Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umunyamakuru Murindahabi Iréné yasabye anakwa Nishimwe Liliane mu birori by’ubukwe byabereye ku Gisozi muri Intare Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Umunyamakuru w’imikino kuri B&B Kigali FM, Abel Deus Kwizera uzwi nka Cardinale yasabye anakwa Sandrine Mukabutera mu birori byabereye muri Don De Dieu Garden Kicukiro mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kanama 2026.
Kimenyi Yves na Uwase Muyango Claudine batangiye kuburana kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kanama 2026 ku bijyanye no gutandukana byemewe n'amategeko 'gatanya'.
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka, The Ben, yitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy aho garatutse ku bintu biutandukanye nirimo n’ubuzimwa bwe bw’ubuto cyane cyane ibyamuranze ubwo yari akiri umunyeshuri.

Inkuru Nshya

URwanda, kimwe mu bihugu bifite ubukungu butera imbere vuba muri Afurika, bwazamutseho ku kigero cya 8.9% muri 2024. Hashingiwe kuri uru rwego, guverinoma yatangije gahunda ya “3x Rwanda”, igamije kongera ubukungu buvuye kuri miliyari 14 z’amadolari ya Amerika mu 2024 bukagera hejuru ya miliyari 40 mbere ya 2035.
Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru mu bagabo, Rwanda Premier League, rwinjiye mu mikoranire n’ikigo cya Hudl gifite ubunararibonye mu gukora ubusesenguzi bw’imikinire y’abakinnyi no gushakisha impano mu mupira w’amaguru.
Mu Nteko Rusange y’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Rusizi, hibanzwe ku bibazo bikibangamiye umutekano n’imibereho myiza y’abaturage, hanasabwa ko hashyirwa imbaraga mu kubishakira ibisubizo birambye.
Ikipe ya APR FC yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo aho umunya-Maroc Fouzir Mohamed yagizwe umutoza mushya wongerera ingufu abakinnyi (Fitness coach).
Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ndetse n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, bagiranye impaka zishingiye ku birebana n’Abanyamulenge, ubwicanyi bwabereye i Gatumba mu 2004 ndetse n’umutekano muke ukomeje kugaragara mu Burasirazuba bwa RDC.
Umugabo witwa Musonera Abraham, w’imyaka 56, yapfuye nyuma yo gukubitwa n’abaturage bacyeka ko ari umwe mu bajura bari bibye ihene mu Mudugudu wa Kinyoni, akagari ka Gati, umurenge wa Muyira, mu karere ka Nyanza.
Ikipe ya REG W BBC yatsinze APR W BBC naho The Hoops Rwanda itsinda Kepler W BBC biziha kugera ku mukino wa nyuma w’imikino ya kamarampaka ya Shampiyona y’abagore, Cheetah Energy RBL Playoffs.
Rayon Sports yatsinze Mathare United yo muri Kenya ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wakinwe kuri iki Cyumweru tariki 16 Kanama 2026 muri Kigali Pele Stadium.