Ikigo cy'Igihugu cy'Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n'Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) na Minisiteri ya Siporo byaganiriye ku mushinga wo gushyiraho Laboratwari ipima ikoreshwa ry’imiti yongerera abakinnyi imbaraga.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko impanuka ikomeye y’ikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli yabereye mu Karere ka Kicukiro, ku mugoroba wo ku wa Mbere, yahitanye abantu batanu, abandi icyenda barakomereka
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje gahunda nshya yo gucyura abayobozi bahagarariye igihugu cye mu bihugu bitandukanye by'Isi byiganjemo Afurika, harimo n’u Rwanda
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga