Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

Imyidagaduro

Umubyinnyi mpuzamahanga w'umunyarwanda ariko ufite n'ubwenegihugu bw'Ubwongereza, Sherrie Silver, yishimiye guhura na Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino ku mukino w'Igikombe cy'Isi wahuje Ubwongereza na Argentine muri 1/2 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ibyamamare mu myidagaduro Nyarwanda barimo Anita Pendo, Mutesi Jolly, Uwase Muyango, The Ben, Bruce Melodie, Ashton Small n’abandi, batangajwe nk’abahatanye mu bihembo Africa Content Creator Awards 2026.
Umunyamerika Ashton Hall, uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026, rw'abantu 50 bakoresha imbuga nkoranyambaga (content creators) binjirijeho amafaranga menshi kurusha abandi ku Isi.
Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.

Inkuru Nshya

“Congo ntabwo yigeze ishaka amahoro. Yakomeje gufasha FDLR mu kuturwanya, nyuma baza kwihuza n’abandi basirikare b’ibindi bihugu, ngira ngo muzi inkuru za Goma. Gusa twarabasabye tuti basi mudufashe gukemura ikibazo cya FDLR, ibyacu bizaba birangiye.”
Aston Villa FC ni ikipe yo mu Mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, yashinzwe tariki 21 Ugushyingo 1874, ishingwa n’abagabo bane (4) aribo Jack Hughes, Frederick Matthews, Walter Price na William Scattergood bari basanzwe ari abakinnyi ba cricket b’ikipe y’urusengero rw’abawesle (Wesleyan Church) i Aston Villa.
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'u Rwanda byongeye gushimangira ubushake bwo gukomeza gushyira mu bikorwa Amasezerano ya Washington amaze umwaka ashyizweho umukono ku rwego rwa ba Minisitiri.
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ubushomeri bwageze kuri 13,2% muri Gicurasi 2026, imibare itarahindutse ugereranyije n'igihe nk'icyo mu 2025.
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda ko bafite ubushobozi abasaba kutisuzuguza imbere y’abandi kuko ntamuntu numwe udafite ikintu atanga.
Perezida Paul Kgame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryano wa RPF-Inkotanyi yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kujya bibwiza ukuri bakareba niba inshingano bahawe gukorera abaturage bazuzuza uko bikwiye avuga ko iyo bidakozwe bigira ingaruka ku gihugu ndetse no kuri bwite.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame akaba na Chairman w'umuryango FPR Inkotanyi yavuze ko Politiki nzima ari iyo guhangana n'ibibazo biriho, atari politiki y'ibinyoma no guhimba kuko iyo yongera ibibazo aho kubicyemura.
Umukinnyi Tuyizere Jean Baptiste ukinira Kepler VC yagaragaje intimba n'agahinda yatewe n'urupfu rwa Byiringiro Patrick bakinanaga, witabye Imana ku wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 20226 azize uburwayi bwa kanseri y'igifu.