Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Nyanza:Umwana na se bakurikiranyweho kwica umukecuru

Minisitiri Dr. Gasore yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya Africa We Build Summit 2026

Public Announcement: Intention to Close Operations of Land O’Lakes Ventures 37 in Rwanda

I&M BANK: Tender Open To National Registered Companies

Kuwa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hari hahiye umugani w'ab'ubu , aho abasore , inkumi, abakuru n'abato bari bateraniye mu nyubako ya BK Arena, mu gitaramo cy' umuhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria, David Adeleke wamamaye nka Davido
Ubushakashatsi bwasohotse mu 2024 bwerekanye ko 30% kugera kuri 35% by’abantu bakuru bagira ibibazo byo kubura ibitotsi.
Polisi y’u Rwanda yasabye abashoferi kubahiriza amabwiriza mashya ajyanye na gahunda nshya mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, izatuma nta modoka zihagarara umwanya munini zitegereje abagenzi.
Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko ruswa nto itangwa igenda igabanyuka ariko amafaranga atangwa akiyongera aho ayatanzwe nka ruswa ngo umuntu abone serivisi yageze kuri miliyoni 29.5 Frw mu 2025 .
Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko ruswa nto yagabanutse aho igeze 14.6% ivuye kuri 18.50%.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro, Jean Pierre Lacroix, bagiranye ibiganiro byibanze ku bikorwa byo kubungabunga amahoro hirya no hino muri Afurika
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro yataye muri yombi umugabo witwa Ndagijimana Félicien, ukekwaho kwiba moto y’umumotari Nsengiyumva Séverien
U Rwanda na Turikiya, byasinyanye amasezerano atandukanye arimo ko icyo gihugu kizafasha u Rwanda kuba uruganda rukora intwaro i Kigali.
Sosiyeti ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya RwandAir yatangiye ingendo zerekeza mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania, ndetse isubukura ingendo zerekeza mu mujyi wa Mombasa muri Kenya
Nyuma y’imyaka itatu n’igice ikora ibikorwa byo gucukura no gutunganya amabuye y’agaciro mu Rwanda, sosiyete Trinity Metals Group yatangaje ko igiye kongera ishoramari rya miliyoni 100$, rihwanye n’arenga miliyari 145 Frw, rigamije kongera umusaruro no gutangiza inganda zitunganya amabuye kuri buri kirombe.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka