Amakuru

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) n’Urwego rushinzwe amagereza no gusubiza mu buzima busanzwe abagororwa muri Maroc (DGAPR) basinye amasezerano mu bijyanye n’Igorora.
Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yifatanyije n'abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada mu gitambo cya misa
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuva tariki ya 17 Nzeri 2025, umuhanda uva mu mujyi werekeza Kimihurura unyura kuri RIB ugana kuri Kigali Convection Center, uraza kuba ufungiye ku Kabindi guhera saa sita z'ijoro
Igisirikare cy'u Rwanda ,RDF cyatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, indege nto itagira abapiloti, drone, yakoreye impanuka mu karere ka Rutsiro.
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi abarenga 200 bo mu Bitaro bya Sam-Ouandja ku buntu.
Minisiteri y'Uburezi yashyize ingengo y'imari yasaga miliyari 32 Frw, mu mushinga mugari wo guhugura abarimu bo mu mashuri abanza n'ayisumbuye, bakamenya ururimi rw'Icyongereza
Inama y’Abaminisitiri, yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko hari gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi.
Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda nyuma gusuzuma ikibazo cy’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi ivuga ku Rwanda, isaba ko ingabire Victoire afungurwa, yanzuye ko leta y’u Rwanda yigenga, ifite ubusugire ,demokarasi  kandi igendera ku mategeko .
Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda na Diporomasi, ubu akaba ari mu kiruhuko cy’izabukuru, Dr Charles Murigande, yavuze ko yatangiye ubuhunzi afite imyaka ibiri ariko ko yari afite ishyaka ryo  kuba  mu gihugu no kucyubaka, anahishura ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ari umuntu ureba kure.