Inkuru Nshya

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga (Miss) w'u Rwanda muri 2020 yagaragaje ko we n'umugabo we Michael Tesfay benda kwibaruka imfura yabo.
Abanywarwanda mu ngeri zinyuranye haba abari imbere mu gihugu no hanze yacyo bakozwe ku mutima n’intsinzi ya Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 bagaragaza amarangamutima yabo yuzuyemo ibyishimo bisendereye.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.

Inkuru Nshya

Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), atangaje ko  ikomeje kwimura abaturage batuye ahashobora gushira ubuzima bwabo mu kaga, kandi ko yiteguye guhangana n’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi iteganyijwe mu minsi iri  imbere.
Ikipe ya Al Hilal SC Omdurman yo muri Sudani yatangaje umutoza w'Umudage Dragan Paljić nk'umutoza wayo wungirije mushya.
Ikipe ya Marine FC y'Igisirikare cy'u Rwanda kirwanira mu mazi yamaze kumvikana ndetse isinyisha rutahizamu Naman Keita ukomoka muri Mali avuye mu ikipe ya Olympique Beja yo muri Tunisia.
Ubutabera bwo mu Bufaransa bwemej bidasubirwaho ko Lt. Col. Cyprien Kayumba wahoze mu Ngabo z’u Rwanda za mbere ya Jenoside (Ex-FAR),  yoherezwa imbere y’urukiko rwa rubanda rw’i Paris kugirango aburanishwe ku byaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Rutahizamu ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Joy-Lance Mickels, yafashije ikipe ye ya Sabah FK yo muri Azerbaijan kugera mu ijonjora rya kane ari naryo rya nyuma igahita ijya muri UEFA Champions League.Mu mukino Sabah FK yakiriyemo AGF yo muri Denmark kuri Bank Respublika Arena, Joy-Lance Mickels yatanze umupira wavuyemo igitego ndetse atsinda n’igitego cya gatatu cyo ku munota wa 78 mu bitego 4-0 Sabah FK yatsinze.
Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa y'urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police) ku basirikare 146.
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Dr Shema Ngoga Fabrice usanzwe ari Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, akaba n'Umuyobozi Mukuru w'Ikigo Africa Medical Supplier Plsc Rwanda.
Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika y'Iburasirazuba no Hagati, CECAFA, yahaye u Rwanda uburenganzira bwo kwakira irushanwa rya CECAFA Kagame Cup imyaka ibiri ikurikirana ya 2027 na 2028.