Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ikipe ya Marines FC yabonye inota rimwe ry'ingenzi nyuma yo kugwa miswi na Al Hilal SC mu mukino w'umunsi wa 26 wa Rwanda Premier League.
Ikipe ya Rayon Sports yananiwe gukora ibyo yari yitezweho igwa miswi na Gicumbi FC itahabwaga amahirwe yongera gutuma abafana bajya mu bwigunge.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 03 Mata 2026 ni bwo habayeho ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo ‘Easter Jubilee’ cya Ben na Chance.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 03 Mata 2026 ni bwo habayeho ikiganiro n'itangazamakuru kigaruka ku gitaramo 'Easter Jubilee' cya Ben na Chance.
Umuhanzi Juno Kizigenza yiseguye ku bafana be yari yijeje ko agiye gusohora Album ye nshya yise “OTA” , bikarangira bategereje amaso agahera mu kirere.
Umutoza Haringingo Francis Christian uherutse gutangazwa nk’umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports, ari mu mayira abiri nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports imureze kutubahiriza amasezerano bafitanye.
Inzu ihanga imideli ya Izubaa Collection yashyize ku isoko ama kote yakoze yitiriwe umunyamakurukazi Michèle Iradukunda wa RBA.
Ikipe ya RSSB Tigers ihagarariye u Rwanda yatsinze Johannesburg Giants yo muri Afurika y’Epfo, amanota 102 kuri 89, mu mukino wa Gatatu wa BAL muri Conference ya Kalahari.
Umunyamakuru Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement mu itangazamakuru ry'imyidagaduro mu Rwanda yasabye imbabazi yemeza ko ibyo yakoze yabitewe n'uburakari ahamya ko ari ubwa mbere n'ubwa nyuma akoze ibyamugejeje mu buroko.