IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

IShowSpeed, icyamamare cyahinduriwe ubuzima n'imbuga nkoranyambaga, uri mu Rwanda, yatangariye Umujyi Kigali, ubwo yasangiraga akanerekwa urukundo n'Abanyarwanda.
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yageze mu Rwanda mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2026, mu rugendo akomeje rwo gusura bimwe mu bihugu bya Afurika
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, yasize mu Ntara y’Iburasirazuba habereye impanuka 14, abantu batatu bakahasiga ubuzima.
Mu karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Muatarama 2026, abagize Koperative COTTRARU y’abantu bafite ubumuga ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, yatashye inzu y'ubucuruzi ifite agaciro ka Miliyoni 118.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, yibukije abakoresha umuhanda ko ari igikorwaremezo gikwiye gufatwa neza, abasaba kubahiriza amategeko awugenga mu rwego rwo gusigasira iterambere, amahoro n'umutekano
Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo umukino w’ishiraniro w’amakipe ahangana kurusha ayandi mu rw’imisozi igihumbi ngo ube.
Pegasus ni Porogaramu yifashishwa mu butasi , ikaba yarigeze kuvugisha abatari bacye n'u Rwanda rurimo rushinjwa kuyikoresha mu kumviriza amabanga y'ibindi bihugu.
Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi , Amb Christophe Bazivamo, yakiriye mu biro bye, Ambasaderi w'Ubushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi.