Inkuru Nshya

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Abanywarwanda mu ngeri zinyuranye haba abari imbere mu gihugu no hanze yacyo bakozwe ku mutima n’intsinzi ya Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 bagaragaza amarangamutima yabo yuzuyemo ibyishimo bisendereye.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.

Inkuru Nshya

Shampiyona y'icyiciro cya mbere ya volleyball y'umwaka wa 2026-2027 mu bagore n'abagabo, Rwanda National Volleyball League, izatangira tariki 16 Ukwakira 2026.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya basketball y'ingimbi zitarengeje imyaka 18 yatsinzwe n'ikipe y'igihugu ya Cameroon amanota 76-58 mu mukino wayo wa kabiri mu Gikombe cya Afurika cy'abaterangeje imyaka 18 kiri kubera i Abidjan muri Côte d'Ivoire.
Mu bihe by’ihinga igihembwe cy’umuhindo kigira uruhare runini mu kwihaza mu biribwa aho ku musaruro uboneka ku mwaka, haboneka nibura 70% by’umusaruro w’ibigori; 54% by’umusaruro w’ibirayi; 49% by’umusaruro w’umuceri na 47% by’umusaruro w’ibishyimbo, ugereranyije n’igihembwe cy’itumba.
Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko iperereza ku bantu bafite aho bahuriye n’ikorwa n’ikwirakwizwa ry’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge rizakomeza, mu rwego rwo gukumira ibikorwa bishobora gushyira ubuzima bw’abaturage mu kaga.
Ku bufatanye bwa Ambassade y’u Rwanda muri Zambia n’ishyirahamwe ry’Abanyarwanda baba muri Malawi bizihije umunwi w’Umuganura aho bahuriye hamwe bagasangira ndetse bakibikiranya igisobanuro cy’uyu muhango mu mateka y’u Rwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amaganga n’Ubutwererane Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko ibiganiro bigamije kugarura umwuka mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi byahagaze bitewe n’amagambo yagiye atangazwa na Perezida Evaritse Ndayishimiye.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko u Rwanda rwizeye ko Louise Mushikiwabo azongera gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, OIF mu matora ateganyijwe mu Ugushingo 2026.