IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko abana bahamijwe ibyaha bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare, bahabwa uburezi nk’ubw’abandi bose mu gihugu ndetse bakagenerwa nk’ibyo andi mashuri ahabwa mu kubarinda kudindira no kubaha ubumenyi bazakoresha basubiye mu buzima busanzwe.
Hashakineza Jean Claude, yavuze ko intego y’icyerecyezo cya 2050 cy’Igihugu yo kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi itagerwaho abana b’u Rwanda batize neza, bityo ko bisaba kugira abarimu bashoboye kandi bateguwe neza
Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Emery Bayisenge, yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U17), kwitwara neza mu marushanwa ya CECAFA bagiye kujyamo, abibutsa ko amarushanwa nk'aya abashyira ku itara
Ikipe ya APR FC inyagiye umukeba wayo w'ibihe byose Rayon Sports, imvura y'bitego 3-0, mu mukino w'umunsi wa karindwi wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Uwahoze ari umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, uheruka kwitaba Imana, yahawe igihembo cy'umunyabigwi mu itangazamakuru “Lifetime Achievement Award”
Ambasaderi Col (Rtd) Donat Ndamage yashyikirije Umwami Mswati III wa Eswatini, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Minisitiri w'Urubyiruko, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimiye urubyiruko rw'abakorerabushake uruhare rugira mu iterambere ry'igihugu, arusaba gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza, kwitanga no gusigasira ibyagezweho
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo gikora ishoramari cyo mu Bushinwa, hagamijwe gukomeza ubufatanye mu bucuruzi n’ikoranabuhanga hagati y'impande zombi