Amakuru

Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Rayon Sports FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w'umunsi wa 33 wa BK Pro League wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi 2026.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama ngarukamwaka ya ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yabereye i Brazzavilles.
Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Alphonse Hitiyaremye, yavuze ko amakimbirane hagati y’ibigo by’imari n’abakiriya babyo, akwiye gukemurwa mu buryo bwihuse, buboneye kandi butanga icyizere ku mpande zose, cyane cyane binyuze mu nzira y’ubuhuza.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Nyange-Muhanga igeze kuri 91.5% ushyirwa mu bikorwa.
Ingufu za Nucléaire zishobora kwifashishwa mu bintu byinshi nko mu gutanga amashanyarazi, mu buvuzi cyane ubw’indwara zikomeye nka kanseri kuko imirasire yazo ariyo yifashishwa mu kuyishiririza, mu bijyanye n’umutekano kuko nko mu byuma bisaka arizo zikoreshwa cyangwa se mu gukora intwaro.
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko bitewe n’ingamba zashyizweho zijyanye no gukumira icyorezo cya Ebola, ibikorwa byose mu Gihugu bikomeje nk’uko bisanzwe, harimo iby’ubukerarugendo, inama, ibirori, ubucuruzi ndetse n’ingendo hirya no hino
Perezida Mobutu Sese Seko wayoboraga Zaire kuri ubu yabaye Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko hagomba kugira agace k’umuzenguruko wa kilometero 20 gakurwamo abasirikare ba RPA mu nkengero z’Ikibuga cy’indege kugira ngo hajye abasirikare ba Loni.