Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko Umuganda rusange usoza Kanama 2025 uzaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama 2025
Itsinda rigizwe Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] bari kumwe n'abasirikare ba RDF basuye Ingoro y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ruherereye ku Mulindi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Nduhungirehe, ari i Yokohama mu Buyapani aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ya Tokyo yiga ku iterambere ry’Afurika igiye kuba ku nshuro ya cyenda
Emma Claudine yasobanuye ko gufunga amashuri no gusaba abakozi ba Leta gukorera mu rugo mu gihe cy'irushanwa rya Shampiyona y'Isi y'Amagare, ari mu rwego rwo kubarinda gukora ingendo nini bajya mu bikorwa byabo
WASAC yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru ishize yatumye hahagarikwa by’agateganyo imirimo yo gutunganya amazi mu bigo bitatu biherereye mu turere twa Rubavu, Gicumbi na Nyagatare
Ingabo z’u Rwanda zigize itsinda rya kabiri ryoherejwe mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (Rwanbatt-2), zakiriwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Ingabo za Loni muri aka gace, Maj Gen Nakul B. Rayamajhi
MINAGRI ivuga ko igihembwe cy’ihinga cy’umuhindo kizatangirana n’umwaka wa kabiri wa NST2, kizakorwamo akazi kenshi hagamijwe kugera ku ntego Igihugu cyihaye yo kuzamura umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo ku kigero cya 50%
Ingabo z'u Rwanda, RDF zateguje umukino wa gishuti n'ingabo za Uganda UPDF uzaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Dj Maphorisa ukomoka muri Afurika y’Epfo wamenyekanye mu kuvanga imiziki by’umwihariko mu njyana ya ‘Amapiano’ ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Fuego Fest