Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA , ryirukanye , Adel Amrouche wari umutoza w'Amavubi kubera umusaruro udashimishije.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo, Bayasese Bernard, yatanze Ubwenegihugu bw'u Rwanda ku bantu 25 baturutse mu bihugu bitandukanye.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahuye n’Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Eric Kneedler, bagirana ibiganiro byibanze no kumusezera ku myaka irenga itatu yari amaze akorera mu Rwanda
Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama, mu karere ka Kirehe zakanguriwe kurwanya ihohotera rishingiye ku gitisina n'ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge muri iyi nkambi.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera , rwafashe icyemezo cyo kurekura by'agateganyo, Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, wakekwagaho gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe bajyanwa kugororerwa muri iki kigo.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,Kuri uyu wa Kabiri, yasezeye kuri Ambasaderi Eric William Kneedler, uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda.
Umunyarwandakazi Edda Mukabagwiza, wigeze kuba mu nzego zitandukanye muri Politiki y'u Rwanda, ayoboye itsinda ry’indorerezi rigizwe nabagera kuri 61 boherejwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu gukurikirana ibikorwa by’amatora y’Umukuru w’Igihugu.