Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yerekanye ko imodoka na moto zikoresha amashanyarazi zishobora kuba igisubizo ku bibazo biri guterwa n’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (National Institute of Statistics of Rwanda) cyatangaje ko mu mwaka wa 2025 handitswe gatanya 4,479 mu gihugu hose.
Kuri iyi tariki Abatutsi bagera ku 12 000 bari bahungiye kuri Stade Gatwaro ku Kibuye barishwe, maze Interahamwe n’abaturage b’Abahutu bacukura ibyobo rusange babajugunyamo.
Umuhanga mu kuvanga imiziki, DJ Iraa, yahishuye ko akomeje guterwa ubwoba no gutukwa na bamwe mu Barundi batigeze bishimira icyemezo yafashe cyo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda akabuhabwa.
Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw ivuye kuri 2303 Frw ikaba yiyongereyeho 635 Frw  mu gihe litiro ya mazutu yo yagumye kuba 2205 Frw.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, havutse abana barenga ibihumbi 356 biganjemo abahungu, mu gihe abangana na 39,355 bo bitabye Imana muri uwo mwaka.
Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR,  izwi nka Rwanda Vital Statistics ya 2025, yagaragaje ko abana bavutse bakandikwa mu irangamimerere biyongeho 2,6% muri uwo mwaka.