Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n’Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda,
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, yasabye ko yahuza imbaraga na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga