Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kanama 2026 ni umunsi ugoye abakunda ibirori kubona amahitamo y’aho berekeza kubera ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro biteganyijwe kubera rimwe mu Rwanda kandi ahantu hatandukanye.

Inkuru Nshya

Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascéne Bizimana,  yasabye Abanyarwanda kuzirikana indangagaciro z'umuco Nyarwanda Umuganura ubibutsa, zirimo gukunda Igihugu, ubupfura, umurava, kwiyubaha, n'izindi bakirinda kirazira nko kwiyandarika n’izindi.
Abakinnyi William Kiah Perry na Abdoulaye Harouna Amadou bari barasinyishijwe n'ikipe ya REG BBC ngo bazayifashe mu mikino ya kamarampaka, Cheetah Energy RBL Playoffs, ntabwo bazakinira iyi kipe y'Ikigo Gishinzwe Ingufu bitewe n'uko batujuje ibyangombwa.
Mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma mu cyubahiro Senateri Mukabalisa Donatille uherutse kwitaba Imana.Uyu muhango witabiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu, abagize umuryango we, abavandimwe n’inshuti baje kumuha icyubahiro cya nyuma no kwifatanya n’umuryango we mu kababaro.
Ikipe ya Rayon Sports y'abagore yatandukanye n'abakinnyi 5 itazakomezanya nabo mu mwaka utaha w'imikino wa 2026/27.Aba bakinnyi batandukanye na Rayon Sports ni Nahimana Nasra ukina ku ruhande rw'iburyo asatira izamu, Umwiza Martha ukina mu kibuga hagati, Keza Angelique ukina nka myugariro, Mukamana Jeanette ukina ku ruhande rw'ibumoso yugarira n'umunya-Cameroon Matapa Naoussie Omerie Delsir ukina nka rutahizamu.
Umuzamu w'umunyarwanda Muhawenayo Gad yamaze kumvikana n'ikipe ya Kuching City ikina icyiciro cya mbere muri Malaysia nyuma yo gutandukana na Marines FC yari yarasinyiye atayikiniye umukino n'umwe.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Icuruzwa ry’abantu ni kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi. Imibare y’Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye rishinzwe Kurwanya Ibiyobyabwenge n'Ibyaha UNODC, igaragaza ko ku mwaka abarenga miliyoni 27.6 bacuruzwa cyangwa bakajyanwa gukoreshwa imirimo y’agahato aho ibi bikorwa byinjiriza ababikora asaga miliyari 236$.
Kuva hatangizwa gahunda yo kurwanya no guca ibinyobwa bitujuje ubuziranenge ,Polisi mu mujyi wa Kigali,ifatanyije n'izindi nzego bafashe ikinyabutabire cya Ethanol cyifashishwa mu kwenga izi nzoga ,Litiro zirenga ibihumbi 470 zikaba zamenwe mu Kimoteri cya Nduba.