Producer Clement washinze Kina Music, yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yahurijemo Bruce Melodie, Nelly Ngabo na Shaffy

Imboga n’imbuto byinjirije u Rwanda miliyari 385.5 Frw mu myaka 5

Umuraperi Lil G agiye gukorera igitaramo cy’amateka i Kigali

RDC: Amerika yamaganye ibitero bya ‘drone’ byibasira abasivile

Producer Clement washinze Kina Music, yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yahurijemo Bruce Melodie, Nelly Ngabo na Shaffy

Imboga n’imbuto byinjirije u Rwanda miliyari 385.5 Frw mu myaka 5

Umuraperi Lil G agiye gukorera igitaramo cy’amateka i Kigali

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Arabie Saoudite

Politiki

Amb. Moses Rugema yatanze kopi z’impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Nigeria

Ubuhinzi

Imboga n’imbuto byinjirije u Rwanda miliyari 385.5 Frw mu myaka 5

Ibidukikije

Abanditsi b’impapurompamo z’ubutaka basabwe gukemura ibibazo birinda kuba ba gitera

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Uburezi ni inkingi y’iterambere n’umusemburo w’impinduka- Minisitiri Nsengimana

Amashusho

🔴HIGHLIGHTS | KIYOVU SPORTS 1 – 2 MARINE FC || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔥🔥IKIBAZO SI G TAFF UMUNTU ATANGA ICYO AFITE IKIBAZO NI ABABIKWIRAKWIZA

RUGAJU NA LORENZO BAGARUTSWEHO | RIB YIHANANGIRIJE BWA NYUMA ABAKORA IBIGANIRO BYA SIPORO

BIBAGA ABAKOBWA BITWAJE IBYUMA NDETSE BAKANABASAMBANYA || RIB YAHISHUYE AMAYERI MASHYA AKORESHWA

Highlights| REBA IBITEGO BYOSE | Etincelles FC 1-1 Rayon Sports FC

Highlights | MARINE FC 2 – 2 APR FC

Ni indwara idakira: Sobanukirwa byimbitse ALS yica uyirwaye ibanje guhagarika ibice by’umubiri

🔴MU BWENGE BWINSHI ATUJE GASONGO WA APR FC ASESENGUYE BURI KIMWE | AGENEYE UBUTUMWA ABA RAYON

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Imyidagaduro

Ishimwe Clement washinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music ndetse akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi, yashyize hanze indirimbo Bella, ikaba ari yo ya mbere asohoye kuri Album ye ya mbere yise" Legacy" ateganya gushyira hanze vuba.
Karangwa Lionel wamamaye mu muziki Nyarwanda cyane uwa Hip Hop nka Lil G yatangaje ko agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka 4 yari amaze atuye muri Polonye.
Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance, ryataramiye abitabiriye igitaramo cy’Urwenya cya Gen-Z Comedy Show.

Imikino

Ikipe ya Police FC na Rayon Sports FC zaguye miswi mu mukino ubanza wa ¼ w’igikombe cy’Amahoro ziha umukoro wo gukosora byinshi mu mukino wo kwishyura.

Inkuru Nshya

Ishimwe Clement washinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music ndetse akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi, yashyize hanze indirimbo Bella, ikaba ari yo ya mbere asohoye kuri Album ye ya mbere yise" Legacy" ateganya gushyira hanze vuba.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB, cyatangaje ko mu gihe cy'imyaka itanu, kuva mu 2020 kugeza mu 2025, u Rwanda rwohereje mu mahanga imboga n’imbuto zingana na toni 328.9, zinjiriza Igihugu arenga Miliyari 385.5 Frw
Karangwa Lionel wamamaye mu muziki Nyarwanda cyane uwa Hip Hop nka Lil G yatangaje ko agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka 4 yari amaze atuye muri Polonye.
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj. Gen Vincent Nyakarundi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2026 yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare n’abapolisi  bitegura kujya gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa kurwanya iterabwoba i Cabo Delgado muri Mozambique
Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu biro bishinzwe Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yamaganye ibitero bya drone byibasira abasivile, isaba impande zose ziri mu ntambara kubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano no kurinda ubuzima bw’abaturage n’abakozi b’imiryango mpuzamahanga
Leta ya Jamaica binyuze mu Mugaba Mukuru w’Ingabo zayo, Vice Admiral Antonette Wemyss-Gorman, yashimiye u Rwanda ku gikorwa rwakoze cyo kuboherereza ingabo zo kubafasha gusana no kubaka ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa iherutse kwibasira iki gihugu cyo muri Amerika y’Amajyaruguru.
Twagirumukiza François yatorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, PSF. Ni umwanya asimbuyeho Mubiligi Jeanne Françoise wayiyoboraga kuva muri Gashyantare 2023
Ku wa 4 Werurwe 2026 ni bwo mu igazeti ya Leta hatangajwe itegeko Nº 011/2026 ryo ku wa 26/02/2026 rigenga ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, aho ryaje risimbura itegeko Nº 36/2012 ryo ku wa 21/09/2012

Ikoranabuhanga

Ibihari