Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko Ikawa y’u Rwanda  mu mwaka ushize wa 2025, yinjriije u Rwanda akabakaba kuri miliyari 219 Frw ( Miyoni 150 $).
Kwizera Gilbert ni umusore w’imyaka 21 y’amavuko. Ni umwe mu bagize imiryango 60 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga, wubatswe n’umushinga Green Gicumbi.
Abantu batatu bo mu karere ka Gisagara, bakurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w'imyaka 47.
Umujyi wa Kigali wagaragarije Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo mu Nteko Ishinga Amategeko ko, mu mezi atandatu ya mbere y’itangira ry’ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya 2025/2026, hamaze gukoreshwa asaga miliyari 109,4 z’amafaranga y’u Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko Guverinoma izongera gutanga Madamu Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw'Igifaransa (OIF)
Ubuyobozi bwa Pariki y'Igihugu ya Nyungwe, butangaza ko amafaranga asaga miliyari 1.2 frw, yavuye mu bukerarugendo, azifashishwa mu gutera inkunga imishinga itandatu yo mu turere twegereye iyi pariki binyuze muri gahunda yo gusangira umusaruro wa pariki n'abayituriye.
Nizeyimana Alexandre w'imyaka 26, wo mu Murenge wa Mukarange, aravugwaho kwiyahura kubera ikipe ya Rayon Sports yihebeye , yatsinzwe na mukeba wayo APR FC, bityo bikamunanira kubyakira, akishyira mu mugozi.
Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yasabye ko isuku yaba umuco mu mashuri nk'ahantu hahurira umubare munini bityo abana bakiga neza kandi bafite ubuzima bwiza.
Uwigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko umunsi wo ku wa Gatandatatu tariki ya 10 Mutarama 2026,wamubereye muremure ndetse yatashye iwe mu rukerera yanga ko abantu bamubona kubera gutsindwa na APR FC.