Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abayobozi b’amatsinda y’Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahuriye i Washington, D.C. mu mpera z’icyumweru gishize mu mwiherero w’iminsi ibiri wari ugamije gukomeza ubumwe bw’Abanyarwanda, iterambere mu rubyiruko no kurebera hamwe uruhare rwa diaspora mu iterambere ry’u Rwanda.
Ubushinjacyaha burarega umugore kwica umugabo we amuteye icyuma mu mutima bukamusabira gufungwa imyaka 25.
Ubushinjacyaha bw'u Rwanda burasabira igihano cy'igifungo cya burundu abagabo batatu baregwa kwica ibisambo bibiri byari byabibye.
Gahunda yo kwishyura amavuriro mbere (capitation) yaje gukuraho imbogamizi zagaragaraga muri serivisi zihabwa abanyamuryango b'ubwisungane mu kwivuza (Mituweli), harimo no kubona imiti yose umurwayi yandikiwe na muganga.
Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’izindi nzego z’igihugu  zitandukanye  batangije ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, bigizwe n’imishinga itandukanye n’inkunga bizatwara asaga miliyari 2.5 Frw.
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryashyikirije komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR) abasirikare barenga 5,000 b’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiwe mu mirwano ibera mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Abahanga  mu by’imitekerereze bo mu Rwanda, U Burundi na RDC , basanga ibibazo by’umutekano byakunze kuranga akarere, bikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza ibibazo byo mu mutwe
Ikipe ya As Kigali yatangaje  Kalisa Rashid nk’umukinnyi mushya wayo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali