene ye ya Youtube maze izina rye rihita ryandikwa ku rutonde ruriho abahanzi mbarwa mu Muziki Nyarwanda.
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Thelesphore Ndabamenye, yagaragaje ko hakenewe amavugurura ya politiki no kwihutisha udushya mu by’ingufu z’imirasire y’izuba hagamijwe kugera ku ikoranabuhanga rihendutse kandi ryoroshya ubuzima bw’abahinzi ari na ko ryongera umusaruro rikanasigasira umutekano w’ibiribwa.
Umunya – Ghana ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Dauda Yussif Seidu yatangaje ko yiteguye gukinira Amavubi mu gihe cyose yaba abisabwe.