Amakuru

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zashinje umutwe wa AFC/M23 kubeshya ko wavuye mu mujyi wa Uvira, nyuma yuko utangaje ko wagombaga kuba warangije kuwuvamo bitarenze ku wa kane.
Umuyobozi mukuru w' Inzego z' Umutekano z' u Rwanda (RSF) mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj Gen Vincent Gatama ku wa 20 Ukuboza 2025, yakiriye Brig Gen Tomás Francisco João Mponha, Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Mozambique (FADM), i Mocimboa da Praia.
Ababyeyi b’Intwaza bavuga ko gusangira iminsi mikuru n'abanyamuryango ba Unity club Intwararumuri, bibagaragariza ko bafite igihugu kibakunda kandi kibitayeho ndetse ko bibabera n'umwanya wo kumva batari bonyine, bikanabongerera icyizere cyo kubaho
Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi yagaragaje uburyo amahanga yashatse kongera kubiba amacakubiri mu Banyarwanda ariko agasanga bunze Ubumwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batanu barimo na Prophet Joshua uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga anyanyagiza amafaranga  mu birori bitandukanye
Perezida Kagame akaba na Chairma n w’Umuryango FPR Inkotanyi , yatangaje ko ingamba zafashwe zo kurwanya ruswa zigomba gushyirwamo imbaraga no gukomeza gushyigikirwa
Senateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yatangaje ko yishimiye amakuru avuga ko ingabo za AFC/M23 zavuye mu mujyi wa Uvira, ariko akababazwa no kumva ko izo ngabo zavuyeyo zirimo kugabwaho ibitero
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yibukije abagize urugaga rw’abavoka, ko kumenya neza amategeko bibafasha gutegura neza urubanza, bikabagira abanyamwuga mu gutanga ubutabera

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka