Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umunyamakuru Ishimwe Adelaide wamamaye mu mikino ku izina rya Ida, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi mu gihe yitegura kurushinga na Hitimana Jean Claude nawe usanzwe ari umunyamakuru uzwi ku izina rya Hit.
Kayumba Darina, wamenyekanye cyane ubwo yabaga igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2022, akaba n’umunyam content creator, yashimiye Perezida Paul Kagame ku buyobozi n’icyerekezo u Rwanda rukomeje kugira.
Umuhanzi Nyarwanda Ruhumuriza James uzwi nka King James akomeje urugendo rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki, aho nyuma yo gutangirira ibi birori mu Rwanda, ubu ibikorwa bye bikomeje ku rwego mpuzamahanga.
Element EleéeH yagaragaje ibyishimo nyuma yo kurangiza ifata ry’amajwi y’indirimbo ye yakoranye n’umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ne-Yo izaba iri ku muzingo w’indirimbo (Album) we wa mbere yenda gusohora

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Kabiri Itorero Imbuto Zitoshye, icyiciro cya gatatu, ryaberaga mu kigo cy'ubutore cya Nkumba ryasojwe ku mugaragaro ,abaryitabiriye basabwa guharanira impinduka nziza ziherekejwe n'indangagaciro aho bari hose.
Ikipe ya Rayon Sports yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CECAFA yo gushaka itike ya CAF Women's Champions League yasezerewe itarenze amatsinda nyuma yo kunganya na Yei Joint Stars WFC yo muri Sudani y'Epfo igitego 1-1, mu gihe yasabwaga gutsinda.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryakubye kabiri ibihembo by'igikombe Kiruta ibindi, Super Cup, ikipe ya mbere ikaba izahabwa miliyoni 40 Frw aho kuba miliyoni 20 Frw naho ikipe ya kabiri ikazahabwa miliyoni 20 Frw aho kuba 10 Frw.
Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, (AfDB) Dr. Sidi Ould Tah ku bufatanye hagati y’u Rwanda n’iyi Banki  n’ingamba zo kwihutisha ishoramari n’iterambere ry’ubukungu muri Afurika.
Perezida Paul Kagame yavuze ko rimwe mu masomo y’ingenzi yakuye mu buzima ari uko umuntu agomba kugira intego y’ubuzima bwe, agafata amahitamo ashobora kugira ingaruka ku bandi, kandi akayarwanirira nubwo yaba ahura n’ibigeragezo bimukoma mu nkokora.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umukino wa volleyball mu bagore yatangiye neza imikino y’igikombe cy’Afurika itsinda Algeria amaseti 3-0.
Mu ihuriro rya Africa Mindset Reset Forum Thabo Mbeki yashimiye perezida Paul Kagame. Avugako perezida Paul Kagame yagize uruhari rukomeye mu guteza imbere ishuri rya Africa school Governance.
Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite ibikenewe hafi ya byose kugira ngo itere imbere, ariko ko hakenewe impinduka zikomeye mu mitekerereze, imyitwarire n’uburyo abayituye bakora, kugira ngo umugabane ugere ku ntego wihaye.