Umukinnyi wa filime Mukobwajana Asifiwe uzwi cyane nka Micky n’umugabo we Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter, bari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana wabo w’umukobwa.
Umuhanzi Yvan Muziki yatunguye umukunzi we Marina, amuha imodoka ya Mercedes-Benz ifite agaciro ka miliyoni 38 Frw, nyuma y’amezi arindwi amusabye ko bazabana nk’umugore n’umugabo.
APR FC yatangiye itsinda Marine FC ibitego 4-2 naho Al Hilal SC itsinda Kigali FC ibitego 2-0 mu mikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2026.
Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko Abanyarwanda 297 bari baracurujwe mu bihugu bitandukanye bagaruwe mu Rwanda hagati ya Nyakanga 2025 na Kamena 2026, benshi muri bo bakaba ari urubyiruko.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Bénin, Romuald Wadagni, bakoze siporo yo kugenda n’amaguru mu gace ka Nyarutarama Green Carpet mu Mujyi wa Kigali.
APR FC yatangiye itsinda Marine FC ibitego 4-2 naho Al Hilal SC itsinda Kigali FC ibitego 2-0 mu mikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2026.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yitwaye neza mu mukino wayo wa kabiri wo mu itsinda mu Gikombe cya Afurika, itsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) amaseti 3-1.