Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Soderqvist Jakob ukomoka muri Sweden yegukanye gusiganwa n'igihe mu bahungu batarengeje imyaka 23 y'amavuko, mu isiganwa ry'umunsi wa kabiri wa Shampiyona y'Isi y'Amagare.
Ikipe ya Rayon Sports itsinzwe na Singida Black Star yo mu gihugu cya Tanzania igitego 1-0, mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup
Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yagiranye ibiganiro na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Baku, mu murwa mukuru wa Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe agaragaza ko kuba u Rwanda rwarakuriyeho Viza ibihugu bya Afurika na bimwe mu bihugu by'amahanga byongereye ba mukerarugendo n'abashoramari basura u Rwanda
Urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisèle usanzwe ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Omar Munyaneza wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), ndetse na Dominique Murekezi, barekurwa by’agateganyo