Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Amb. Olivier Nduhungirehe yashimiye Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda, ICTR, rwabashije kuburanisha ibirego bisaga 80 byabagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Semuhungu Eric ariko ntihatangazwa impamvu yitabwa muri yombi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda byitezweho kuzamuka bitewe n’ingaruka z’intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati
Mu isesengura Transparency International Rwanda yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG) y’umwaka wa 2023/2024, ryagaragaje ko hari icyuho gikomeye mu micungire y’umutungo wa rubanda mu nzego zegerejwe abaturage, mu turere 30 tw'Igihugu
Umujyi wa Kigali wanyomoje amakuru avuga ko bamwe mu bakozi bakora isuku yo ku mihanda muri uyu mujyi badahembwa neza cyangwa bagatinda guhabwa imishahara yabo, bagaragaza ko aba bakozi bahemberwa igihe kandi bakabasha kwiteza imbere
Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo kongera cyane umubare w’inka ziterwa intanga, mu rwego rwo kuzamura umusaruro ukomoka ku bworozi bw’inka no guteza imbere imibereho y’aborozi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe, yagaragaje ibyishimo n’ishimwe ku ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Léopards, nyuma yo kubona itike yo kwitabira Igikombe cy’Isi cya 2026