Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kurinda Pariki y’Ibirunga bitanga inyungu ikomeye ku baturage | CEO RDB Jean-Guy Afrika

KWITA IZINA BITWIBUTSA AGACIRO K’UMUTUNGO KAMERA DUFITE NO KUWURINDA | Minisitiri w’Intebe

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

Imyidagaduro

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, uzwi cyane mu itsinda rya Vestine & Dorcas, yasangije abamukurikira inkuru y’ibikomere n’ibibazo bikomeye avuga ko yanyuzemo nyuma yo gushaka na n’umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo ukomoka muri Burkina Faso.
Umuhanzikazi w’Umunyarwanda, France Mpundu, yahawe impano y’imodoka n’umugabo Moctar.
Umuhanzi w’umuraperi w’Umunyarwanda Ish Kevin yashyize hanze umuzingo w’indirimbo (Album) nshya yise “Trapish III: Win Some, Lose Some”, ugizwe n’indirimbo 10.
Nyuma y’iminsi mike abahanzi nyarwanda barimo Riderman, Bulldog, Juno Kizigenza, Ish kevin, Papa Cyangwe ndetse n’itsinda rya The Unit bahurije hamwe bagakora indirimbo iri munjyana ya Hip-Hop bise “Reka Mbeho” bagiye kuyisiba kubera impaka yateje

Inkuru Nshya

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, uzwi cyane mu itsinda rya Vestine & Dorcas, yasangije abamukurikira inkuru y’ibikomere n’ibibazo bikomeye avuga ko yanyuzemo nyuma yo gushaka na n’umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo ukomoka muri Burkina Faso.
Minisitiri w'Ubuzima,  Dr. Sabin Nsanzimana,  yavuze ko gahunda yo guca inzoga z’ibyuma yatangiye mu Gihugu hose hari litiro miliyoni 20, ashimangira ko nubwo zahagaritswe hari abakizifite abasaba kuzishyikiriza inzego zibishinzwe.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya Handball mu ngimbi zitarengeje imyaka 18 yasezerewe mu Gikombe cya Afurika kiri kubera i Abidjan muri Côte d'Ivoire nyuma yo gutsindwa na Guinea ibitego 24-21.
Itsinda ry’abofisiye bakuru n’abarimu bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare muri Namibiya, riri kumwe n'Umuyobozi w'iryo Shuri, Brig Gen Erastus Benhard Nathinge, ryagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen MK Mubarakh, ku cyicaro gikuru cya RDF.
Gutandukana kw’abashakanye ni kimwe mu bitera ibikomere bishingiye ku marangamutima aho usanga abatandukanye n’abo bashakanye bibagora kongera kwisanga mu buzima busanzwe ndetse bamwe bikabagiraho ingaruka zirimo kumva bahorana ipfunwe ryo gusenya.
Uwamariya Léontine, umwe mu banyeshuri bahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’Leve), yerekeje muri Jordanie aho agiye gukomereza amashuri.
Umwanditsi w’ibitabo akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Barbara Umuhoza, yamuritse igitabo cyitwa ‘The Comeback’ Surviving Divorce & Thriving After, cyibanda ku buzima bw’urushako burimo uko warushinga rugakomera, uko wahangana n’ihungabana rituruka ku gutandukana kw’abashakanye ugakira ibikomere ndetse ukongera ukubaka ubuzima.
Col. (Rtd) Jeannot K. Ruhunga yatangiye ku mugaragaro inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Pologne, nyuma yo gutanga impapuro zimwemerera gukora izi nshingano.