IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

‎Bugesera FC yasubiriye Rayon Sports iyitsindira iwayo ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda.
‎Gisagara VC mu bagabo na Police WVC mu bagore, zegukanye ku nshuro ya mbere irushanwa rya BK Arena Volleyball Cup
Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu ku Rwego rw’Igihugu, abarezi bagaragaje ibyishimo baterwa n’impinduka zigaragara mu mibereho yabo bishimangirwa n’umushahara uherutse kongerwa n;ubwo bagaragaza ibigikenewe birimo mwarimu shop.
Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengiyumva yibukije ko umwarimu ari inkingi ya mwamba mu burezi bw’u rwanda  ashimangira ko ireme ry’uburezi , ubumenyi n’ubushobozi igihugu gikomeza kugeraho byubakiye ku mbaraga n’ubwitange bya mwarimu.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU)  rikorera mu mujyi wa Kigali ryafatanye umugore udupfunyika 800 tw’urumogi acuruza.
Umupolisi wakoreraga mu Karere ka Rutsiro yarashe umuturage na DASSO nawe ahita yirasa arapfa.
Itsinda ry’abashakashatsi kuri serivisi z’imari rikorera muri Banki y’Isi,CGAP, ryagaragaje ko u Rwanda rukomeje kuza mu bihugu byihuta cyane mu gukoresha ikoranabuhanga muri serivisi z’imari ariko hakaba hari impungenge z’ibitero by’uburiganya nabyo bikomeje kwiyongera
Itorero rya ADEPR mu Rwanda ryimitse bwa mbere abapasiteri b’abagore bagiye gutangira inshingano zo kuyobora itorero
Minisitiri w’Ubutabera akaba n'Intumwa Nkuru ya Leta, Ugirashebuja Emmanuel, yahamagariye urubyiruko kuba kw'isonga mu rugamba rwo kurwanya ruswa, asaba na buri wese kuba umurinzi w’ubunyangamugayo
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yibukije abaturage ko serivisi nziza ari uburenganzira bwabo asaba Abayobozi b'inzego z'ibanze ko gushyira iterambere ry'umuturage ku isonga.