Raymond Tuyishimire

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda arakubita umuhisi n’umugenzi muri CAVB Menʼs Club Championship 2026

Abapolisi 1697 basoje amahugurwa yihariye mu gucunga umutekano no kurwanya iterabwoba

Abanyeshuri ba RDF bahawe ikiganiro n’abayobozi bakuru b’ingabo

Tariki 26 Mata 1994: Uko Abatutsi biciwe muri za paruwasi no muri ISAR

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko rwabashije kubyigobotora, rukagera ku iterambere ryifuzwa n’Abanyarwanda.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yatsinzwe na Bafana Bafana yo muri Afurika y'Epfo ibitego 3-0, mu mukino wa 10 ari nawo wa nyuma mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika mu nshingano Umutoza Mukuru Afhamia Lotfi ndetse n'Umutoza wungirije wa kabiri, Azzouz Lotfi
Umufaransa Corentin Denolly yegukanye Irushanwa Mpuzamahanga rya Tennis rya Rwanda Open M25, atsinze Umudage Maik Steiner amaseti 2-1
Umuyobozi Ushinzwe guhuza ibikorwa by'Ingabo z'u Rwanda n'abaturage muri RDF, Colonel Désiré Migambi, yasabye urubyiruko rwa Gen-Z gukunda igihugu batizigamye ndetse barebera kubababanjirije
Perezida Paul Kagame yakiriye Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, baganira ku bikorwa bigamije kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y'Umuryango w'Ibihugu Bivuga ururimo rw'Igifaransa (OIF) mu Rwanda
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj Gen Odawa Yusuf Rage, ari kumwe n’itsinda ayoboye basuye Icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye i Kimihurura, mu Mujyi wa Kigali

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka