Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

🔴🔴 HIGHLIGHTS : MUSANZE FC 0-0 POLICE FC || MATCH DAY 31 || UBWOROHERANE STADIUM || 9 MAY 2026

EXTENDED HIGHLIGHTS APR FC 0 4 AL HILAL SC lDAY 30 2025 2026 BK PL

🔴LIVE : MINISTIRI AMB. UWIHANGANYE MURI GEN – Z AVUZE KU BIJYANYE NA ESSANCE N’INGENDO Z’IMODOKA

🔴LIVE : DJ BRIANNE NA TESHA MURI GEN – Z COMEDY SHOW BAVUZE UKO BIYUMVA | UBUTUMWA KURI MUYANGO

🔴LIVE : MU GAHINDA N’AMARIRA MENSHI ABAFANA BA APR FC BIRUKANYE ABAKINNYI HAFI YA BOSE

🔴LIVE : MU BWISHONGOZI BWINSHI FERDINAND WA RAYON SPORTS AGENEYE UBUTUMWA APR FC

🔴🔴AMAKURU 07.05.2026 || PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA || KIMENYI YVES MU RUKUNDO RUSHYA

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba

Inkuru Nshya

Minisitiri Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ikoreshwa nabi ry'uburenganzira bwa VETO bufitwe n'ibihugu bitanu bikomeye ku Isi, kuko bibwitwaza mu gushyira igitutu ku bihugu bigize akanama k'umutekano ka Loni, bigakoma mu nkokora ibiganiro by'umutekano
Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu bagabo, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko muri uyu mwaka w'imikino hazatangwa ibikombe bibiri.
Ku munsi nk’uyu, tarikiya 12 Gicurasi 1994, kuri ADEPR Nyabisindu i Muhanga haje interahamwe zisize ingwa n’amarangi zambaye amashara, zifite intwaro, ibyuma, amashoka, imihoro, ubuhiri burimo imisumari, zirara mu Batutsi bari bahahungiye zirabica.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi,yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo  kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA).
Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma barenga 25 baturutse hirya no hino ku mugabane wa Afurika mu nama ya #AfricaForwardSummit.
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Abantu benshi bafata gupfusha umuntu nk'agahinda gakomeye kurusha ibindi byose umuntu ashobora guhura na byo, ariko ubushakashatsi bw'imiterere y'abantu bwo mu 2026, bwagaragaje ko gutandukana n'umukunzi wawe mwakundana by'ukuri 'breakup' bishobora gutera agahinda gakomeye cyane kurusha kubura umuntu wapfuye
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Murangwa yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda iziyongera mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027, ikagera kuri miliyari 7,796.3 Frw, ivuye kuri miliyari 6,952.1 Frw zari zateganyijwe mu mwaka wa 2025/2026