Amakuru

Leta y’u Rwanda yasabye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) gushyigikira amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
Perezida Kagame yashimye abitanze, bikagera n’aho batanga ubuzima bwabo mu rugendo rwo guharanira umutekano w'Igihugu n'uw’Abanyarwanda muri rusange
Koperative Umwalimu Sacco yahembye abarimu ndetse n’ibimina by’abarimu byizigamiye neza mu mwaka wa 2025, ndetse ikomeza gushishikariza abanyamuryango bayo kwitabira gahunda y’ubwizigame nk’uburyo bubafasha mu kwiyubaka
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yatangaje ko mu gihe umuntu atwaye imodoka akavugira kuri telefoni iri muri ‘loud speaker’ speaker bitakiri ikosa.
Abagore bo mu karere ka Gicumbi, bashishikarijwe gukoresha telefoni mu gihe bashaka serivisi zo kubitsa no kubikuza amafaranga bidasabye kujya kuri banki.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko igenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% bangana na 890 bahagaritswe mu kazi ko kuyobora ibyo bigo.
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, kuri uyu wa mbere, yahagaritse mu mirimo umuvugizi w'igisirikare Général-major Sylvain Ekenge, kubera amagambo y'ivangura yavuze ku bwoko bw'abatutsi
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye ukwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ivuga ko ishyigiye ko iki gihugu cyarangwamo n' amahoro kandi amategeko mpuzamahanga nayo akubahirizwa.
Umwaka wa 2025 wasize andi mateka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko isize iki gihugu cya kabiri mu kugira ubuso bunini muri Afurika hari umutwe ukigabije, ugafata imwe mu mijyi y'ingenzi.