Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴 PRESIDENT KAGAME AT AFRICA CEO FORUM OPENING CEREMONY || SANCTIONS …||

IREBERE IBITEGO BYOSE || APR FC VS ETINCELLES FC || PEACE CUP SEMI FINALS REG 2 || EXTENDED HIGHILI

🔴🔴HIGHLIGHTS: AL HILAL SC 2-1 GASOGI UNITED || AL HILAL ITSINZE GASOGI ITWARA IGIKOMBE ||| MD33

🔴🔴 REBA UKO AL HILAL IHAWE IGIKOMBE || MU BYISHIMO BIDASANZWE ABAKINNYI BA AL HILAL

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

🔴🔴 TURASHAKA APR KURI FINAL || GORILLA NI UMWANA || ABAFANA BA RAYON SPORTS MU BYISHIMO BYINSHI

EDRC | Gushyira imbere ibihano ku Rwanda ntibishobora kurwemeza ibyo rutemera | Perezida Macron

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

Imyidagaduro

Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.
Iperereza ryakorewe Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki Nyarwanda, ryagargaje ibindi byaha 7 akurikiranyweho n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB
Iradukunda Grace Divine wamamaye nka Dj Ira, yahishuye ko uburwayi bwa Se umubyara, Mbonimpa Juvénal, ari bwo bwatumye afata umwanzuro wo guhagarika gukora kuri Televiziyo Rwanda, aho yakoraga akazi ko kuvanga imiziki.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, ukurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho no kunywa ibiyobyabwenge

Inkuru Nshya

Ubushakashatsi bwa OMS bwo muri 2023 bwagaragaje ko 3.8% by'abaturage ku isi bagize ikibazo cy’agahinda gakabije, harimo 5% bafite imyaka y’ubukure “4% ku bagabo na 6% ku bagore ", ndetse na 5.7% by'abantu bafite imyaka 60 n'irenga. 
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yavuze ko urwego rw’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ICT) ruri mu mpamvu zikomeye zituma u Rwanda rukomeje gutekereza kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri
Umugaba w’Ingabo z’u Bufaransa zishinzwe imikoranire n'ibihugu bya Afurika, Maj Gen Pascal Ianni, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva ku wa 18 kugeza ku wa 20 Gicurasi 2026.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga ibicuruzwa bipima toni 10.154 byarwinjirije arenga miliyari 21 Frw mu minsi itanu.
Mu myaka itanu ishize, abahinzi bo mu Karere ka Gicumbi bemeza ko bari bazahajwe n’isuri yatwaraga ubutaka bwabo, bityo bigatuma umusaruro w’ubuhinzi uhora ari muke, bagahorana inzara ndetse n’ubukene bukabije
U Rwanda n’u Burusiya byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu rwego rw’ubuzima, agamije guteza imbere inzego z’ubuvuzi no kubakira ubushobozi abakozi babwo, mu rwego rwo kurushaho kunoza serivisi zihabwa abaturage
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Uwera Jean Maurice, yatangaje ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idafunze ahubwo ko hashyizweho ingamba zo kugenzura buri wese uyinyuraho, mu rwego rwo gukumira iki cyorezo
Filime ‘Ben’Imana’ yayobowe n’Umunyarwandakazi Dusabejambo Clémentine, yerekanwe mu Iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema rya Festival de Cannes riri kubera mu Bufaransa, iba filime ya mbere iyobowe n’Umunyarwanda itoranyijwe muri iri serukiramuco rikomeye ku rwego rw’Isi