Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta, yasabye abagore n’abakobwa bari mu rwego rw’igihugu rushinzwe Igorora kubyaza umusaruro amahirwe igihugu cyabahaye, baharanira iterambere ryabo n’iry’igihugu.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, bahagarariye isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, mu bijyanye n'Umutekano ndetse n'Ubucuruzi
Urukiko rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo, rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo, rutegeka ko abasirikare bo bareganwa na bo bafungwa by’agateganyo
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Amb. Maria Manuela dos Santos Lucas.
Abahanzi bahize abandi mu irushanwa ry’abanyempano rya ArtRwanda-Ubuhanzi, mu cyiciro cy’abatsinze iri rushanwa mu mu byiciro bitatu biheruka, All Stars Edition, bahembwe Miliyoni 100Frw
Urukiko rwa Gisirikare rwanzuye ko abasivile 23 barimo Rugaju Reagan, Mucyo Antha Biganiro na Ishimwe Ricard, bakurikiranwa bari hanze
Perezida wa Repubulika Paul Kagame , akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yongeye kwibutsa ko u Rwanda nta ruhare na ruto rugira ku bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye umuhango wo gusoza amasomo ku barenga 6000 barimo ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda, RDF, Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François Xavier, yasabye amadini n’amatorero kugira uruhare mu bufatanye mu gukemura ibibazo bitandukanye byugarije umuryango nyarwanda birimo amakimbirane mu miryango.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDCongo, ryanemze igihano Joseph Kabila yasabiwe, rinavuga ko igisirikare cya leta n’abo bafatanya, babagabyeho ibitero mu birindiro byabo, abasivile bane bakaburiramo ubuzima.