Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ibaze nawe gukoresha imbaraga z’umurengera ukarara utagohetse kubera ko ubyibushye cyangwa ufite ibiro byinshi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Gashyantare 2026, hazagwa imvura nyinshi ugereranyije n’iyari isanzwe igwa muri icyo gihe
Minisitiri w’Uburerezi, Nsengimana Joseph, yashimangiye ko uburezi bufite ireme ari inkingi y’iterambere n’umusemburo w’impinduka bityo ko bukwiye kwitabwaho hashyirwa imbaraga mu kongera ikoranabuhanga mu cyane cyane iry’Ubwenge Buhangano AI.
Mu Rwanda hatangiye Inama mpuzamahanga ku guteza imbere uburezi izwi nka ‘Global Learning Conference 2026’ yibanda ku ihuriro riri hagati y’uburezi, ubuzima, ibidukikije n’iterambere rirambye
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, Lee Rosenberg, Umuyobozi w’Icyubahiro w’Umuryango uhagarariye inyungu za Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, AIPAC.
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2026 ibiciro bya peteroli bizagabanukaho 16% bitewe n’uko umubare w’abantu babisaba utazamuka cyane
Umuryango w’Abibumbye Ushinzwe ibiribwa ishami ry’u Rwanda, PAM Rwanda watangaje ko wakiriye inkunga y’asaga miliyoni 900 Frw yatanzwe na Leta y’u Buyapani agamije kubonera ibiribwa impunzi, abashaka ubuhungiro n’abandi batahuka bavuye mu bihugu bitandukanye.
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon. Habimana Dominique arikumwe na Mufti w'u Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa, bakiriye Sheikh Dr. Muhammed bin Abdulkarim Al-Issa, Umunyamabanga Mukuru wa Muslim World League (MWL) akaba n'Umuyobozi mukuru w'Ihuriro ry'Abamenyi b'Idini ya Islam.
Igihe cy’igisibo ku Bayisilamu ni umuhango umaze ibinyejena by’imyaka wizihizwa ndetse ufatwa nk’igihe cyiza cyo kongera kwiyegereza no gutakambira Allah (Imana) bayisaba ko yaborohereza ari nako bakora ibikorwa by’urukundo birimo gufasha abakene, gusura abarwayi n’ibindi.
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko mu 2025 ibikorwa by’ubucuruzi biterwa inkunga n’iyi pariki byinjije agera kuri  555,242$ asaga miliyoni 800 Frw asaranganywa abagera ku 1200 bibumbiye mu makoperative atandukanye ayituriye.