Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo nshya iri mu rurimi rw’igiswayire yise “Sitamuacha”
Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe, yongeye kwibutsa Mutoni Gloria baherutse kurushinga, urwo amukunda, kuri uyu munsi w'isabukuru ye y'amavuko
Nziko amaherezo tuzabonana nkaguhoberana ibyishimo, wari umukiranutsi nzagukurikiza, nzagusanga aheza iyo mwijuru".
Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete basezeranye kubana akaramata .
Umuhanzi Bien Aime  uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi mu ndirimbo nka Too Easy, All my enemies are suffering, Safari, Life style n’izindi zinyuranye , yateguje ibidasanzwe mu gitaramo  kizaba cya ‘Friends of Amstel’ kizabera muri ‘Zaria Court’ ku munsi w’ejo  18 Ukwakira 2025. 
Irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda, riri mu bikorwa binini uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rwagize .
Umukinnyi wa filime akaba n’umunyamakuru, Aime Gad, yegukanye igihembo cy’umukinnyi wa filime wakoze cyane akamenyekana mu gihe gito (Best Breakout Actor of the year 2025), mu bihembo bya Music Video Africa Awards (MVAA) byatangiwe muri Hotel ya Oriental Hotel iherereye i Lagos muri Nigeria.
Kimenyi Yves wahoze ari Nyezamu wa APR yashimiye Muyango Claudine ku bubutumwa yamugeneye ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko amwibutsa ko azahora ari igice gikomeye cy'ubuzima bwe
Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba ry’umukobwa uberwa n’amafoto mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yateye imitoma umugabo we Kimenyi Yves amwifuriza isabukuru nziza y'amavuko