Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Nyarwanda, Nirere Shanel wamamaye nka Miss Shanel yabujije abantu kwitabira igitaramo cya Rema kizabera i Kigali avuga ko kukijyamo nta mutekano bazahabonera.
Itsinda ry’abana babyina rya Moriox Kids ryerekeje muri Kyrgyzstan aho ryatumiwe mu birori byo gusoza irushanwa Mpuzamahanga rya ‘World Nomad Games 2026’ bizaba tariki 6 Nzeri 2026.
Umuhanzikazi Butera Jeanne d’Arc, uzwi nka Knowless Butera, yagaragaje agaciro umugabo we Ishimwe Karake Clement, uzwi nka Producer Clement, afite mu buzima bwe, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza
Umuraperi Jay C yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Kampani’ yahuriye n’abandi bahanzi babiri basanzwe bakunzwe mu Rwanda, Marina na Bullgog.

Imikino

Inkuru Nshya

Umuhanzikazi Nyarwanda, Nirere Shanel wamamaye nka Miss Shanel yabujije abantu kwitabira igitaramo cya Rema kizabera i Kigali avuga ko kukijyamo nta mutekano bazahabonera.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yishimiye intsinzi y’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya volleyball mu bagore yageze muri 1/2 cy’igikombe cy’Afurika nyuma yo gutsinda Ghana amaseti 3-1 (25-17, 24-26, 25-19, 25-18).
Itsinda ry’abana babyina rya Moriox Kids ryerekeje muri Kyrgyzstan aho ryatumiwe mu birori byo gusoza irushanwa Mpuzamahanga rya ‘World Nomad Games 2026’ bizaba tariki 6 Nzeri 2026.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu bagore yakatishije itike ya 1/2 cy’irangiza cy’igikombe cy’Afurika kiri kubera Nairobi muri Kenya nyuma yo gutsinda Ghana amaseti 3-1.
Rutahizamu w’imyaka 24 ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Noam Fritz Emeran, yatandakunye n’ikipe ya Groningen FC yakiniraga, ikina icyiciro cya mbere mu Buholandi.
Izi ngendo zizatangira ku wa Kane tariki 3 Nzeri , kugera ku Cyumweru tariki 6 Nzeri 2026, mu gihe amasomo azatangira ku wa Mbere tariki 7 Nzeri 2026.
Umuhanzikazi Butera Jeanne d’Arc, uzwi nka Knowless Butera, yagaragaje agaciro umugabo we Ishimwe Karake Clement, uzwi nka Producer Clement, afite mu buzima bwe, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza
Kuri uyu wa Mbere tariki 31 Kanama 2026 nibwo irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), yishakamo ikipe izahagararira aka karere mu mikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAF Women’s Champions League) yashyizweho akadomo.