Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul, yavuze ko nyuma yo gufungurwa mu igororero rya Kigali, yasanze ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rikataje ndetse anakomoza ku byo gukubitirwa mu igororero rya Kigali no kuba yaravuze Mutesi Jolly
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán uhagarariye Ihuriro ry’Imikino y’Iteramakofe ku Isi (WBC), Mauricio Sulaimán, bitabiriye imikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye muri BK Arena.