Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umunsi nk’uyu mu 1994, Radiyo RTLM yashishikarizaga abahutu gukora Jenoside yasabiwe guhagarikwa burundu bitewe n’ubutumwa bw’urwango yatangazaga.
Muri raporo yashyikirijwe tariki ya 31 Gicurasi 1994 Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye, niho hagaragajwe ku nshuro ya mbere ku mugaragaro ko mu Rwanda hakozwe Jenoside. 
Madamu Jeannette Kagame yafunguye Inzu y’Amateka 'Ntarama Genocide Memorial Gallery', Inzu y’Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi iri ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera.
Mu myaka 6 ishize, Green Gicumbi ivuga ko mu karere ka Gicumbi, hakozwe amaterasi kuri hegitari 1,450 harimo amaterasi yikora kuri hegitari 850 n’amaterasi y’indinganire kuri hegitari 850.
Kuribwa mu gihe cy’imihango ni ikibazo gihuriweho n’abagore n’abakobwa batari bake aho ubushakashatsi bwerekana ko 80% byabo baribwa muri ibyo bihe.
Imyaka 25 irashize Polisi y’u Rwanda ishinzwe. Muri urwo rugendo hakozwe ibikorwa  bitandukanye bijyanye no gucunga umutekano w’abaturarwanda ndetse byarenze ku gucunga uw’imbere mu gihugu kuri ubu polisi y’u Rwanda yitabazwa no kuwucunga mu bindi bihugu byo hanze.
Ku munsi nk’uyu tariki ya 28 Gicurasi 1994, Radiyo Mpuzamahanga y’Abafransa (RFI) yatangaje ko abagize Guverinoma y’Abatabazi bavuye i Gitarama, bahungira ku Kibuye mu gihe Abatutsi bari bakomeje kwicwa urw’agashinyaguro hirya no hino mu gihugu.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama ngarukamwaka ya ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yabereye i Brazzavilles.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Nyange-Muhanga igeze kuri 91.5% ushyirwa mu bikorwa.
Ingufu za Nucléaire zishobora kwifashishwa mu bintu byinshi nko mu gutanga amashanyarazi, mu buvuzi cyane ubw’indwara zikomeye nka kanseri kuko imirasire yazo ariyo yifashishwa mu kuyishiririza, mu bijyanye n’umutekano kuko nko mu byuma bisaka arizo zikoreshwa cyangwa se mu gukora intwaro.