Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibihugu bya Afurika bigomba gukomeza guhuza imbaraga no kubaka ubushobozi bwabyo mu ikoranabuhanga rya sisitemu zigenga, kuko rikomeje kugira uruhare rukomeye mu mutekano n’ubwirinzi bw’umugabane.