Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yahuriye na mugenzi we wa Tunisia, Mohamed Ali Nafti, i Addis Abeba muri Ethiopia aho bitabiriye Inama ya 48 y’Akanama kayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare 2026, umuhanzi Yvan Muziki yaraye atunguye umukunzi we akaba n'umuhanzikazi Marina Deborah amwambika impeta y'urukundo amusaba kuzamubera umugore.
Minisitiri w'intebe, Dr Nsengiyumva Justin , yageze i Addis Ababa muri Ethiopia , aho yahagararira Perezida Kagame mu nama ya 39 isanzwe y'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda UPDF, General Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko mu mu bihe bya vuba azasura u Rwanda n'Abanyarwanda, agaragaza urukumbuzi n'ubwuzu abafitiye.
Umusore wo mu Mujyi wa Kigali, yatekeye umutwe umukobwa bakundana , amubeshya ko afite aho bazaba nyuma yo gukora ubukwe , bajya kurazwa ku biro by’Akagari ka Rwampara bagifite n’ibirongoranwa byabo.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yatangaje ko mu minsi itanu hafashwe litiro zisaga ibihumbi 17 z’inzoga zitujuje ubuziranenge, ndetse na litiro 89 za Kanyanga, zose zikaba zamenwe