Amakuru

Minisitiri Bizimana yagaragaje ko Gikongoro iza imbere mu harimbuwe imiryango myinshi muri Jenoside

Gicumbi: Minisitiri Habimana yasabye abaturage kurwanya burundu igwingira mu bana

Gicumbi: Umugabo yakebwe n’urwembe ku gitsinda n’indaya yananiwe kwishyura

Ruhango:Umuturage wari mu muganda yagwiriwe n’urukuta rw’ishuri arapfa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, yagiriye uruzinduko mu Buhinde aho yitabiriye inama ijyanye no gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Buhinde mu nzego zitandukanye.
I Rusororo mu Karere ka Gasabo u Rwanda ruri kuhubaka ibigega bya gaz yo gutekesha  byitezweho kuzafasha kugabanya igiciro cyayo ndetse bikazatuma hashyirwaho ibiciro bimwe hose mu gihugu kandi bikazanorohereza abafite amikoro macye kubona gaz ijyanye n’ubushobozi bwabo.
Kuri uyu wa Mbere, itsinda ry’abayobozi bakuru bo mu Ngabo z’u Rwanda, riri mu gihugu cya Ethiopia riri bwitabire umuhango mukuru wo kwizihiza ku nshuro ya 130 Intsinzi ya Adwa, uri bubere kuri Adwa Victory Memorial
Polisi y'Igihugu ikorera mu ka Bugesera, yatangaje ko abantu 28 bamaze kwicwa n'inzoga z'inkorano abandi 400 nabo bakaba barajyanywe kwa muganga.
Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bw'ubutabazi n'ubwubatsi muri Jamaica, zifatanyije n’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo muri Jamaica (JDF Engineers), mu gikorwa cy'Umuganda bakoreye mu kigo Blessed Assurance Institution cyita ku bana bafite ubumuga
Abakinnyi babiri bakinira ikipe ya Atlético de Madrid y’Abagore yo mu gihugu cya Espagne, Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez uzwi nka ‘Lola’ bari mu biruhuko mu Rwanda.
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga telefone zigezweho zikoresha ubwenge buhangano AI, ku bajyanama b’ubuzima  bose hirya no hino mu gihugu bemerewe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Imibare igaragaza ko ibihugu umunani bigize uyu muryango wa EAC bicuruzanya hagati yabyo  ku kigero cya 15% nyamara bituwe n’abasaga miliyoni 300 aho 60% by’abo ari urubyiruko mu gihe umusaruro mbumbe wabyo urenga miliyari 350$.
Ihuriro Alliance Fleuve Congo ryemeje urupfu rwa Lt.Col Willy Ngoma uherutse kwicwa n’ingabo za leta ya Congo, mu gitero cyagabwe mu gace ka Rubaya.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka