Ubujura bw’ikoranabuhanga mu bigo by’imari bwagabanutse 40% mu myaka 2

Nyanza: Abagabo 3 baregwa kwica abandi 2 babashinja ubujura, buri wese yakatiwe imyaka 25

Umuganda usoza Werurwe uzibanda ku gukora isuku ku nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi

U Rwanda na RDC bemeranyije ingamba zihuse zo gushyira mu bikorwa amasezerano ya Washington

Ubujura bw’ikoranabuhanga mu bigo by’imari bwagabanutse 40% mu myaka 2

Nyanza: Abagabo 3 baregwa kwica abandi 2 babashinja ubujura, buri wese yakatiwe imyaka 25

Umuganda usoza Werurwe uzibanda ku gukora isuku ku nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa Global Citizen

Politiki

Ntabwo Ingabo z’u Rwanda zagarura amahoro zihozwa ku nkeke – Minisitiri Nduhungirehe 

Ubuhinzi

Imboga n’imbuto byinjirije u Rwanda miliyari 385.5 Frw mu myaka 5

Ibidukikije

Abanditsi b’impapurompamo z’ubutaka basabwe gukemura ibibazo birinda kuba ba gitera

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Minisitiri Nsengimana avuga ko uburezi bunoze ku bana bwubaka ejo hazaza heza

Amashusho

BNR YASOBANUYE INGAMBA ZO GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU MASOKO | INGARUKA Z’INTAMABARA YA IRAN

🔴WATCH!! DOJA CAT HISTORIC CONCERT IN BK ARENA | NEED TO KNOW, PAINT THE TOWN RED, VEGAS, ETC..

🔴LIVE! MU GITARAMO CYA DOJA CAT MURI BK ARENA | IREBERE UBURANGA BW’INKUMI ZITABIRIYE IGITARAMO

UMUTOZA YABYANZE |KURI KWIZERA OLIVIER, NTA MPAKA,NTA BIGANIRO |PEREZIDA WA FERWAFA N’UMUTOZA MUSHYA

🔴NYUMA YO GUTSINDA APR FC, AFANDE CDS MUBARAKH MUGANGA AKOZE MU KIGANZA KNC AMUHA FELICITATION

🔴MU GAHINDA KENSHI KAVANZE N’AMARIRA MENSHI ABAFANA BA APR FC BASABYE KO DAUDA ABABARIRWA

🔴LIVE! GASOGI UNITED VS APR FC | OUATTARA NA TOGUI BABANJEMO | OMEDI NA KIWANUKA KU NTEBE

🔴LIVE! IREBERE UKO ABAKINNYI BA APR FC BAGEZE KURI PELE STADIUM | CLEMENT WAVUNITSE NTABWO AHARI

Amamaza hano

Ads Banner size 842 x 145

Duhamagare

+250787156578

Imyidagaduro

Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje ko imyambarire y’umuraperikazi, Doja Cat waraye ataramiye i Kigali ntacyo itwaye mu buhanzi gusa ahishura ko uzabikora atari ku rubyiniro azaba akosheje.
Nta kabuza u Rwanda rumaze kwandika amateka mu ruhando rw'imyidagaduro muri Afurika, ibi byongeye gusinywa n'igitaramo cy'umuriro umuraperikazi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Doja Cat yakoreye mu mujyi wa Kigali
Amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Move Africa , cyatumiwemo umuhanzikazi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America akaba numwe mu bakomeye ku rwego Mpuzamahanga yamaze gushira ku isoko.

Imikino

Mu gihe habura iminsi icyenda gusa ngo irushanwa rya FIFA Series ritangira, abasifuzi bane b'Abanyarwanda batoranyijwe kuzasifura iyi mikino

Inkuru Nshya

Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje ko ubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga mu bigo by’imari bwagabanutse mu myaka ibiri ishize, aho bwavuye ku 5,000 mu mwaka wa 2024 bukaba ubu bugera ku 3,000
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye abagabo batatu bo mu kagari ka Gati mu murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza baregwa kwica abakekwaho 'Ubujura' buri wese yakatiwe gufungwa imyaka 25 
Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu, MINALOC, yatangaje ko umuganda w'ukwezi kwa Werurwe 2026 uzibanda cyane ku gukora isuku ku nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi no gufasha abayirokotse batishoboye.
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje ko kugeza ubu nta zamuka rigaragara ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli na gaz ku isoko ry’u Rwanda riraterwa n’intambara imaze ibyumweru bitatu mu Burasirazuba bwo Hagati
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Butaro ho mu karere ka Burera ,baravugako ubuyobozi bwabahagarikiye ibinyobwa bari basanzwe banywa birimo ikigage,ubushera n’urwagwa.Ibi ngo bikabagiraho ingaruka zo kubura ibindi banywa bityo bamwe bagahitamo kwambuka umupaka bakajya kunywa inzoga yitwa Kanyanga mu gihugu cya Uganda.
Ubuyobozi bw'Itorero ADEPR mu Rwanda bwatangaje ko abantu 35 bambuwe inshingano za gishumba n'iz'ububwirizabutumwa baherewe mu itorero rya Pentekote ry'u Rwanda - ADEPR , kuko bahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) watangaje ko umunsi mukuru usoza igisibo cy’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan, uzwi nka EIDIL FITRI, uzizihizwa ku wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026

Ikoranabuhanga

Ibihari