Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔴🔴AMAKURU 30.04.2026 || RIB YAFUNZE GITIFU WA MAGERAGERE | PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA

GEN (RTD) FRED IBINGIRA | IMANA YADUHAYE UMUYOBOZI | BYINSHI KU RUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE

NI IWABO W’INZOVU NA DIYAMA || IBYO WAMENYA KURI BOTSWANA PEREZIDA KAGAME AGIYE GUSURA

NYANZA : UMUSAZA WASHINJWAGA KWICA UMUKECURU YAFUNGUWE

🔴🔴AMAKURU 29.04.2026 || ABANA BARI MUNSI Y’IMYAKA 16 BAGIYE GUKUMIRWA KU MBUGA NKORANYAMBAGA

🔴🔴 AMAKURU 28. 04.2026 || UMWARIMU AFUNZE AZIRA KWIGURIZA AMAFARANGA KURI TEREFONI YA MUGENZI WE ||

KWIBUKA32 : KU MAYAGA YA NTONGWE BISHIMIYE INZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BUBAKIWE

Imyidagaduro

Umuhanzi Tomclose akaba n'Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugore we Niyonshuti Ange Tricia.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira wubatse izina mu Muziki Nyarwanda ari mu byishimo byo kwizihiza  imyaka itanu amaze mu rushako ndetse n’isabukuru y’amavuko y’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie.
Umuraperi Ngenzi Serge wamamaye mu Muziki Nyarwanda by’umwihariko uwo mu njyana ya HipHop nka Neg G The General , yatangaje ko yisubiyeho ku mugambi wo gusohora indirimbo isubiza iya Riderman yari yacyetse ko yamwibasiye.
Umuhanzi The Ben ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella bari kubarizwa muri Zambia aho aba bombi biteganyijwe ko bazitabira igitaramo gikomeye umuhanzi Davido, azakorera i Lusaka ku wa Gatandatu tariki ya 02 Gicurasi 2026.

Inkuru Nshya

Umuhanzi Tomclose akaba n'Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugore we Niyonshuti Ange Tricia.
Abatutsi biganjemo abana n’abagore bari bijejwe kurindwa biciwe ku Ibambiro mu cyahoze ari Komine Muyira, abandi bicirwa kuri ADEPR i Gihundwe mu Karere ka Rusizi.
Al Ahly SC yo mu Misiri yegukanye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball [CAVB Men’s Club Championship 2026], ihigitse Police VC yo mu Rwanda.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RDF na Polisi) ziri  mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique n’abaturage baho bakoze umuganda rusange mu rwego rwo gusukura umujyi.
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania kuri uyu wa 3 Gicurasi 2026, mu ruzinduko rw’umunsi umwe rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.