Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

Imyidagaduro

Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.
Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze umuzingo w’indirimbo mushya (Album) yise “Never Broke Again” uzajya hanze tariki 28 Nzeri 2026

Imikino

Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje ko kigiye gukorana n’inzego zibishinzwe mu gukurikirana abacuruzi b’amata, nyuma y’uko bamwe bazamuye ibiciro bavuga ko babitewe n’igabanuka ry’umukamo ryatewe n’impeshyi.
Ikigo mpuzamahanga Fitch Ratings cyongeye guha u Rwanda amanota ya “B+” ku bushobozi bw’igihugu bwo kwishyura imyenda y’igihe kirekire, kivuga ko ubukungu bw’igihugu bukomeje kugaragaza ubushobozi bwo gukura no guhangana n’ibibazo bishobora kubwibasira.
Ku wa Mbere tariki 14 Nzeri 2026, itsinda rigizwe n’abakozi 24 baturuka mu bigo bitandukanye by’umutekano n'izindi nzego za Leta batangiye Icyiciro cya Kane cy' amahugurwa ajyanye n’imiyoborere n'imicungire y’ingabo.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage, yafashe abagabo babiri bakekwaho ibikorwa by’ubujura burimo n’ubw'amatungo, harimo uwafatanywe urumogi iwe.
Habumugisha Dieudonne w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 yahize abandi bakinnyi mu gikombe cya Afurika cya handball cy’abatarengeje imyaka 20 cyaberaga muri Côte d'Ivoire nk’uwatanza imipira myinshi yavuyemo ibitego.
Mu Karere ka Rwamagana umusore w’imyaka 20 yitabye Imana, abandi batatu bari kumwe barakomereka bikomeye nyuma y’uko ingunguru bakoreshaga mu guteka kanyanga ibaturikanye mu ishyamba.
Mu mpera z’icyumweru gishize Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League yarakomeje hakinwa imikino 4 y’umunsi wa 2.
Police y’abagabo yatangaje ko yasinyishije Ganza Nolan Enzo ukina asaranganya imipira (Setter), naho iy’abagore isinyisha abakinnyi babiri bashya aribo Uzamukunda Fillette ukina nka libero na Rosaly Galdino Pereira Egwuatu Chioma ukina yataka (Outside hitter).