Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Arsenal Fans in Kigali Rwanda, celebrating Arsenal; the 2026 Premier League Champions! 🏆

Abahize abandi bahembwe, abanyeshuri 146 barahiriye kwinjira mu rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora.

Minisitiri Biruta yagaragaje impamvu Leta yashyize imbaraga mu guteza imbere RCS

RCS yungutse aba Ofisiye bato 146 bahuguwe ku micungire y’amagororero

SCOVIA ABAZA IMPAMVU HATABAHO UBWISHINGIZI KUNZU// HARI UBWISHINGIZI BUDATEGETSWE N’UBUTEGETSWE

BNR mu ngamba nshya zo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko| Yazamuye inyungu fatizo ku nguzanyo

SOBANUKIRWA IFARANGA KORANABUHANGA RY’U RWANDA// IGERAGEZA RYARARANGIYE

🔴🔴 PRESIDENT KAGAME AT AFRICA CEO FORUM OPENING CEREMONY || SANCTIONS …||

Imyidagaduro

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.
Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.
Iperereza ryakorewe Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki Nyarwanda, ryagargaje ibindi byaha 7 akurikiranyweho n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB
Iradukunda Grace Divine wamamaye nka Dj Ira, yahishuye ko uburwayi bwa Se umubyara, Mbonimpa Juvénal, ari bwo bwatumye afata umwanzuro wo guhagarika gukora kuri Televiziyo Rwanda, aho yakoraga akazi ko kuvanga imiziki.

Inkuru Nshya

Mu kagari ka Kajevuba mu murenge wa Ntarabana w'akarere ka Rulindo abantu babiri bagwiriwe n'ikirombe bahasiga ubuzima.
Irari n’urukundo ni amagambo atavugwaho rumwe na benshi ndetse bamwe ntibasobanukirwa niba hari itandukaniro riri hagati y’aya magambo yombi kuko hari abavuga ko ari bimwe mu gihe abandi bahamya ko atandukanye bakavuga ko urukundo nyarwo ntaho ruhurira n’irari.
Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025, hakurikiranywe ibirego birenga 4000 by’abana basambanyijwe.
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Uwimana Consolée yasangije ubuzima bw'ubuhunzi yabayemo atinya gutahuka mu Rwanda, ashimira Inkotanyi zamutabaye ndetse na Perezida w'Igihugu wamugiriye icyizere
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin yahuye n’Abanyarwanda batuye muri Benin, abashimira uruhare rwabo mu gushimangira umubano mwiza uri hagati y'u Rwanda n’iki gihugu.
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda CG Felix Namuhoranye, akaba n’umuyobozi mukuru wa komite y’ubujyanama mu bya tekinike (TAC) y'ikigo cy'akarere gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry'intwaro nto (RECSA), yafunguye ku mugaragaro Inama ya 17 y’iyo Komite ihuriza hamwe abahagarariye Komite zo mu bihugu binyamuryango bya RECSA.
Itsinda ry’abaganga 128 baturutse mu Rwanda berekeje muri Ethiopia aho bagiye mu mahugurwa yihariye bazahuriramo n’abandi baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika.