Guillaume NIYONKURU

Guillaume NIYONKURU

Ikipe ya APR BBC yongeye gusinyisha umukinnyi w'umunyamerika Craig Randall ngo azayifashe mu mikino ya kamarampaka izajyena ikipe izatwara Shampiyona y'u Rwanda ya basketball ari nayo izahagararira u Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2027.
Nyuma yo gutanga ibyishimo mu myaka yashize, itsinda rya Urban Boyz ryari rigizwe na Safi, Nizzo na Humble Jizzo ryongeye guhurira hamwe mu gihe ryitegura kongera gutaramira abantu i Rubavu tariki 1 Kanama 2026 mu bitaramo bizenguruka Igihugu bya MTN Iwacu Muzika Festival bitegurwa na East African Promoters (EAP).
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Nyakanga 2026 ikipe ya Vipers SC yo muri Uganda yageze mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026.
Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic) muri Miss Rwanda 2019 yerekanye imodoka nshya yaguze ya ‘Mercedes-Benz GLC 300’ ifite n’icyapa kiranga ikinyabiziga (Plaque) cyiri mu izina rye ‘Muyango’.
Ikipe ya Police FC yatangaje umutoza Rkyer Jaafar ukomoka muri Maroc nk'umutoza wayo mushya mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere, asimbuye Ben Moussa warumaze umwaka umwe atoza iyi kipe ya Polisi y'u Rwanda.
Kapiteni w'ikipe y'igihugu ya Uganda, Zaina Namuleme wamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports y'abagore, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nyakanga 2026 aho aje gutangira imirimo ye muri Rayon Sports.
Ikipe ya Bugesera FC yamaze gutangaza ko Gatera Mussa ari umutoza wayo mu gihe cy'umwaka umwe wa 2026/27 asimbuye Banamwana Camarade wamaze kugirwa umutoza wa Sunrise FC y'i Nyagatare.
Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, ikipe ya Police FC yatangaje Superintendent of Police (SP) Diane Ntakirutimana nk'umunyamabanga mukuru wayo (Secretary General) asimbuye Chief Inspector of Police (CIP) Claudette Umutoni.
Ikipe ya Mukura VS&L yungutse akayabo k'amafaranga y'u Rwanda akabakaba miliyoni 15 nyuma yo gutandukana n'umutoza Tomáš Trucha atayitoje na rimwe nk'uko byari bikubiye mu masezerano y'impande zombi.
Perezida w'Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati, CECAFA, umunya-Eritrea Paulos Weldehaimanot Andemariam yamaze kugera i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nyakanga 2026 aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame Cup rigiye kubera mu Rwanda.