Amakuru

Minisiteri y’Uburezi y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ishuri mpuzamahanga rya WorldQuant University (WQU), rizatanga buruse ku Banyarwanda mu gihe cy'imyaka itanu
Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru mu Bihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE Media Council), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed
Mu karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Cyato, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, abubakaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyirahindwe, bagwiriwe n’urukuta ndetse amakuru aravuga ko abantu umunani baba bitabye Imana
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Bernadette Arakwiye, yagaragaje ko guhangana n’ihindagurika ry’ikirere biri ku isonga mu byo u Rwanda rushyize imbere mu rugamba rw’iterambere
Ambasaderi w’u Rwanda muri Suede, akaba anareberera inyungu zarwo mu bihugu byo muri Scandinavia, birimo Suede, Norvege na Denmark, Amb Dr. Diane Gashumba yahaye ikaze, Casper Stenger Jensen, wagizwe Ambasaderi wa Denmark mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rufunze Ndagijimana Straton wo mu karere ka Musanze, akurikiranyweho kwambara umwambaro wa leta kandi we atabifitiye ububasha
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango Unity Club, Julienne Uwacu, yasabye abagororwa bari barahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, bari kurangiza ibihano, kutazigera baba intandaro y’icyahungabanya ubumwe Abanyarwanda bamaze kugeraho
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG)  yeteguje abatuye mu bice byo mu mu Mujyi wa Kigali mu Mirenge ya Gikomero, Rusororo, Rutunga na Ndera, mu karere ka Gasabo ko bizabura umuriro amasaha macye
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwihanije bamwe mu basura abagororwa bakabashyira ibintu bitemewe birimo n'ibiyobyabwenge. Ibi bibaye nyuma y'uko iyi migirire igaragariye mu igororero rya Rusizi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka