Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

Imyidagaduro

Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.
Abanyamakuru b'imikino Ishimwe Adelaide uzwi nka Ida uherutse gusezera kuri Radiyo/TV 10 na Hitimana Jean Claude uzwi nka Hit ukihakora bateguje ubukwe buzaba tariki 5 Nzeri 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026

Inkuru Nshya

Ubushakashatsi bw’Ikigo gishinzwe gukusanya amakuru ku myenda kizwi nka TransUnion Rwanda bwakozwe mu gihembwe cya mbere cya 2026, bwagaragaje ko Abanyarwanda 62% batekewe imitwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rikoreshwa muri serivisi z’imari.
Minisitiri w'Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko u Rwanda rumaze kugira abaganga bihariye b'abantu bageze mu zabukuru bagiye kujya batanga serivisi z’ubuvuzi bwihariye ku bakuze.
Bamwe mu batuye mu kagari ka Gihara mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi, baratabariza uwo bavuga ko yabaye umubyeyi imburagihe, aho ngo ari mu buzima bugoye nyuma yo kubyarana abana babiri na se umubyara bikamwicira icyerekezo.
Ishyirahamwe ry'Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryafashe umwanzuro wo kubabarira abakinnyi Ntore Habimana na Axel Olenga Mpoyobombi bakinira APR BBC bari bahagaritswe umwaka batagaragara mu bikorwa bya basketball bazizwa kwanga kwitabira ubutumire bw'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yari yabahamagaye.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko ikibazo cyo kongera umushahara fatizo gihangayikishije leta ariko ko nanone gisaba ubushishozi kuko gikemuwe nabi gishobora guteza ibindi bibazo birimo no kongera umubare w’abashomeri mu gihugu.
Ikipe ya APR FC yisanze mu itsinda A naho Rayon Sports yisanga mu itsinda C mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026 izabera mu Rwanda muri Sitade Amahoro na Kigali Pele Stadium kuva tariki 24 Nyakanga 2026 kugeza tariki 8 Kanama 2026.
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry'Ibikomoka ku Buhinzi n'Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko ibicuruzwa byoherejwe ku masoko mpuzamahanga hagati ya tariki ya 29 Kamena n'iya 1 Nyakanga 2026 byinjirije u Rwanda amafaranga arenga miliyari 9,18 Frw.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yakebuye abashoramari b’Abanyarwanda banyurwa na bike kandi bafite ubushobozi bwo kugera ku rwego rw’abaherwe.