Amakuru

Perezida Mobutu Sese Seko wayoboraga Zaire kuri ubu yabaye Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko hagomba kugira agace k’umuzenguruko wa kilometero 20 gakurwamo abasirikare ba RPA mu nkengero z’Ikibuga cy’indege kugira ngo hajye abasirikare ba Loni.
Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare (RDRC), Nyirahabineza Valérie, yashimye uruhare rw'abasirikare bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu, rukomeje kuba inkingi y’amahoro n’ituze by’u Rwanda
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA), batanze serivise z'ubuvuzi ku baturage bo muri iki gihugu.
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zambitswe imidari y'ishimwe ku ruhare zagize mu kugarura amahoro muri iki gihugu.
Kuri uyu wa Mbere, inteko rusange y’abadepite yasabye ko ibitekerezo byatanzwe n’Inteko ishinga amategeko ku ngengo y’imari bikwiye kwitabwaho
Mu kagari ka Kajevuba mu murenge wa Ntarabana w'akarere ka Rulindo abantu babiri bagwiriwe n'ikirombe bahasiga ubuzima.
Irari n’urukundo ni amagambo atavugwaho rumwe na benshi ndetse bamwe ntibasobanukirwa niba hari itandukaniro riri hagati y’aya magambo yombi kuko hari abavuga ko ari bimwe mu gihe abandi bahamya ko atandukanye bakavuga ko urukundo nyarwo ntaho ruhurira n’irari.
Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025, hakurikiranywe ibirego birenga 4000 by’abana basambanyijwe.
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Uwimana Consolée yasangije ubuzima bw'ubuhunzi yabayemo atinya gutahuka mu Rwanda, ashimira Inkotanyi zamutabaye ndetse na Perezida w'Igihugu wamugiriye icyizere