Amakuru

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’ibihugu atari irushanwa, ari inyungu rusange

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Nduhungirehe yasabye urubyiruko kurinda Igihugu abashaka kugisubiza mu icuraburindi

Ambasaderi Moses Rugema yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Nigeria

Ikipe ya Kiyovu Sports yareze umutoza Haringingo Francis wari usanzwe ayitoza, mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, imushinja kutubahiriza amasezerano
Polisi y’u Rwanda iri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we babanaga mu nzu bitemewe n’amategeko [batarasezeranye], agahita atoroka.
Nyuma yo gutaha ku bushake ndetse no guhugurwa amezi atatu, abitandukanyije n’umutwe witwaje intwaro ugizwe n'abasize bakoze Jenoside mu Rwanda wa FDLR, berekeje mu miryango yabo bamwe baherukagamo mu myaka irenga 30 ishize
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NAEB) cyatangaje ko ikibazo abahinzi b’urusenda bagaragaje cy’uko hari umusaruro mwinshi wangirirka mu gihe cyo kurwanika kigiye gukemuka mu gihe cya vuba.
Umujyi wa Kigali wanyomoje amakuru avuga ko bamwe mu bakozi bakora isuku yo ku mihanda muri uyu mujyi badahembwa neza cyangwa bagatinda guhabwa imishahara yabo, bagaragaza ko aba bakozi bahemberwa igihe kandi bakabasha kwiteza imbere
Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo kongera cyane umubare w’inka ziterwa intanga, mu rwego rwo kuzamura umusaruro ukomoka ku bworozi bw’inka no guteza imbere imibereho y’aborozi
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yavuze ko nyuma y’imikino ya FIFA Series yaberaga i Kigali yasize u Rwanda ruyitwayemo neza hari abandi bakunnyi bashya bazahamagarwa bakiyongera ku bandi bahamagawe bwa mbere mu Mavubi.
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwahamije uwari Gitifu w'Umurenge wa Mamba, mu karere ka Gisagara witwa Gatongore James, icyaha cyo gusaba, kwakira cyangwa gutanga indonke, ahanishwa gufungwa imyaka irindwi n'amezi atandatu
Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika izwi mu gutegura amafunguro yihuse azwi nka 'Fast Food', yiganjemo inyama z’inkoko, KFC, yongeye gufungura imiryango nyuma y’iminsi iri mu mavugurura

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka