Amakuru

Tariki 10 Kamena 1994: Abacuruzi bategetswe kugura imbunda mu kwihutisha Jenoside

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje impamvu eshatu zituma umubano w’u Rwanda na Congo utazahuka

Mu Rwanda ibiciro ku masoko byiyongereho 12,9% muri Gicurasi 2026

Ibyaranze umunsi wa mbere w’urubanza rw’ubujurire rwa Dr. Eugène Rwamucyo

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye amagambo adafite ishingiro yavuzwe n’Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kamerhe Lwa Kanyingini Vital, mu nama mpuzamahanga ya 6 y’Abavugizi b’Inteko z’Ibihugu, yabereye i Genève, mu Busuwisi, ku wa 30 Nyakanga 2025
Protais Mitali, wabaye Minisitiri mu Rwanda ndetse n’Ambasaderi, yitabye Imana mu Bubiligi aho yari amaze imyaka isaga 10 atuye
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi wa Uganda, Matia Kasaija, umaze kumenyerwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo bwihariye atangamo imbwirwaruhame atera urwenya, ari mu Rwanda mu butumwa bw’akazi
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko Umuganura utagishingiye ku buhinzi n'ubworozi gusa ahubwo wubakiye ku bikorwa by'iterambere ry'Igihugu
Itsinda riturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Sri Lanka ryasuye icyicaro gikuru cya RDF mu rwego rwo kwigira ku rugendo rw’u Rwanda mu kubaka ingabo z’umwuga no guteza imbere igihugu
Abarimu bakorera hirya no hino mu Gihugu bagaragaje ko bishimira intambwe imaze guterwa mu kuzamura agaciro kabo, banakomoza kuri zimwe mu mbogamizi bagihura na zo zirimo kudahembwa amafaranga ahwanye n'impamyabumenyi bafite

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka