Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

Imyidagaduro

Nyuma yo gutanga ibyishimo mu myaka yashize, itsinda rya Urban Boyz ryari rigizwe na Safi, Nizzo na Humble Jizzo ryongeye guhurira hamwe mu gihe ryitegura kongera gutaramira abantu i Rubavu tariki 1 Kanama 2026 mu bitaramo bizenguruka Igihugu bya MTN Iwacu Muzika Festival bitegurwa na East African Promoters (EAP).
Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic) muri Miss Rwanda 2019 yerekanye imodoka nshya yaguze ya ‘Mercedes-Benz GLC 300’ ifite n’icyapa kiranga ikinyabiziga (Plaque) cyiri mu izina rye ‘Muyango’.
Mimi Mehfira, umugore w’umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy, yasubije abamubajije impamvu yabujije Umugabo we kongera gusohora indirimbo ababwira ko nawe ari umufana bityo ko ategereje nk’abandi.
Umubyinnyi mpuzamahanga w'umunyarwanda ariko ufite n'ubwenegihugu bw'Ubwongereza, Sherrie Silver, yishimiye guhura na Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino ku mukino w'Igikombe cy'Isi wahuje Ubwongereza na Argentine muri 1/2 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Inkuru Nshya

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'abatarengeje imyaka 18 mu bangavu, yatinzwe n'ikipe y'igihugu ya Misiri amanota 80-39 mu mukino wa gatatu w'imikino y'akarere ka gatanu yo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika cy'abatarengeje imyaka 18 iri kubera i Cairo mu Misiri.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe ya KVZ FC yo muri Zanzibar ibitego 2-0 mu mukino wayo wa mbere wo mu itsinda C muri CECAFA Kagame Cup 2026 wabereye muri Sitade Amahoro, ibitego byombi byatsinzwe n'abakinnyi bagiyemo basimbura.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yasabye abaturage kujya bamenyesha ubuyobozi mbere yo gutegura ibirori byakira abantu mu ngo kugirango hasuzumwe imitegurire y’amafunguro n’ibinyobwa bafata mu rwego rwo kwirinda gutanga ibitujuje ubuziranenge bihitana ubuzima bw’abantu.
Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, rigira riti “Perezida Kagame yakiriye Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba. Ibiganiro byabo byibanze ku mubano ukomeye uri hagati y’u Rwanda na Uganda, amahoro n’umutekano mu karere.”
Muhoza Eric yegukanye isigananwa ry'amagare rya Ingufu n'Igare ryakinwe ku nshuro yaryo ya mbere kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Nyakanga 2026 mu cyiciro cya bagabo, naho Nyirarukundo Claudette ahiga abandi mu cyiciro cy'abagore.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya basketball y'abatarengeje imyaka 18 mu bangavu, yitwaye neza itsinda Kenya amanota 77-66 mu mukino wa kabiri w'imikino y'Akarere ka gatanu (5) yo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika cya 2026 iri kubera i Cairo mu Misiri.
Abatuye akarere ka Gakenke baravuga ko idindira ry'ikorwa ry'umuhanda Giticyinyoni-Ruli-Gakenke ryateye itumbagira rikabije ry'ibiciro by'ingendo aho nk'urugendo rwa km 32 kuri moto ari ibihumbi 10 Frw bitewe n'ububi bw'umuhanda.