Col Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko ubumwe n’ubudaheranwa ari indangagaciro z’ingenzi zubakiye ku mateka y’Abanyarwanda ndetse zigomba kuranga buri Munyarwanda mu rugendo rwo kubaka igihugu
Startimes Rwanda yamuritse umushinga w’u Bushinwa ugamije gusangiza ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ubumenyi ku buryo iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwa Aziya cyateye imbere. Uyu mushinga witwa 'The Glimpse of China in New Era'
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Somalia, Abdisalam Abdi Ali, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga