Inkuru Nshya

Amashusho

🔴🔴AMAKURU 05.05.2026 || URUBYIRUKO RUDASHAKA GUKORA | INKUBA ZISHE BENSHI | FERWAFA YAHANNYE , ETC

🔴HIGHLIGHTS : AMAGAJU FC 0 – 1 KIYOVU SPORTS || URUCACA RUKUYE INSTINZI I HUYE | SADJA BULAYA ⚽

🔴HIGHLIGHTS : AMAGAJU FC 0 – 1 KIYOVU SPORTS || URUCACA RUKUYE INSTINZI I HUYE | SADJA BULAYA ⚽

Tanzania na Rwanda sio tu majirani, ni ndugu na marafiki | Rais Dkt. Samia Suluhu Hassan| 3 May 2026

🔴LIVE : GANIJURU ELIE AHAWE AMAFARANGA MENSHI N’ABA RAYON | BATI “WAKINNYE NEZA MUSORE WACU”

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI WASIRI ASABYE ABASIFUZI B’ABABANYAMAHANGA | BIRAKABIJE

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI ABAFANA BA RAYON SPORTS BIKOMYE UMUSIFUZI CUCURI | PENALITI ITARIYO

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

Imyidagaduro

Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026.
Ikiganiro ‘This and That’ gikorwa n’abanyamakuru Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy na Blandine Uwase uzwi nka Blandy, kigiye gusubukurwa nyuma y’amezi agera kuri atanu kitaba
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Agasaro Tracy yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugabo we bakunze kuririmbana Rene Patrick, amushimira ko Imana yamuzanye mu buzima bwe

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Kane abanyarwanda 359 batahutse bava mu burasirazuba bwa DRC binjirira ku Mupaka Munini wa La Corniche uhuza umujyi wa Rubavu n'uwa Goma
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 6.2% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka ushize wa 2025 mu gihe impuzandengo y'izamuka ku mwaka yari 6.3%.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Uyu munsi nk’uyu, tariki ya 7 Gicurasi 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko kuri iyi tariki bamwe mu banyeshuri bo muri Groupe Scolaire Marie Merci I Kibeho bagize uruhare mu kwica Abatutsi.
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora (RCS), rwatangaje ko Uzaramba Karasira Aimable byari byitezwe ko agomba kurekurwa nyuma yo kurangiza igifungo yari yarahawe, yapfuye kuri uyu wa 07 Gicurasi aguye mu bitaro bya Nyarugenge.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashimiye ikipe ya Paris Saint Germain yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League isezereye FC Bayern Munich yo mu Budage, ku giteranyo cy’ibitego 6-5 nyuma yo kunganya 1-1 mu wo kwishyura.
Perezida wa Botswana, Duma Boko yasabye u Rwanda n'igihugu cye kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'ubufatanye ahuriweho, ashimangira ko hatagomba kubamo gutakaza igihe kuko ibihugu byombi biri mu rugendo rw'iterambere ryihuse
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu MINUBUMWE, yavuze ko kuva mu 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi yarangira abasaga ibihumbi 70 bari barafungiwe ibyaha bya Jenoside bafunguwe ndetse ubu bari mu buzima busanzwe.