IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi , Amb Christophe Bazivamo, yakiriye mu biro bye, Ambasaderi w'Ubushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi.
Abanyarwanda baba mu gihugu cya Senegal batanze inkunga irenga miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda, igenewe gahunda ya “Dusangire Lunch”, ifasha abanyeshuri kubona ifunguro rya saa sita ku ishuri
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze raporo iherutse gutangazwa, n’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yibasira umutwe wa AFC/M23 n'u Rwanda.
Nkiri muto najyaga numva abana batashye ubukwe, bagenda bivugisha ngo runaka yarongoye, barajya kumva uko umusore ari bwitware mu gikorwa cy'abashakanye
Inama y’Ubuyobozi y’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) yagize KAREKEZI Ngabonziza (Eric) Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera rwashyize mu muhezo, urubanza rw’Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan
ngabo z'u Rwanda ziri bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu mujyi wa Bria muri Centrafrique,  ku wa 7 Mutarama 2026, zambitswe imidali na Loni, mu rwego rwo kubashimira ubwitange mu kubungabunga amahoro muri icyo gihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi bw’Ibanze, REB, cyatangiye gutanga mudasobwa ibihumbi 15 ku bigo by'amashuri 483